Perezida Kagame yakiriye abajyanama ba Trump mu biganiro byagarutse ku mahoro n’imyemerere
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye itsinda ry’abajyanama bavuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Paula White-Cain, Umujyanama mu Biro by’Umukuru w’Igihugu ushinzwe imyemerere, na Jenny Korn, Umuyobozi muri White House Faith Office akaba n’Umwe mu banyamabanga ba Donald Trump. Ibiganiro byabo byibanze ku mahoro, imyemerere, imiyoborere, ndetse n’ibibazo bihangayikishije akarere n’Isi…
