Perezida Kagame yakiriye abajyanama ba Trump mu biganiro byagarutse ku mahoro n’imyemerere

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye itsinda ry’abajyanama bavuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Paula White-Cain, Umujyanama mu Biro by’Umukuru w’Igihugu ushinzwe imyemerere, na Jenny Korn, Umuyobozi muri White House Faith Office akaba n’Umwe mu banyamabanga ba Donald Trump. Ibiganiro byabo byibanze ku mahoro, imyemerere, imiyoborere, ndetse n’ibibazo bihangayikishije akarere n’Isi…

Soma inkuru yose

Nancy Pelosi agiye gusezera mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika nyuma y’imyaka 35 mu murimo wa politiki

Nancy Pelosi, umwe mu bagore bagize uruhare rukomeye muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko cy’izabukuru nyuma y’imyaka irenga 35 ari Umudepite. Mu butumwa bw’amashusho yasohoye ku wa Kane, Pelosi w’imyaka 85 yavuze ko atarongera kwiyamamaza mu matora yo mu Ugushyingo 2026, ashyira iherezo ku rugendo rwe rurerure muri…

Soma inkuru yose

Miliyari 79 Frw z’ingurane zitarishyurwa: ikibazo gikomeje gufata indi ntera

Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yagaragaje ko ingurane z’abaturage whose imitungo yangijwe mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ya Leta zifite agaciro ka miliyari 79,4 Frw zitarishyurwa kugeza ubu. Iki kibazo cyagiye kigarukwaho kenshi, aho kuva mu 2021 Abadepite basabye inzego zifite imishinga mu nshingano, harimo na Minisitiri w’Intebe, gukemura ikibazo cy’ingurane zidatangwa ku gihe. Ku…

Soma inkuru yose

Amasubyo mu bucuruzi bw’impu mu Rwanda

Ihuriro ry’Abatunganya Ibikomoka ku Mpu mu Rwanda ryatangaje ko iterambere ry’uru rwego rikibangamirwa no kutagira uruganda rutunganya impu imbere mu gihugu, bigatuma abacuruzi bohereza impu zitunganyijwe hanze ku giciro gito, nyuma bakazisubirana zihenze. Kamayirese Jean d’Amour, Umuyobozi w’iri huriro, yavuze ko hakenewe ubufatanye bwa Leta n’abashoramari kugira ngo habeho uruganda rutunganya impu mu Rwanda. Yagize…

Soma inkuru yose

MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yasabye Abanyarwanda kureka imyumvire yo kudakunda kuzigama, ibibutsa ko kwizigamira bidaterwa n’ubwinshi bw’amafaranga ahubwo n’ubushake bwo kwiteza imbere. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Ugushyingo 2025, ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwizigamira cyabereye mu Karere ka Ngoma, cyari cyatangiye ku wa 31 Ukwakira 2025. Imibare ya MINECOFIN yo mu…

Soma inkuru yose

Uwambaye Ubunyarwanda agendana ubudahangarwa mu ngamba zose – Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame, Umuyobozi wa Unity Club Intwararumuri, yavuze ko umuntu urangwa n’Ubunyarwanda agira imbaraga zidashira mu ngamba zose, ashimangira ko gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yagize uruhare rukomeye mu kongera kubaka igihugu kizira amacakubiri. Ubu butumwa bwashyizwe hanze na Unity Club mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu gihe uyu muryango witegura Ihuriro rya…

Soma inkuru yose

Amerika izagabanya indege zigwa ku bibuga mpuzamahanga 40 kubera guhagarara kw’imirimo ya Leta

Minisitiri w’ubwikorezi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Sean Duffy, yatangaje ko indege zigwa ku bibuga mpuzamahanga 40 zizagabanyuka mu gihe imirimo ya Guverinoma ikomeza guhagarara. Ibi bizatangira ku wa 7 Ugushyingo 2025. Duffy yasobanuye ko indege z’imbere mu gihugu zizagabanywaho ku buryo buhoraho: ku wa 7 Ugushyingo ku kigero cya 4%, ku wa 8…

Soma inkuru yose

Philippines yashyizeho ibihe bidasanzwe kubera umuyaga wa Kalmaegi wishe abarenga 100

Perezida wa Philippines, Ferdinand Marcos Jr., yatangaje ibihe bidasanzwe kuva ku wa 6 Ugushyingo 2025, nyuma y’uko umuyaga ukomeye wa Kalmaegi wibasiye igihugu, usiga abantu 114 bishwe n’abandi barenga 120 baburiwe irengero. Uyu muyaga ukaze wibasiraga cyane intara za Cebu na Negros Occidental ku wa 5 Ugushyingo, washegeshe ibikorwa remezo byinshi ndetse uteza imyuzure n’imiyaga…

Soma inkuru yose

U Burusiya bugiye kongera kugerageza intwaro za nucléaire

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko igihugu cye kigiye gusubukura igerageza ry’intwaro za nucléaire, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika na zo ziteganya gukora ibikorwa nk’ibi byo kwiyongerera ubushobozi bwa gisirikare. Putin yavuze ko iki cyemezo kigamije kurinda umutekano w’igihugu, cyane ko ibiganiro biherutse kugamije guhagarika intambara yo muri Ukraine byarangiye nta bwumvikane…

Soma inkuru yose

U Bwongereza: Umugabo yisubije muri gereza nyuma yo kurekurwa ku makosa

Umwongereza William Billy Smith, w’imyaka 35, yongeye kwisubiza muri Gereza ya Wandsworth i Londres nyuma yo kumenya ko yari yarekuwe bibeshyeho n’urukiko rwa Croydon Crown. Smith yari yakatiwe imyaka itatu y’igifungo ku wa 3 Ugushyingo 2025, ariko urukiko rwohereza ubutumwa buvuga ko igihano cyasubitswe, bityo agahita arekurwa. Nyuma yaho gato, urukiko rwaje gusanga rwibeshyeho rwongera…

Soma inkuru yose

Trump yanenze ko Afurika y’Epfo iri mu itsinda rya G20

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama ya G20 iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko “iki gihugu kitagomba no kuba kiri muri iri tsinda ry’ibihugu bikomeye ku Isi.” Mu ijambo yavugiye mu nama ya America Business Forum yabereye i Miami ku wa Gatatu, Trump yavuze ko…

Soma inkuru yose

Hamas yashyikirije Israel umurambo w’Umunya-Tanzania wiciwe mu gitero cya 2023

Israel yatangaje ko yabonye umurambo wa Joshua Loitu Mollel, umusore w’Umunya-Tanzania w’imyaka 21, wishwe mu gitero cya Hamas cyo ku wa 7 Ukwakira 2023. Itangazo ry’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel ryemeje ko nyuma yo gusesengura imirambo, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yamenyesheje umuryango wa Mollel ko umurambo we wagejejwe muri Israel. Ingabo za Israel zavuze ko…

Soma inkuru yose

Mexique: Perezida Sheinbaum agiye kurega umugabo wamukoreye ihohoterwa mu ruhame

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye gushyikiriza inkiko umugabo wamukoreye ihohoterwa mu ruhame, mu rwego rwo kurwanya umuco wo kudahana ibyaha nk’ibi bikorerwa abagore. Ni nyuma y’amashusho yakwirakwijwe ku wa 5 Ugushyingo 2025, agaragaza Uriel Rivera Martínez, w’imyaka 33, amusoma ku ijosi ndetse agerageza kumukorakora ubwo Sheinbaum yari mu bikorwa byo kuganira n’abaturage….

Soma inkuru yose

Kamonyi-Karama: Polisi yafashe abantu 2 bakekwaho gukwirakwiza urumogi

Ku wa 5 Ukwakira 2025, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, ku bufatanye n’abaturage n’inzego z’ibanze, yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge. Aba bagabo bafatanwe udupfunyika 85 tw’urumogi mu Murenge wa Karama, Akagari ka Bitare, Umudugudu wa Kabuga. Abafashwe bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kayenzi mu gihe Ubugenzacyaha bwatangiye iperereza…

Soma inkuru yose

Amerika n’u Burusiya bongera kugirana umwuka mubi: Dore ibiri kuba

Umwuka w’ubushyamirane wongeye kwiyongera hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burusiya nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin atangaje ko igihugu cye cyagerageje intwaro nshya ya nucléaire ku wa 28 Ukwakira 2025. Putin yavuze ko iyo ntwaro ari “nta yindi isa na yo iri ku Isi”, asobanura ko ishobora kuraswa na drone yo mu mazi…

Soma inkuru yose

Mamdani wavukiye muri Uganda yatorewe kuyobora Umujyi wa New York City

Umunyamerika ufite inkomoko muri Uganda, Zohran Kwame Mamdani, ni we watorewe kuyobora Umujyi wa New York City, atsinda abarimo Andrew Cuomo, wahoze ari Guverineri wa Leta ya New York, na Curtis Sliwa wo mu Ishyaka ry’Aba-Républicains riri ku butegetsi. Mamdani, uzwi nk’umusore w’umuyisilamu ufite ibitekerezo bishya muri politiki, yatsinze amatora ku majwi 50,4%, mu gihe…

Soma inkuru yose

Abanya-Ukraine bashinjwe uruhare mu kwiba amakuru y’abarenga 200.000 bo muri Hongrie

Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orbán, yashinje Abanya-Ukraine gufatanya n’Ishyaka Tisza ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu kwiba no gushyira hanze amakuru y’abantu barenga 200.000 bo muri Hongrie. Ayo makuru yashyizwe ku rubuga rwo muri Hongrie rwitwa LeakBase.la mu cyumweru gishize, akaba arimo amazina, nimero za telefone n’andi makuru bwite y’abaturage. Ubuyobozi bwa Hongrie buvuga ko ayo…

Soma inkuru yose

U Bushinwa bwasubitse gahunda yo gucyura Abashinwa batatu bari mu isanzure

Ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe iby’isanzure, CNSA (China National Space Administration), cyatangaje ko cyasubitse gahunda yo kugarura ku Isi Abashinwa batatu bari mu isanzure, nyuma y’uko hagaragaye ibibazo bikekwa ku cyogajuru cyagombaga kubacyura. Aba basanzwe mu isanzure barimo Chen Dong, Chen Zhongrui na Wang Jie, bajyanywe muri Mata 2025 mu rugendo rw’amezi atandatu. Byari biteganyijwe ko…

Soma inkuru yose

Tanzania iragana he nyuma y’uko Suluhu arahiriye mu muhezo

Tanzania, kimwe mu bihugu byigeze gufatwa nk’intangarugero mu bya demokarasi muri Afurika y’Iburasirazuba, iri mu bihe bikomeye nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 29 Ukwakira 2025. Aya matora yavuyemo intsinzi ya Samia Suluhu Hassan, ariko akurikirwa n’imvururu n’imyigaragambyo yatumye igihugu gihindura isura ya politiki. Tanzania ifite abaturage bagera kuri miliyoni 68 n’ubuso bwa kilometero…

Soma inkuru yose

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

Umuhanzi Element, umwe mu bagezweho cyane mu muziki w’u Rwanda, agiye guhurira na Kizz Daniel mu gitaramo gikomeye kizabera muri Suède ku wa 8 Ugushyingo 2025. Iki gitaramo kizaba ari intangiriro y’uruzinduko rw’ibitaramo bya Element muri bimwe mu bihugu by’i Burayi, nk’uko byemezwa n’amakuru ava mu bo bakorana bya hafi. Amakuru yizewe avuga ko uyu…

Soma inkuru yose