Jean Pierre

Seninga Innocent wahagaritwe na Etincelles FC yahakanye ibyo kunywa amayoga

Kuri uyu wa kane, Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwahagaritse by’agateganyo Umutoza Mukuru Seninga Innocent, kubera imyitwarire mibi, aho binavugwa ko yafashe ibisindisha akanava mu mwiherero utegura umukino wa Musanze FC adasabye uruhushya. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 30 Mata 2025, bivugwa ko ari bwo Seninga yafashe ibisindisha bikabije, ntibyarangirira aho ahita asohoka…

Soma inkuru yose

Umutoza Gatera Moussa ntiyemera icyatumye ahagarikwa nyuma yo gutsindwa n’APR FC

Ku wa 28 Mata 2025, ni bwo ubuyobozi bwa Rutsiro FC, bwasohoye Itangazo rivuga ko bwamaze guhagarika umutoza, Gatera Moussa n’umunyezamu, Matumele Monzobo igihe gisigaye ngo shampiyona irangire. Muri iri tangazo, bavuga ko aba bombi bahagaritswe kubera umusaruro nkene wagaragaye ubwo APR FC yatsindaga iyi kipe ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona….

Soma inkuru yose

Rayon Sports yaburijwemo imbere ya Mukura Victory Sport itegekwa gusubira i Huye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatesheje agaciro ubujurire bw’ikipe ya Rayon Sports ryemeza ko igomba gusubira i Huye gukina na Mukura Victory Sport. Nyuma yaho umukino wa kimwe cya kabiri wahuje Rayon Sports na Mukura ku itariki 15 mata wahagaraye ku munota wa 27 utarangiye Kubera ikibazo kibura ry’urumuri kuri Sitade ya Huye, byateje…

Soma inkuru yose

Virgil van Dijk yongeye amasezerano muri Liverpool nyuma ya Mohamed Salah anatanga amagambo meza Ku ikipe

Virgil van Dijk usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Liverpool yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri Liverpool azageza muri 2027. Ikipe ya Liverpool kuri uyu wa Kane yatangaje ko Virgil w’imyaka 33 yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe. Aje akurikiye Mohamed Salah nawe waherukaga kongera amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe, aba bombi amasezerano bari bafite…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yahagaritse abatoza bayo mbere yo kujya i Huye, Ese bafite ubwoba cyangwa ?

Ikipe ya Rayon Sports yitegura gusura Mukura VS mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro, yahagaritse umutoza mukuru Robertinho na Mazimpaka André utoza abanyezamu. Aba bagabo uko ari babiri bahagaritswe hagendewe ku musaruro mucye iyi kipe ifite kuva mu mikino yo kwishyura ya shampiyona aho ku manota 24 amaze gukinirwa mu mikino umunani iheruka, Rayon…

Soma inkuru yose