Fisto Hakizimana

Pi App yavuguruye imikoreshereze yayo yorohereza abashaka kubaka software n’abifuza kuyikoresha mubikorwa by’ikoranabuhanga

Ubu Pi app ishobora gukoresha kubatunze mudasobwa aho yabasha gukora neza nk’uko yakoreshaga muri terefone, ibi bije nyuma y’uko Pi mining app nayoyatangiye gukoreshwa kuri muudasobwa ndetse na nyuma yo kuvugurura Node ikaba yatangira gukoresherezwa no kuri mudasobwa. Ubu Pi app nk’umushinga wa AI yatangije chartbot nayo aho ushobora kuyisaba gukora ibiranga ntego ikabiguha vuba…

Soma inkuru yose

Pi DEX hamwe AMM byinjijwe muri testnet mu gukoresha Pi Token features

Decentralised Exchange (Dex) hamwe na automatique martket maker byamaze kugezwa muri testnet aho pi token zishobora gutangira gukoresha hakorwa igerageza. Ibi byatangajwe na Dr Chengzao watangije umushinga wa Pi network afatanyije na Dr Nikolas kokkalis mu nama yabereye muri Singapore iikaba yarahawe inyito ya Token 2049. gushirwa muri testnet bizafasha abakora imishinga ishingiye ku ikoranabuhanga…

Soma inkuru yose

Dr Chengdio fan wagize uruhare mu gutangiza umushinga wa Pi Network agiye kwitabira inama yiga ku ifaranga koranabuha ( Cryptocurrency) muri Singapore

Umugore wa Dr Nicolas Kokkalis Dr Changdio fan akaba n’umwe mu bafatanyije n’umigabo we mu gutangiza ifaranga koranabuhanga rya Pi network agiye kwitabira inama izabera ku mugabane wa Asia mu gihugu cya Singapore ni inama yahawe inyito ya Token 2049. Nk’uko itangazo ribigaragaza inama ya Token 2049 izaba tariki ya mbere y’ukwezi kwa cumi ikazitabirwa…

Soma inkuru yose

Pi yashize hanze amapiganwa y’imishinga koranabuhanga

Pi hackaton 2025 amapiganwa mashya muri ecosystem ya Pi blockchain aho abakora iyi mining bashobora gutangira gushira pi coin zawe kuri uwo mushinga ibyo bikazaba bimwe mu bigenderwaho bagena umushinga watsinze nubwo ataribyo birebwaho Dore imwe mu mishinga yatangiye aya mapiganwa azaranngira azasoza tariki 15 10 2025 Ubyifuza wese nawe yakomeza amapiganwa akazana imishinga afite…

Soma inkuru yose

Muganga Chantal wareze Minister ko yamubeshye urukundo yatsinzwe anacibwa miliyoni

Muganga Chantal uherutse kurega Dr Nsabimana wabaye minisitire amushinja ko yamubeshye urukundo yatsindiwe mu rukiko rwa Nyarugenge anacibwa miliyoni y’amanyarwanda Mu minsi yashize ku mbuga nkoranyambaga hagarutswe cyane ku kirego cyatanzwe na muganga Chantal aho yamushinjaga ko yamubeshye ko azamugira umugore nyuma akaza kumutenguha ibyateje abantu gucika ururondogoro kuko bwari ubwa mbere bene icyo kirego…

Soma inkuru yose

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ku nshuro ya mbere

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ya 2025 akaba ari ku nshuro ya mbere uyu mufaransa ufite amamoko muri Africa atwaye iki gihembo kiruta ibindi ku is. Kuri uyu wa mbere mu gihugu cy’ubufaransa hatangiwe igihembo cya balloon d’or aho cyegukanywe n’umufaransa Ousmane Dembere ukinira Paris Saint- Germain akaba yari ahanganye na Yamini Yamali…

Soma inkuru yose

Umunya-Suède niwe wegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyiciro cy’Abatarengeje imyaka 23

Ku wa Mbere tariki ya 22 Nzeri 2025, hakomeje isiganwa ry’amagare rya Shampiyona y’Isi ribera i Kigali, aho abasore n’inkumi batarengeje imyaka 23 bari mu kibuga. Mu cyiciro cy’abasore, Jakob Soderqvist ukomoka muri Suède ni we wigaranzuye bagenzi be maze yegukana intsinzi, asoza urugendo rw’ibilometero 31,2 akoresheje iminota 38, amasegonda 24 n’ibinyarushyi 43. Ku mwanya…

Soma inkuru yose

Abakora mining ya Pi bashiriweho uburyo bushya bwa KYC bwihuta

Pi coreteam yatanze iangazo ko hari FAST KYC Truck aho abakora iyi mining batazonera gutegereza inshuro mirongo itatu bakora mining ihoraho Ni nyuma y’uko buri mntu wese byamusabaga gukora mining nibura iminsi mirongo itatu akora ubudasiba kugira yemererwe kubona KYc ( Know your customer), ubu uru rukuta ntirukiriho ukundi kuko Pi Coreteam bashize hanze feature…

Soma inkuru yose

Abasirikare 8 b’u Burundi batorokeye mu Burusiya mbere yo koherezwa kurwana muri RDC

Amakuru aturuka i Moscow avuga ko abasirikare umunani b’u Burundi bari baroherejwe mu myitozo ya gisirikare mu Burusiya, batorotse batinya koherezwa mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi byerekana ko hari benshi mu ngabo z’u Burundi batifuza kurwana muri Kivu y’Amajyaruguru, aho bamwe muri bagenzi babo bamaze gufungwa kubera…

Soma inkuru yose

Abasore batatu bagaragaye mu mashusho bambura umukobwa bakanamukomeretsa batawe muri yombi

Kuri uyu wa gatandatu Polisi y’u Rwanda yerekanye abasore bagera kuri batatu baherutse kugaragara mu mashusho bahohotera umugore, aho wabonaga ko bamutema ndetse banamuryamishije hasi Ni amashusho amaze iminsi ahererekanwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza aba basore bombi bagerageza kwambura umugore maze bagakoresha ingufu aho umwe yagaragaye afite umuhoro ndetse anatema uwo mugore, ni amashusho abantu…

Soma inkuru yose

Umuhanzikazi Gloriose Musabyimana uzwi nka Gogo yitabye Imana

Inkuru ibabaje y’urupfu rwa Gloriose Musabyimana, uzwi cyane ku izina rya Gogo, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Nzeri 2025. Gogo yari umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, akaba yarazamutse cyane mu muziki binyuze mu ndirimbo ye “Blood of Jesus” yakunzwe n’abatari bake. Amakuru aturuka muri Uganda, aho yari…

Soma inkuru yose

Perezida Donald Trump yagaragaje ko yanyuzwe n’umwihariko w’Umuganda mu Rwanda

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yashimishijwe n’igikorwa cy’Umuganda rusange gikorwa mu Rwanda, aho abaturage bafata umunsi umwe mu kwezi bagasohoka bagakora ibikorwa by’isuku n’iterambere rusange Ibi yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, avuga ko yanyuzwe n’iyi gahunda, ndetse agaragaza ko ari urugero rwiza igihugu cye cyakwigiraho….

Soma inkuru yose

Putin yahaye umunyamerika igihembo cy’ishimwe

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye intumwa yihariye ya Donald Trump igihembo cy’ubutwari, cyahawe umuyobozi ukomeye muri CIA ufite umwana wapfiriye arwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara ya Ukraine. Nk’uko bitangazwa na BBC, Putin yahaye Steve Witkoff, intumwa ya Trump, umudali w’ishimwe mu ruzinduko yagiriye i Moscow muri iki cyumweru. Aba bombi bagiranye ibiganiro…

Soma inkuru yose

Umunyarwenya burikantu yarekuwe nyuma y’iminsi micye afunzwe azira abakobwa.

Mwitende Abdoulkarim uzwi nka Burikantu kumbuga nkoranyambaga wari watawe muri yombi azira gufungirana abana b’abakobwa yongeye kurekurwa. Mu minsi ishize ku mbugankoranyambaga hakwirakwijwe amakuru ko umunyarwenya Burikantu yatawe muri yombi, aya makuru yanemejwe n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB. Bivugwako uyu musore yatawe muri yombi azira gukingirana abana b’abakobwa babiri, bivugwa ko aba bakobwa bashwanye na Burikantu bapfa…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yasobanuye impamvu isomo rya mudasobwa ryakuwe mu mashami y’amashuri yisumbuye

Minisitiri w’Uburezi, Bwana Nsengimana Joseph, yatangaje ko mu mavugurura mashya y’imyigire mu mashuri yisumbuye, isomo ryihariye rya mudasobwa (computer science) ryakuwe mu mashami asanzwe ryigagamo, rikazajya ryigishwa mu mashuri abifitiye ubushobozi cyangwa ku babihisemo by’umwihariko. Ibi yabivuze ku wa 20 Nyakanga 2025 mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru”, ubwo yasobanuraga impamvu n’inyigo by’iri vugurura. Yasobanuye ko aho…

Soma inkuru yose

Nyagatare: Umurenge wa Karangazi wasoje umwiherero w’iminsi itatu, aho hahembwe abayobozi besheje imihigo 2024-2025

kuri uyu wa 13 Nyakanga 2025, mu murenge wa Karangazi wo mu karere ka Nyagatare, hasojwe umwiherero w’iminsi itatu wahurije hamwe abayobozi b’inzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa batandukanye, hagamijwe kunoza imikorere no kongera imbaraga mu gukorera hamwe mu guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Uyu mwiherero wasojwe mu buryo bwihariye, aho abayobozi bagaragaje ubwitange n’ubunyamwuga mu nshingano bahawe…

Soma inkuru yose

Perezida wa Botswana Duma Boko yahigiye guhura na Donald Trump

Perezida wa Botswana, Gideon Duma Boko, yatangaje ko afite umugambi wo guhura na Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kugira ngo baganire ku bucuruzi n’imisoro hagati y’ibihugu byombi. Ibi yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru, aho yasobanuye amahirwe igihugu cye gifite mu bijyanye n’ishoramari. Yagarutse ku ruzinduko yagiriye i Washington muri Werurwe 2025, aho…

Soma inkuru yose

Nyagatare barishimira ibikorwa remezo begerejwe

Abatuye mu karere ka Nyagatare bagaragaje ibyishimo ubwo batahaga amavuriro yuzuye ndetse n’utugari twatashwe. Aha ni mu murenge wa Gatunda ahari ivuriro rimaze iminsi micye ryuzuye rikaba ryaratangiye gufasha abatuye muri uyu murenge bamwe mu bo twahasanze bagaragaza akanyamuneza nyuma yo kuba batakigorwa no kubona serivise z’ubuvuzi bitabasabye kujya kwivuriza kure. Uyu yitwa Turamyimana Ellena…

Soma inkuru yose
Umugore wa YAGO

Yago yatangaje ko yababajwe no kuba umugore we yaramutwaye umwana we w’imfura

Umuhanzi nyarwanda Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago yatangaje ko atashimishijwe no kuba umugore we yaramutwaye umwana we w’imfura mu kiganiro yacishije kuri Youtube ye. Nyuma y’uko amakuru amaze iminsi avugwa ko umuhanzi Nyarwaya Innocent hamwe n’umugore we Teta Christa batakiri kumwe, uyu muhanzi yaje kugira icyo abivugaho aho yatangaje ko aya makuru ari ukuri gusa…

Soma inkuru yose