Trump yasubitse ibitero yagombaga kugaba kuri Iran
Amakuru mashya ava muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko Perezida Donald Trump yasubitse ibitero bya gisirikare byari biteganyijwe kugabwa kuri Iran, nyuma y’ibiganiro bikomeje hagati y’impande zombi. Ibi byabaye ku wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2026, aho Trump yavuze ko yafashe icyemezo cyo gusubika icyo gitero nyuma y’ubusabe bwatanzwe n’abayobozi bo mu…
