Israel Mbonyi akomeje ibitaramo bye mu Burayi, agiye gutaramira mu Budage

Nyuma yo gushimisha abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Bubiligi, umuhanzi Israel Mbonyi yakomeje urugendo rwe rw’ibitaramo aho yamaze kugera mu gihugu cy’u Budage. Yageze muri icyo gihugu ku mugoroba wo ku wa 18 Kamena 2026, aho yari aherekejwe n’itsinda rye ry’abacuranzi n’abaririmbyi bamufasha mu bitaramo bitandukanye akomeje gukorera ku mugabane w’u Burayi….

Soma inkuru yose

Rayon Sports ishobora kubuzwa gukina CAF Confederation Cup kubera amadeni ya Daffé na Lotfi

Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko iyi kipe yamenyeshejwe n’Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) ko itemerewe gukina irushanwa rya CAF Confederation Cup mu gihe itarishyura amafaranga ibereyemo uwahoze ari umukinnyi wayo Souleymane Daffé ndetse n’uwahoze ari umutoza wayo Afahmia Lotfi. Kuva muri Werurwe 2026, Rayon Sports iri ku rutonde rw’amakipe yabujijwe kwandikisha…

Soma inkuru yose

Ikoranabuhanga ry’Abashinwa ryigaruriye Igikombe cy’Isi.

Ikipe y’u Bushinwa ishobora kuba itabonetse mu Gikombe cy’Isi cya 2026, ariko igihugu cyayo kiri kugaragara cyane binyuze mu bigo by’ikoranabuhanga byabaye abafatanyabikorwa b’ingenzi b’iri rushanwa, bikomeje kwerekana imbaraga zabyo ku rwego mpuzamahanga. Nubwo Ikipe y’Igihugu y’u Bushinwa itari mu Gikombe cy’Isi cya 2026, ikoranabuhanga n’ibicuruzwa by’icyo gihugu byo biri mu bikomeje kugaragara cyane muri…

Soma inkuru yose

Bebe Cool yemeye guhindura imvugo ku kibazo cya Miss Jolly nyuma y’inama ya Gen. Muhoozi.

Gen Muhoozi Kainerugaba yasabye Bebe Cool guhagarika amagambo n’ibikorwa bimushinja guharabika Miss Mutesi Jolly, amakimbirane bari bamazemo iminsi ku mbuga nkoranyambaga. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa X kuri uyu wa Kane, umuhanzi Bebe Cool yatangaje ko yakiriye telefoni ya Gen Muhoozi Kainerugaba, amusaba guhagarika gukomeza guharabika Mutesi Jolly ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo ikibazo…

Soma inkuru yose

Impaka ku kudahanwa kwa Messi zakomeje kuvugisha benshi

Abafana benshi b’umupira w’amaguru ku isi bakomeje kuganira ku cyemezo cya FIFA n’abasifuzi nyuma y’uko kapiteni Lionel Messi adahanwe ku ikosa ryavuzwe ko yakoreye myugariro wa Algeria, Aïssa Mandi, mu mukino Argentina yatsinzemo ibitego 3-0. Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Messi akandagira Mandi inyuma ku kaguru mu gihe cy’umukino. Nubwo icyo gikorwa cyateje impaka,…

Soma inkuru yose

Bebe Cool akomeje gushinja Mutesi Jolly ubutubuzi, asaba ko hakorwa iperereza

Bebe Cool yashyize hanze ubutumwa avuga ko yagiranye n’uwo yaterezaga ko ari Mutesi Jolly Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Bebe Cool, yakomeje kuvuga ku kibazo cy’umuntu avuga ko yamutuburiye yiyita Mutesi Jolly, ndetse asaba inzego zibishinzwe gukora iperereza kuri iki kibazo. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Bebe Cool yavuze ko ibyabaye byatangiye muri Mutarama…

Soma inkuru yose

Nyuma yo Gutoranywa na Apple Music, Element EleéeH Agiye Gutaramira Abakunzi Be Muri Amerika

Umuhanzi nyarwanda akaba n’umutunganya w’indirimbo, Mugisha Robinson wamamaye nka Element EleéeH, agiye gutangira urugendo rw’ibitaramo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), mu gikorwa gitegerejweho kumwegereza abakunzi be batuye muri diaspora no gukomeza guteza imbere umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Uru rugendo rwiswe “USA Tour”, ruzaba mu mezi y’Ugushyingo n’Ukuboza 2026, aho Element EleéeH azataramira…

Soma inkuru yose

AC Millan yatangaje Roben Amorim nk’umutoza wayo mushya.

Ikipe ya AC Milan yatangaje ku mugaragaro ko yagize Ruben Amorim umutoza wayo mushya, asimbura Massimiliano Allegri wirukanwe nyuma y’umusaruro mubi yagize mu mwaka w’imikino ushize 2025-2026. Amorim w’imyaka 41 y’amavuko, ukomoka muri Portugal, yahawe inshingano zo kongera kubaka AC Milan nyuma y’uko iyi kipe isoje ku mwanya wa gatanu muri Shampiyona y’u Butaliyani (Serie A), bityo ikabura itike yo gukina…

Soma inkuru yose

Inkuru Itunguranye: Kevin Kade Ntazagaragara muri MTN Iwacu Muzika Festival 2026

Abakunzi b’umuziki nyarwanda bari biteze kubona umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade mu bitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026, babonye inkuru itunguranye nyuma y’uko hatangajwe ko atazitabira iri serukiramuco kubera ibibazo by’ubuzima. Aya makuru yashyizwe ahagaragara ku wa 15 Kamena 2026 binyuze mu itangazo ryasohowe n’inzu ireberera inyungu z’uyu muhanzi, YEEBAA Music. Iri…

Soma inkuru yose

Yari afite abamukurikira ibihumbi 50 gusa! Uko amarira ya Vozinha yahise amuhindura icyamamare ku isi mu ijoro rimwe

Umuzamu wa Cape Verde wabaye intwari y’umukino wahuje igihugu cye na Espagne Mu ijoro ryabaye amateka kuri Cape Verde, umunyezamu wayo w’inararibonye, Vozinha, yigaruriye imitima y’abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi yose nyuma yo gufasha ikipe ye kunganya ubusa ku busa (0-0) na Spain mu mukino wa mbere wa Cape Verde mu Gikombe cy’Isi cya 2026….

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas batangaje ko batandukanye na MIE nyuma y’imyaka itanu y’ubufatanye

Vestine na Dorcas batangaje ko batandukanye na MIE nyuma y’imyaka itanu y’ubufatanye.Abahanzi bakomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bahisemo gukomeza urugendo rwabo bigenga. Itsinda ry’abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rigizwe na Vestine Ishimwe na Kamikazi Dorcas ryatangaje ku mugaragaro ko rihagaritse imikoranire ryari rifitanye na M. Irene Entertainment (MIE), sosiyete iyobowe…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben basabye abafana gushyigikira ubumwe mu muziki nyarwanda

Abahanzi bakomeye mu Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, basabye abakunzi b’umuziki gushyigikira ubumwe n’imikoranire hagati y’abahanzi, mu gihe bitegura gutangira ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe “Summer Country Tour”. Ibi babigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Camp Kigali, aho bagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo amarushanwa hagati y’abahanzi abe ayubaka uruganda rw’umuziki aho kuba ayarusenya. The…

Soma inkuru yose

The Ben yateguje indirimbo nshya ‘Inshallah’ mbere ya Summer Country Tour

Umuhanzi nyarwanda The Ben yatangaje ko mu cyumweru gitaha azashyira hanze indirimbo nshya yise “Inshallah”, mu rwego rwo gutegura abakunzi b’umuziki we mbere y’uruhererekane rw’ibitaramo bya Summer Country Tour 2026 azahuriramo na Bruce Melodie. Iyi ndirimbo nshya izaba ari imwe mu mishinga mishya The Ben agejeje ku bakunzi be muri uyu mwaka wa 2026, nyuma…

Soma inkuru yose
Andoni Iraola

Andoni Iraola Yagizwe Umutoza Mushya wa Liverpool Asimbuye Arne Slot

Ikipe ya Liverpool FC yatangaje ku mugaragaro ko Umunya-Espagne Andoni Iraola ari we wahawe inshingano zo kuyibera umutoza mukuru, asimbuye Arne Slot baherutse gutandukana. Urugendo rwa Arne Slot n’Ibibazo Ikipe Yagize Nubwo Arne Slot yari yayihesheje icyubahiro ahesha Liverpool igikombe cya Premier League mu mwaka we wa mbere asimbuye Jürgen Klopp, umwaka w’imikino wa 2025-2026…

Soma inkuru yose

Abakinnyi bavukana bazahurira mu Gikombe cy’Isi cya 2026.

Mu Gikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexico na Canada, kizatangira tariki 11, Kamena kugeza 19 Nyakanga 2026, hari abakinnyi bavukana bose bazahagararira ibihugu byabo ari na ko bahurira muri iri rushanwa rikomeye nk’abavandimwe. Uretse kuba ari intwari z’amakipe yabo, bazaba banahagarariye imiryango yabo ku rwego rw’Isi.  Muri abo harimo…

Soma inkuru yose

Amavubi akomereje imyiteguro muri Misiri nyuma y’ihagarikwa ry’imikino ya gicuti yari kubera muri Maroc

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yakomereje umwiherero wayo i Cairo mu Misiri nyuma y’uko imikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga yari iteganyijwe kubera muri Maroc ihagaritswe ku mpamvu z’umutekano n’iz’ubuzima. Amavubi yari yateganyijwe gukina n’Ikipe y’Igihugu ya Comores ku wa 6 Kamena 2026 ndetse na Tanzania ku wa 9 Kamena 2026, mu mikino yari kubera mu…

Soma inkuru yose

Andoni Iraola mu biganiro bya nyuma na Liverpool.

Ikipe ya Liverpool FC yatangiye ibiganiro n’umunya- Espagne Andoni Iraola wahoze atoza Bournemouth, mu rugendo rwo gushaka umusimbura wa Arne Slot uherutse gutandukana n’iyi kipe ikinira kuri sitade ya Anfield road.  Aya makuru yatangiye gukwirakwira kuri uyu wa Kabiri agaragaza ko Iraola ari mu bahabwa amahirwe menshi yo guhabwa aka kazi agasimbure Arne Slot watwsye…

Soma inkuru yose

Yampano yisobanuye ku byaha aregwa, Ubushinjacyaha busaba ko afungwa iminsi 30

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa 2 Kamena 2026, aho yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo nyuma yo gukurikiranwaho ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’amakimbirane yo mu rugo. Mu iburanisha ryamaze amasaha menshi, Ubushinjacyaha bwagaragaje ko hari impamvu zikomeye zituma Yampano akekwaho ibyaha bitandatu birimo gukubita no gukomeretsa…

Soma inkuru yose

Intsinzi ya PSG muri Champions League yakurikiwe n’imvururu zikomeye i Paris

Mu mujyi wa Paris waraye uranzwe n’akaduruvayo gakomeye nyuma y’uko ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yegukanye igikombe cya UEFA Champions League itsinze Arsenal ku mukino wa nyuma mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Gicuransi 2026. Mu gihe ibihumbi by’abafana byari byuzuye mu mihanda byishimira iyo ntsinzi y’amateka, bamwe muri bo baje kwisanga mu bikorwa…

Soma inkuru yose

Igipfunsi kivuza ubuhuha mu mikino ya UBC cyasize Abanyarwanda batsinze Abanya-Uganda

Abakinnyi b’Abanyarwanda bitwaye neza mu mikino y’iteramakofe ya Universe Boxing Championship (UBC), batsinda Abanya-Uganda mu mikino y’ababigize umwuga. Ni imikino yakinwe mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu, tariki ya 29 Gicurasi 2026, ibera muri Kigali Universe yitabirwa n’abakinnyi bo mu makipe yo mu Rwanda ndetse n’abo muri Uganda. Imikino y’abatarabigize umwuga…

Soma inkuru yose

Teng Teng yasabye gusubizwa imbuga nkoranyambaga ze nyuma yo gutandukana na ‘manager’ we

Umwana w’umunyarwenya akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Teng Teng, ari kumwe n’umuryango we, batangaje ko bafite impungenge zikomeye nyuma y’uko bavuga ko uwari ushinzwe kureberera inyungu ze, Michael, yigaruriye imbuga nkoranyambaga z’uyu mwana ndetse akamwambura ububasha bwo kuzigenzura. Mu byo batangaje, bavuga ko izo mbuga zafunguwe mu mazina ya Teng Teng kandi zikaba zarubatswe hashingiwe…

Soma inkuru yose

Benzoo yavuze ko yiteguye guha Abanyarwandakazi n’Abanyarwanda ibirori bitazibagirana

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Epfo mu njyana ya Amapiano, Benzoo, yavuze ko yiteguye gutanga igitaramo cyihariye mu Rwanda ubwo azaba yitabiriye iserukiramuco rya Ivy Summer Fest riteganyijwe kubera mu Karere ka Rubavu. Uyu muhanzi uri mu bagezweho muri Afurika y’Epfo no mu bindi bihugu bya Afurika, azataramira bwa mbere mu Rwanda ku wa 4 Nyakanga…

Soma inkuru yose

Miss Rwanda 2020, Nishimwe Naomi n’umugabo we bakomeje kunezererwa i Bali

Nyampinga w’u Rwanda 2020, Nishimwe Naomi hamwe n’umugabo we Michael Tesfay bakomeje kuryoherwa n’urugendo rwabo rw’ubukerarugendo ku Kirwa cya Bali, kimwe mu bice bikurura ba mukerarugendo benshi ku Isi. Aba bombi bamaze iminsi basangiza abakunzi babo amafoto n’amashusho binyuze ku mbuga nkoranyambaga, bagaragaza uburyo bakomeje kunezezwa n’ubwiza bw’iki kirwa kizwiho imico gakondo, inyanja nziza ndetse…

Soma inkuru yose

DIVISION ya 4 ikomeje kwitwara neza mu Irushanwa rya Liberation Cup

Mu mikino ihuza Ingabo z’u Rwanda mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cyo Kwibohora “Liberation Cup”, ikipe ya DIVISION ya 4 ikomeje kwitwara neza nyuma yo gutsinda DIVISION ya 1 mu mikino ibiri itandukanye ya volleyball ndetse n’umupira w’amaguru, ari nabyo byayihesheje intsinzi y’ingenzi mu itsinda B. Volleyball: Intsinzi y’amaseti 3-0 Umukino wa volleyball wabereye muri…

Soma inkuru yose

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasohoye indirimbo nshya yise ‘Abanzi’

Umunyamakuru ndetse n’umuhanzi nyarwanda Ndahiro Valens Papy yashyize hanze indirimbo nshya yise “Abanzi”, igaruka ku rugamba abantu bafite impano banyuramo, cyane cyane igihe bahura n’ababaca intege cyangwa abafite inyungu zo kubazimya. Iyi ndirimbo yasohotse ku wa 23 Gicurasi 2026, ikaba iri mu zigaragaza amarangamutima ndetse n’ubuzima bwite bw’uyu munyamakuru umaze igihe azwi mu itangazamakuru nyarwanda,…

Soma inkuru yose

Udushya tuzaranga igikombe cy’isi cya 2026.

Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico gitegerejwemo udushya ugereranyije n’ibindi bikombe byabanje, aho FIFA iri gutegura udushya twinshi tugamije kongera imyidagaduro, ikoranabuhanga no kurinda abakinnyi. Kimwe mu bikomeje kuvugisha benshi n’igitaramo (halftime show) kizaba ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere, mu buryo busa n’ubukoreshwa muri muri NFL….

Soma inkuru yose

Chris Brown yahawe impamyabumenyi y’icyubahiro na Harvest Christian University

Umuhanzi w’icyamamare muri muzika ya R&B, Chris Brown, yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro (Honorary PhD) na Harvest Christian University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera uruhare rwe rukomeye mu guteza imbere umuziki n’ubugeni ku rwego mpuzamahanga. Iyi mpamyabumenyi yahawe Chris Brown ku wa 23 Gicurasi 2026, mu birori byitabiriwe n’abanyeshuri barangije amasomo atandukanye muri…

Soma inkuru yose

Ibanga ryatumye Arsenal yongera kwegukana igikombe cya Premier League nyuma y’imyaka 22

Nyuma y’imyaka 22 yose itegereje, Arsenal yongeye kugaruka ku ntebe y’icyubahiro y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, yegukana igikombe cya shampiyona ya Premier League. Iyi ntsinzi yabaye nyuma y’uko Manchester City inganyije na Bournemouth igitego 1-1, bituma Arsenal ihita iba iya mbere yegukana igikombe mbere y’umunsi wa nyuma wa shampiyona. Uyu mwaka wabaye udasanzwe kuri Mikel Arteta,…

Soma inkuru yose

Israel Mbonyi ategerejwe mu bitaramo bikomeye i Burayi no muri Afurika y’Iburasirazuba

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, agiye gutangira uruhererekane rw’ibitaramo bizenguruka ibihugu bitandukanye byo ku Mugabane w’u Burayi mbere yo gukomereza ibikorwa bye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Uyu muhanzi ukunzwe na benshi ategerejwe muri Belgium ku wa 13 Kamena 2026, aho azataramira abakunzi be mu gitaramo kizabera muri Hotel Dolce La…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yashimye Arsenal nyuma yo kwegukana Premier League

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye ikipe ya Arsenal F.C. nyuma yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Arsenal yegukanye iki gikombe ku wa 19 Gicurasi 2026, nyuma y’uko Manchester City F.C. inganyije na AFC Bournemouth igitego kimwe kuri kimwe, ibintu byahise biha Arsenal amahirwe yo kwisubiza igikombe yari imaze imyaka…

Soma inkuru yose

José Mourinho agiye gusubira muri Real Madrid.

Umunya-Portugal José Mourinho ari mu batoza bafite ibigwi byinshi ku Isi, ari kuvugwa cyane mu itangazamakuru ryo ku mugabane w’u Burayi ko ashobora gusubira gutoza ikipe ya Real Madrid nyuma y’imyaka 13 ayivuyemo. Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye birimo Sky Sports na Reuters avuga ko ubuyobozi bwa Real Madrid buri mu biganiro bya nyuma n’uyu mutoza…

Soma inkuru yose

Yampano yatawe muri yombi nyuma y’ibirego bikomeye by’ihohoterwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwataye muri yombi Uworizagwira Florien uzwi mu muziki nka Yampano, ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gukubita no gukomeretsa ku bushake, gukoresha ibikangisho ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, wavuze ko uyu muhanzi yafashwe ku wa 16 Gicurasi 2026 nyuma y’igihe ashakishwa n’inzego…

Soma inkuru yose

Bulgaria Yegukanye Eurovision 2026 Mu Irushanwa Ryabayemo Impaka za Politiki

Dara Yahesheje Bulgaria Intsinzi y’Amateka Mu irushanwa rya Eurovision 2026 ryabereye i Vienna muri Austria, igihugu cya Bulgaria cyanditse amateka nyuma yo kwegukana iri rushanwa ku nshuro ya mbere binyuze ku muhanzikazi Dara waririmbye indirimbo “Bangaranga” yakunzwe cyane n’abagize akanama nkemurampaka ndetse n’abatoye ku ruhande rw’abafana. Uyu muhanzikazi w’imyaka 27 y’amavuko yigaragaje ku rubyiniro akoresheje…

Soma inkuru yose

Inkindi Aisha yavuze ukuri ku mubano we na M. Iréné nyuma y’itangazwa ry’ubukwe bwe

Mu gihe hari hashize imyaka myinshi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko Inkindi Aisha akundana na Murindahabi Iréné uzwi nka M. Iréné, uyu mukobwa yavuze ko nta rukundo rwigeze rubahuza ahubwo ko ari inshuti zisanzwe.Ibi bije nyuma y’uko M. Iréné atangaje ko ari mu myiteguro y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane, buzaba ku wa 15…

Soma inkuru yose

M. Iréné yatangaje itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane

Umunyamakuru akaba n’umushabitsi mu ruganda rw’imyidagaduro nyarwanda, Murindahabi Iréné uzwi cyane nka M. Iréné, yatangaje ku mugaragaro itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yavuze ko bazasezerana ku wa 15 Kanama 2026, anaherekesha ubutumwa bwuje amarangamutima uyu mukobwa basangiye urukundo. Yagize ati: “Ndagukunda cyane.” Ubukwe butegerejwe n’abatari…

Soma inkuru yose

Lynda Priya yahishuye amayeri umugabo we yakoresheje kugira ngo amutsindire umutima

Umunyamakuru akaba n’umukinnyi wa filime w’icyatwa mu Rwanda, Lynda Priya, yanyuze mu nyanja y’urukundo maze ahishura amayeri n’uburyo umugabo we, Christian Irenge, yakoresheje ikoranabuhanga rishingiye ku kazi kugira ngo amwiyegereze kugeza bemeranije kurushinga. Mu kiganiro cyuje amarangamutima menshi cyatambutse ku muyoboro wa YouTube, Lynda yagaragaje ko urugendo rwabo rw’urukundo rutatangiye nk’uburyo busanzwe bw’abasore b’iki gihe,…

Soma inkuru yose