Davido yavuze ko azatanga miliyoni ku bafana be.

Share this post

Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido mu muziki wa Africa yatangaje ko agiye gutanga amadolari 1,000$ ku mufana uzatanga igitekerezo ku ndirimbo ye afatanyije n’umuhanzikazi Victoria Monèt mu ndirimbo yitwa Offa me “offer me”.

Abanyijuje muri comment David yanditse ati:
“Thank you guys for all the support on this project, sending 1,000$ to whomever comments the most in the next 5 days”
Tugenekereje mu Kinyarwanda “Mwarakoze kudufasha muri uyu mushinga, ndigutanga, 1,000$ ku mufana uzatanga comment nziza”.

Iyi ndirimbo imaze iminsi 2 gusa igiye hanze, imaze kugira abayirebye ku muyobora wa YouTube basaga ibihumbi 900,000 byabayirebye.

Nababwira iki mugerageze murebe ko amahirwe yabasekera mukegukana aka kayabo kari gutangwa n’umukire Davido.


Share this post

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *