APR FC ntiyatangiye yambara umweru n’umukara: Amavu n’amavuko ya APR FC iri kwizihiza imyaka 32
APR FC ni ikipe y’ubukombe mu Rwanda, aho mu myaka 32 imaze ishinzwe yegukanye Igikombe cya Shampiyona inshuro 23. Mu gihe iri kwizihiza imyaka imaze, IGIHE yaganiriye na Byusa Wilson wamenyekanye nka Rudifu uri mu batangiranye nayo ubwo yashingirwaga ku Mulindi mu Karere ka Gicumbi. Rudifu yavuze ko iyi kipe yashinzwe biturutse ku gitekerezo cya…
