Rwanda: Leta y’u Rwanda itanze ikiruhuko k’iminsi 4

Yisangize abandi

Ibinyuhije ku rubuga rwayi rwa X Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yamenyesheje Abanyarwanda ko Yatanze konji mu matariki akurikira:

  • Ku munsi w’ubwigenge uzaba Ku wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025 
  • Ku munsi wo kwibohora uzaba Ku wa Gatanu, tariki ya 4 Nyakanga 2025

Uretse iyi minsi Kandi Minisiteri yongeyeho ko Guverinoma yatanze ikiruhuko rusange ku minsi ikurikira:

  • Ku wa Gatatu, tariki ya 2 Nyakanga 2025
  •  Ku wa Kane, tariki ya 3 Nyakanga 2025

Akazi kazasubukurwa ku wa Mbere, tariki ya 7 Nyakanga 2025.

Serivisi z’ingenzi zizakomeza gutangwa kugira ngo ibikorwa bidahagarara. Iki kiruhuko kishimiwe n’abanyarwanda hafi ya bose.

Soma itangazo kuri X 

 


Yisangize abandi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *