
Musanze: Umusaza yituye mu cyobo bacukuramo umucanga arapfa
Sebaganda Denis w’imyaka 60 wari utuye mu Mudugudu wa Kirerema, Akagari Rwambogo, Umurenge Musanze, Akarere ka Musanze, yaguye mu cyobo bacukuramo umucanga ahagana saa tanu n’igice z’ijoro ryo ku wa 19 Gicurasi 2025 ahita yitaba Imana. Uwo musaza yaguye muri icyo cyobo asubiye mu isanteri kuko hari ibyo yari yibagiwe agiye kubishaka ku isanteri y’ubucuruzi….