Devoz Divin

Akazi ko gutwara imodoka

Imyanya 9 y’akazi ko gutwara imodoka muri TTL

Itangazo ry’Akazi: Abashoferi 9  TTL Travel Ltd, sosiyete ikodesha imodoka ndetse ikora na Taxis ikorera mu karere ka Nyarugenge, irifuza gukoresha abashoferi icyenda (9) bafite uburambe mu gutwara taxi cab.Ibisabwa: Drivers Icyitonderwa: Abatoranyijwe bazasabwa gutanga amafaranga y’ubwishingizi (caution) mbere yo guhabwa ikinyabiziga azasubizwa nyuma y’igihe runaka cy’akazi karamutse karangiye. Ibisabwa ku Mukandida  Ibyiza Byiyongera  Uko…

Soma inkuru yose
Kwiga kuri buruse UR na HEC

TANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MURI UR NA RP-BACHELOR OF TECHNOLOGY

ITANGAZO RIBERA ABIFUZA GUSABA INGUZANYO YO KWIGA MU ISHURI RIKURU RY’IGISHA UBUMENYINGIRO N’IKORANABUHANGA (RWANDA POLYTECHNIC – BACHELOR OF TECHNOLOGY) NO MURI KAMINUZA Y’URWANDA (UNIVERSITY OF RWANDA) MU MWAKA W’AMASHURI 2025. Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amashuri makuru mu Rwanda (Higher Education Council) buramenyesha abanyeshuri bemerewe kwiga mu ishuri rikuru ry’igisha ubumenyi n’ikoranabuhanga (Rwanda Polytechnic-Bachelor of Technology) no…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi ka Cashier ko gukora muri SACCO

ITANGAZO RY’AKAZI Ubuyobozi bwa SACCO DUFITUMURAVA MUSHUBATI (SACCODUMU) Koperative yo kuzigama no kugurizanya ihereye mu kare ka RUTSIRO, Umurenge wa MUSHUBATI burifuza gutanga akazi ku mwanya w’umukozi ushinzwe isanduku muri SACCO (Cashier). Uwifuza gupiganira uwo mwanya agomba kuba ari: Ibisabwa kubifuza gupiganira uwo mwanya Dosiye isaba akazi igomba kuba yagejejwe ku kicaro cya SACCO DUFITUMURAVA…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi k’ubushoferi muri Nine United Traders LTD

ITANGAZO KU BASHOFERI BIFUZA GUTWARA IMODOKA ZIKURURA MURI NINE UNITED TRADERS LTD. Ubuyobozi bwa Nine United Traders Ltd buramenyesha abantu bose bifuza akazi ku mwanya w’ubushoferi bw’amakamyo (imodoka zikururana), bafite uruhushya rw’ibinyabiziga Category E, ko bageza ibyangombwa bisaba ako kazi ku kicaro cyayo aho ikorera i Kabuga. Usaba akazi agomba kugaragaza ibyangombwa bigizwe nibi bikurikira:…

Soma inkuru yose
Amahirwe yo kwiga imyuga ku buntu

Amahirwe yo kwiga imyuga ku buntu

SAINT PHILIP TECHNICAL SECONDARY SCHOOL Email: [email protected] Tel: (+250)788565100 P.O. Box 1692, Kigali, Rwanda KK33Av “Come to learn and go to serve” ITANGAZO RIGENEWE ABIFUZA KWIGA UMWUGA W’UBUTETSI (CULINARY ARTS) MU GIHE GITO MU ISHURI RYA SAINT PHILIP TSS Ubuyobozi bw’ishuri ryisumbuye rya SAINT PHILIP TSS rikoreka muri Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Karugira…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Akazi ko kwigisha muri GS ACEPER

GROUPE SCOLAIRE ACEPER B.P. 71 NYAMAGABE Tél.078386401 E-mail:[email protected] ITANGAZO RY’AKAZI. Ubuyobozi bwa G.S. ACEPER ikorera mu karere ka NYAMAGABE, buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko hari imyanya y’akazi ipiganirwa yo kwigisha mu mashuri abanza muri uyu mwaka w’amashuri 2025-2026. Abifuza guhatanira iyo myanya bagomba kugeza ku buyobozi bwishuri ibyangombwa bisabwa cyangwa bakabyohereza kuri…

Soma inkuru yose
Nyamasheke

Nyamasheke: Abakobwa baravugwaho gushukisha amafaranga abagabo bubatse

Mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Bushekeri, abakobwa baravugwaho gushukisha amafaranga abagabo bafite ingo, maze bagatoteza abagore babo. Aba bagore bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagabo babo bitewe n’abagore ndetse n’abakobwa babarusha amafaranga bashukisha abagabo babo, bagatuma babakubita bagamije ko barambirwa, bakahukana maze izo ngo zigatahamo abo bakobwa. Ibi kandi biteza amakimbirane hagati y’abakazana…

Soma inkuru yose
Umutingito muri Afghanistan

Abarenga 1,400 barapfuye, Nta mugore wari wemerewe kuvurwa n’umugabo!

Umutingito ukomeye wibasiye igihugu cya Afghanistan wasize abarenga 1,400 bitabye Imana n’aho abasaga 3,124 barakomereka nk’uko byatangajwe na leta y’Abatalibani. Ku Cyumweru, nibwo umutingito wo kugipimo cya 6 watangiriye mu ntara ya Kunar ugakomereza mu ntara ya Nangarhar na Laghman biherereye muri Afghanistan. Ni umwe mu mitingito wishe abantu benshi muri iki gihugu cya Afghanistan…

Soma inkuru yose
GUHEKENYA SHIKARETE

UBUSHAKASHATSI BWAGARAGAJE IBYIZA BYO KURYA SHIKARETE

Guhekenya shikarete ni umuco umaze kwamamara cyane, inzobere mu buzima zivuga ko uyu muco wo guhekenya shikarete ari mwiza kubera ko bigabanya impumuro mbi mu kanwa. Nubwo bimeze bityo ariko hari abantu batishimira uyu muco wo guhekenya shikarete akaba ariyo mpamvu ikigo cya Nutrients cyakoreye ubushakashatsi bwacyo ku bantu batanduakanye. Ubu bushakashatsi bwagaragazaga ibyiza ndetse…

Soma inkuru yose
Hinton Godfather of AI

Hinton watangije AI yaburiye Isi kubera ibyango bigiye guterwa na AI

Ku myaka 77, Geoffrey Hinton ufatwa nk’umuhanuzi mu ikoranabunga, akaba aherutse no gutsindira igihembo cya Nobel yatangaje ko ubwengebukorano (AI) buzateza ibyago mu Isi ntibutagenzurwa. Uyu mugabo wahawe akazina ka se wa batisimu w’ubwengebukorano (Godfather of AI) azwi nk’umwe mubatangije deep learning ndetse na neural network, ibi bikaba aribyo byashingiweho mu ikorwa rya AI imaze…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Itangazo ry’akazi ko kwigisha

Ubuyobozi bukuru bw’ishuri Maduc Bright Academy, rikorera mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana buramenyesha abantu bose babifitiye ubushobozi ko hari imyamya yo kwigisha mu mwaka w’amashuri 2025/2026. Hakaba hakenewe: Abasaba akazi bagomba kuba barize muri TTC. Ibyangombwa bisabwa Ibyo byangombwa bizatangira kwakirwa kuva kuwa 21/08/2025 ku cyicaro cy’ishuri mu minsi y’akazi. Umunsi wa nyuma…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Itangazo rireba abifuza akazi

GardaWorld Rwanda Ltd irifuza gutanga akazi ko gucunga umutekano ku bantu bose babyifuza kandi bujuje ibi bikurikira: ABAFUZA AKA KAZI BAZAZANA IBYANGOMBWA BIKURIKIRA IKITONDERWA: Abifuza aka kazi bazazana ibyangombwa aho GARDAWORLD ikorera amahugurwa Kicukiro-Nyanya haruguru y’ikigo bategeramo imodoka. Dukora buri munsi mu minsi y’akazi, guhera saa mbili (8:00 Am) kugeza saa kumi (4:00 Pm) Ku…

Soma inkuru yose
Gukorera Provizwali

Iga Amategeko y’umuhanda

Kwiga ibyapa 2. Iki cyapa cyivuga iki? 3. Icyapa gikurikira kivuze iki? 4. Inzira nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri, uruhande rw’ibumoso rudufasha iki ? 5. Iki cyapa gisobanura iki ? 6. Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe shusho? 7. Ni kihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga gifite moteri cyemerewe kuhanyura? 8. Iki cyapa gisobanura iki ? 9. Imbere…

Soma inkuru yose
Ibibwana

Muri Congo abantu bafatanywe ibibwana by’intare bigiye kubakoraho

Abantu batandatu batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibyana bitatu by’intare ubwo bari mu muhanda wa Kasenga mu bilometero bicye uvuye i Lubumbashi mu Ntara ya Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bantu batandatu bafashwe mu cyumweru gishize tariki 08 Kanama 2025, boherejwe ku biro by’Ubushinjacyaha bw’Urukiko rwisumbuye rwa Lubumbashi kugira ngo basobanure…

Soma inkuru yose
Indangamuntu

Icyumweru cy’irangamimerere gikemura byinshi ku mwirondoro w’umuntu

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, haratangira icyumweru cyahariwe irangamimerere, aho ibibazo bijyanye na serivisi zaryo, zifasha kuba ku gihe ku bijyanye n’irangamimerere. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ishishikariza abaturarwanda kwitegura, bakagana inzego bireba kugira ngo, amakuru yabo abe yuzuye kandi ajyanye n’igihe, cyane cyane muri iki gihe ikoranabuhanga rikataje mu nzego zitandukanye z’ubuzima…

Soma inkuru yose
Tyla

Tyla yahishuye ko indirimbo water yamuzaniye ibibi byari bigiye gutuma areka umuziki

Tyla uri mu bahanziakazi bagezweho ku mugabane w’Afurika, yavuze ko indirimbo ye “Water” yatumye yegukana igihembo cya Grammy ariko yanamuzaniye ibicantege byinshi. Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Tyla yavuze ko nubwo indirimbo “Water” yatumye yegukana igihembo cya Grammy yari igeye gutuma areka umuziki burundu. Amaze kwegukana Grammy mu kiciro cya “Best African Music Performance” mu…

Soma inkuru yose