
Umuvugizi wa M23 yaciye amarenga ku kuba bagiye gufatanya na Kabila
Umutwe wa M23 watangaje ko ubizi ko Joseph Kabil bazi ko yageze i Goma kandi ko ntakibazo babibonamo. Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo wemeje ko Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu yamaze kugera mu mujyi wa Goma, nyuma y’igihe gito avuze ko agiye gusubira mu gihugu binyuze mu…