Tag: Akazi
Imyanya 9 y’akazi ko gutwara imodoka muri TTL
Itangazo ry’Akazi: Abashoferi 9 TTL Travel Ltd, sosiyete ikodesha imodoka ndetse ikora na Taxis ikorera mu karere ka Nyarugenge, irifuza gukoresha abashoferi icyenda (9) bafite uburambe mu gutwara taxi cab.Ibisabwa: Drivers Icyitonderwa: Abatoranyijwe bazasabwa gutanga amafaranga y’ubwishingizi (caution) mbere yo guhabwa ikinyabiziga azasubizwa nyuma y’igihe runaka cy’akazi karamutse karangiye. Ibisabwa ku Mukandida Ibyiza Byiyongera Uko…
Akazi ka Cashier ko gukora muri SACCO
ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bwa SACCO DUFITUMURAVA MUSHUBATI (SACCODUMU) Koperative yo kuzigama no kugurizanya ihereye mu kare ka RUTSIRO, Umurenge wa MUSHUBATI burifuza gutanga akazi ku mwanya w’umukozi ushinzwe isanduku muri SACCO (Cashier). Uwifuza gupiganira uwo mwanya agomba kuba ari: Ibisabwa kubifuza gupiganira uwo mwanya Dosiye isaba akazi igomba kuba yagejejwe ku kicaro cya SACCO DUFITUMURAVA…
Akazi ko kwigisha muri GS ACEPER
GROUPE SCOLAIRE ACEPER B.P. 71 NYAMAGABE Tél.078386401 E-mail:[email protected] ITANGAZO RY’AKAZI. Ubuyobozi bwa G.S. ACEPER ikorera mu karere ka NYAMAGABE, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari imyanya y’akazi ipiganirwa yo kwigisha mu mashuri abanza muri uyu mwaka w’amashuri 2025-2026. Abifuza guhatanira iyo myanya bagomba kugeza ku buyobozi bwishuri ibyangombwa bisabwa cyangwa bakabyohereza kuri…
Itangazo rireba abifuza akazi
GardaWorld Rwanda Ltd irifuza gutanga akazi ko gucunga umutekano ku bantu bose babyifuza kandi bujuje ibi bikurikira: ABAFUZA AKA KAZI BAZAZANA IBYANGOMBWA BIKURIKIRA IKITONDERWA: Abifuza aka kazi bazazana ibyangombwa aho GARDAWORLD ikorera amahugurwa Kicukiro-Nyanya haruguru y’ikigo bategeramo imodoka. Dukora buri munsi mu minsi y’akazi, guhera saa mbili (8:00 Am) kugeza saa kumi (4:00 Pm) Ku…
Akazi ko kwigisha mu mashuri abanza-Primary schools
KING SALOMON ACADEMYParish Academy, tel: 0781 701213- G.R. BKE-mail: [email protected]. Diocese Byumba“Train a child in the way he should go and when he is old he will not turn from it” Proverbs 22:6 Shaka akandi kazi aha ITANGAZO RIHAMAGARIRA ABANTU IPIGANWA RY’IMYANYA Y’AKAZI KO KWIGISHA MU MASHURI ABANZA Ubuyobozi bw’ishuri rya King Salomon Academy burifuza…
Habonetse andi mahirwe y’akazi
ITANGAZO RY’AKAZI Ibitaro bya King Faisal, Rwanda –Ikigo cy’indashyikirwa mu gutanga serivisi z’ubuzima, uburezi mu by’ubuvuzi, no mu bushakashatsi.”Ibi ni ibihe bishimishije kuri King Faisal Hospital, Rwanda, kuko turi kwinjira mu cyerekezo gishya cy’iterambere. Ibitaro bikomeje kwaguka kubera kwamamara mu gutanga serivisi z’ubuvuzi zifite ireme Ukongeraho n’abaganga b’inzobere cyane, cyane cyane mu buvuzi n’ibikorwa byo…
Amahirwe y’akazi ku bantu mufite A0 na A2
Intego y’Akazi Gucunga imikorere, isuku n’umutekano w’amacumbi y’ibitaro (Lync-House), hagamijwe gutanga ahantu hatuje, hasukuye kandi hatekanye ku bakozi b’ibitaro, abanyeshuri bari muri sitage (internship ) n’abashyitsi. Inshingano Nyamukuru 1. Gucunga Imikorere y’Amacumbi Gukurikirana ibikorwa bya buri munsi bya Lync-House no kwemeza ko ibikorwaremezo byose bikora neza. Guhuza gahunda zo gutanga ibyumba, kwakira (check-in) no kohereza…
Kwitegura neza ikizamini cy’akazi ni intambwe y’ingenzi ku rubyiruko rushaka gutangira urugendo rwo gukora mu buryo bw’umwuga. Mu gihe witeguye neza bishobora kugufasha kurusha abandi bakandida. Dore inama ngufi zagufasha kuba umunyamwuga uhatanira akazi kandi wizeye neza ibyo ukora: 1. Menya Akazi Wifuza Gusaba Shakisha amakuru ahagije ku kigo cyangwa urwego ushaka gukoramo: Soma ibijyanye…
Amahirwe ku rubyiruko rufite imyaka 18-25
ITANGAZO KU BIFUZA KWINJIRA MU NGABO Z’ U RWANDA Ubuyobozi b’ukuru bw’ Ingabo z’u Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’abasirikare bato n’urw’abagize Umutwe w’Inkeragutabara ko kwiyandikisha ku turere no ku mirenge bizatangira tariki ya 21 Kamena kugeza tariki ya 20 Nyakanga 2025. Abatazabona umwanya wo kwiyandisha ntibyababuza kuza…
