Nyuma yo guhurira i Doha muri Quatar, ubuyobozi bw’inyeshyamba za M23 na Congo (DRC) bwatangaje ko bwemeranyije guhagarika Imirwano bishobora no gutuma bagera ku musozo w’intambara imaze iminsi ibera muri Congo.
Itangazo rihuriweho n’impande zombi rivuga ko ubuyobozi bwa M23 na DRC bwemeranyije guhagarika imirwano aka kanya Kandi bagahaharika n’imvugo z’ubushotoranyi , imvugo z’urwango cyangwa se ni iterabwoba
DRC na M23 bavuze ko biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo bagere ku mahoro arambye byatuma hanabaho irangizwa ry’intambara.
Ibi Ibiganiro byagizwemo urahare na Quatar akaba n’umuhuza w’impande zombi.