Category: Akazi

Imyanya 9 y’akazi ko gutwara imodoka muri TTL
Itangazo ry’Akazi: Abashoferi 9 TTL Travel Ltd, sosiyete ikodesha imodoka ndetse ikora na Taxis ikorera mu karere ka Nyarugenge, irifuza gukoresha abashoferi icyenda (9) bafite uburambe mu gutwara taxi cab.Ibisabwa: Drivers Icyitonderwa: Abatoranyijwe bazasabwa gutanga amafaranga y’ubwishingizi (caution) mbere yo guhabwa ikinyabiziga azasubizwa nyuma y’igihe runaka cy’akazi karamutse karangiye. Ibisabwa ku Mukandida Ibyiza Byiyongera Uko…

Akazi ka Cashier ko gukora muri SACCO
ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bwa SACCO DUFITUMURAVA MUSHUBATI (SACCODUMU) Koperative yo kuzigama no kugurizanya ihereye mu kare ka RUTSIRO, Umurenge wa MUSHUBATI burifuza gutanga akazi ku mwanya w’umukozi ushinzwe isanduku muri SACCO (Cashier). Uwifuza gupiganira uwo mwanya agomba kuba ari: Ibisabwa kubifuza gupiganira uwo mwanya Dosiye isaba akazi igomba kuba yagejejwe ku kicaro cya SACCO DUFITUMURAVA…

Akazi k’ubushoferi muri Nine United Traders LTD
ITANGAZO KU BASHOFERI BIFUZA GUTWARA IMODOKA ZIKURURA MURI NINE UNITED TRADERS LTD. Ubuyobozi bwa Nine United Traders Ltd buramenyesha abantu bose bifuza akazi ku mwanya w’ubushoferi bw’amakamyo (imodoka zikururana), bafite uruhushya rw’ibinyabiziga Category E, ko bageza ibyangombwa bisaba ako kazi ku kicaro cyayo aho ikorera i Kabuga. Usaba akazi agomba kugaragaza ibyangombwa bigizwe nibi bikurikira:…

Akazi ko kwigisha muri GS ACEPER
GROUPE SCOLAIRE ACEPER B.P. 71 NYAMAGABE Tél.078386401 E-mail:[email protected] ITANGAZO RY’AKAZI. Ubuyobozi bwa G.S. ACEPER ikorera mu karere ka NYAMAGABE, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari imyanya y’akazi ipiganirwa yo kwigisha mu mashuri abanza muri uyu mwaka w’amashuri 2025-2026. Abifuza guhatanira iyo myanya bagomba kugeza ku buyobozi bwishuri ibyangombwa bisabwa cyangwa bakabyohereza kuri…

Habonetse Imyanya 6 y’akazi muri CARITAS Kigali
Cartas Kigali iramenyesha abantu ko yifuza gutanga akazi mu bigonderabuzima n’ibitaro bya Arkidiyosezi ya Kigali ku myanya ikurikira: 1. Umukozi ushinzwe kuboneza urubyaro ku buryo bwa kamere (PFN): Umwanya 1 Abashaka akazi kuri uwo mwanya bagomba kuba bujuje ibi bikurikira. 2. Umubitsi (Cassier[e]): Imyanya 3 Abashaka akazi kuri uwo myanya bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:…

Itangazo ry’akazi ko kwigisha
Ubuyobozi bukuru bw’ishuri Maduc Bright Academy, rikorera mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana buramenyesha abantu bose babifitiye ubushobozi ko hari imyamya yo kwigisha mu mwaka w’amashuri 2025/2026. Hakaba hakenewe: Abasaba akazi bagomba kuba barize muri TTC. Ibyangombwa bisabwa Ibyo byangombwa bizatangira kwakirwa kuva kuwa 21/08/2025 ku cyicaro cy’ishuri mu minsi y’akazi. Umunsi wa nyuma…

Itangazo rireba abifuza akazi
GardaWorld Rwanda Ltd irifuza gutanga akazi ko gucunga umutekano ku bantu bose babyifuza kandi bujuje ibi bikurikira: ABAFUZA AKA KAZI BAZAZANA IBYANGOMBWA BIKURIKIRA IKITONDERWA: Abifuza aka kazi bazazana ibyangombwa aho GARDAWORLD ikorera amahugurwa Kicukiro-Nyanya haruguru y’ikigo bategeramo imodoka. Dukora buri munsi mu minsi y’akazi, guhera saa mbili (8:00 Am) kugeza saa kumi (4:00 Pm) Ku…

Akazi ko kwigisha mu mashuri abanza-Primary schools
KING SALOMON ACADEMYParish Academy, tel: 0781 701213- G.R. BKE-mail: [email protected]. Diocese Byumba“Train a child in the way he should go and when he is old he will not turn from it” Proverbs 22:6 Shaka akandi kazi aha ITANGAZO RIHAMAGARIRA ABANTU IPIGANWA RY’IMYANYA Y’AKAZI KO KWIGISHA MU MASHURI ABANZA Ubuyobozi bw’ishuri rya King Salomon Academy burifuza…

Kwitegura neza ikizamini cy’akazi ni intambwe y’ingenzi ku rubyiruko rushaka gutangira urugendo rwo gukora mu buryo bw’umwuga. Mu gihe witeguye neza bishobora kugufasha kurusha abandi bakandida. Dore inama ngufi zagufasha kuba umunyamwuga uhatanira akazi kandi wizeye neza ibyo ukora: 1. Menya Akazi Wifuza Gusaba Shakisha amakuru ahagije ku kigo cyangwa urwego ushaka gukoramo: Soma ibijyanye…