Umubano wa Muyango Yve na Kimenyi mu marangira

Yisangize abandi

Muyango Claudine na Kimenyi ibyabo bishobora kuba bishitse kumusozo nyuma y’uko ntanumwe ugikurikira undi ku rukuta rwa Instafram.

Inkuru zimaze iminsi zivugwa ko umunyamakuru  Uwase Muyango Claudine yaba atameranye neza n’umugabo we Kimenyi Yve gusa akaba ari ibyakomeje kuvugwa ndetse akaba ari amakuru adafitiwe gihamya cyane ko yaba Muyango cyangwa Kimenyi nta numwe uremeza ibyerekeye aya makuru,

Ibintu byongeye kuzamuka mu matwi y’abantu ubwo aba bombi byongeye kugaragara ko nta numwe ugikurikirana undi ku mbuga zabo za instagram ndetse bakaba bamaze gukuraho amafoto yabo y’ubukwe.

 

Mu minsi yashize byavuzwe cyane ko aba bamaze gutandukana ndetse kandi banagaragaza ko bakuyeho amafoto yabo y’ubukwe gusa byaje guceceka ubwo aba bombi bongeye kugaragara ubona ko bishimanye.


Yisangize abandi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *