Amajyepfo: Polisi yakanguriye abaturage gukoresha “eKash”

Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego barakangurira abaturage gukoresha ikoranabuhanga mu kubika, kwakira no kwishyura amafaranga, kuko bifasha kugabanya ibyago birimo kwibwa cyangwa kwamburwa. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 15 Nzeri 2026, mu bukangurambaga bwakorewe mu Murenge wa Rusatira, mu Karere ka Huye. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi, avuga ko…

Soma inkuru yose

Sheebah Karungi yahishuye impamvu yamaze imyaka atajya gusengera mu rusengero

Umuhanzikazi ukomoka muri Uganda, Sheebah Karungi, yahishuye impamvu yamaze igihe atongera kujya gusengera mu rusengero, nyuma yo kuvuga ko akiri umwana yajyanyweyo agahita akubitwa. Mu butumwa burebure yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Sheebah yavuze ku buzima bwe, uko yakundaga kujya mu rusengero ndetse n’impamvu yabyo, asobanura ko yavukiye mu idini ya Islam. “Uyu munsi,…

Soma inkuru yose

Bamaze imyaka 30 ari inshuti batabizi, ADN ibereka ko bavukana ku babyeyi bombi

Inkuru ya Meena Geltink na Minal Tijssen, abagore babiri bamaze imyaka myinshi ari inshuti batabizi ko bahuje amaraso, ikomeje gutangaza benshi nyuma y’uko ibizamini bya ADN bigaragaje ko ari abavandimwe basangiye ababyeyi bombi. Aba bagore bombi bakuriye mu Buhinde, aho barezwe n’imiryango yita ku bana batagira ababyeyi mu Mujyi wa Mumbai, nyuma baza gufatwa n’imiryango…

Soma inkuru yose

Kuva kuri Televiziyo Rwanda ajya ku ngoma: Uwahoze mu itangazamakuru yagizwe Umwami wa Tooro

Edward Rukidi Kijanangoma, wahoze akora umwuga w’itangazamakuru muri Uganda ndetse no mu Rwanda, yagizwe Umwami mushya w’Ubwami bwa Tooro, asimbura nyakwigendera Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV. Kijanangoma yatangajwe nk’umusimbura w’Umwami Oyo ku wa Gatatu tariki ya 9 Nzeri 2026, mu gihe Abanya-Tooro bari mu myiteguro yo gusoza imihango ijyanye no guherekeza no gushyingura umwami…

Soma inkuru yose

Rutsiro: Umusore w’imyaka 21 yafashwe akekwaho gushuka umwana w’imyaka 16

Umusore w’imyaka 21 wo mu Karere ka Rutsiro yafashwe akekwaho gushuka umwana w’umukobwa w’imyaka 16, amwizeza ko azamugira umugore, nyuma bakajyana iwe bakararana. Ibi byabereye mu Murenge wa Kigeyo, Akagari ka Rukaragata, Umudugudu wa Rwamiyaga, amakuru akamenyekana mu gitondo cyo ku wa 9 Nzeri 2026. Umwaka w’urukundo warangiye mu buryo butunguranye Uyu mwana yabwiye IGIHE…

Soma inkuru yose

Ukraine yiteguye guhangana n’itumba rikomeye kuva u Burusiya bwatangiza intambara, nk’uko Loni ibivuga.

Ukraine ishobora guhura n’itumba rikomeye kurusha andi yose kuva u Burusiya bwatangiza igitero cyagutse mu 2022, nk’uko umuyobozi mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yabitangarije BBC. Alexander De Croo, uyobora Ishami rya Loni rishinzwe Iterambere, yavuze ko hari ibyago byo kuba “ibibazo bikomeye by’ubutabazi” mu gihe ibitero by’u Burusiya byatuma abaturage babura amashanyarazi n’amazi. De Croo, uri…

Soma inkuru yose

Ijoro ry’amarira i Bukavu: Inkongi y’umuriro ihitana abantu 24, amashuri n’ingo birakongoka

Abantu 24, biganjemo abanyeshuri bigaga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, baguye mu nkongi y’umuriro yibasiye agace ka Chimpunda mu Mujyi wa Bukavu, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi nkongi yatangiye mu masaha ya saa mbili za mu gitondo ku wa 10 Nzeri 2026, ikwira mu ngo z’abaturage ndetse igera ku Ishuri Ribanza rya Ujamaa n’Ishuri…

Soma inkuru yose

Amanota y’ibizamini bya Leta arasohoka uyu munsi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko kuri uyu wa 11 Nzeri 2026 ari bwo hasohoka amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, ndetse n’ay’abanyeshuri basubiyemo ibizamini bisoza amashuri abanza. NESA yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 aratangazwa saa Munani z’amanywa. Ibi bizazana igisubizo ku banyeshuri…

Soma inkuru yose

Philippines: Ubwato bwahiye, abantu batanu barapfa abandi 87 baburirwa irengero

Ubwato bw’abagenzi bwitwa: MV June Aster bwafashwe n’inkongi y’umuriro hafi ya Coron, muri Philippines, bituma abantu batanu bapfa, abandi 87 baburirwa irengero mu gihe ibikorwa byo gushakisha no gutabara bikomeje. Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Nzeri 2026, ubwo MV June Aster yari mu rugendo ivuye i Manila yerekeza…

Soma inkuru yose

Inshallah yujuje million Rahabu, ese The Ben arasohoza isezerano?

Indirimbo ‘Inshallah’ ya The Ben ikomeje guca agahigo ku rubuga rwa YouTube, aho imaze kugera ku bantu miliyoni eshanu bayirebye mu minsi 26 gusa imaze isohotse. Iyi mibare igaragaza uburyo iyi ndirimbo yakiriwe n’abakunzi ba The Ben, kuva yayishyira hanze. Ni umwe mu mishinga uyu muhanzi yashimishijeho abakunzi be muri iyi minsi. Mbere y’uko ‘Inshallah’…

Soma inkuru yose

Rubavu: Umusore yagiye kwiba insinga z’amashanyarazi, asiga ubuzima aho yari yagiye kwiba

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko yapfuye azize umuriro w’amashanyarazi ubwo yageragezaga kwiba insinga z’amashanyarazi mu Murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 9 Nzeri 2026, ahagana saa moya za mu gitondo, mu Kagari ka Kivumu, Umudugudu w’Itangazamakuru. Amakuru dukesha IGIHE agaragaza ko…

Soma inkuru yose

Rutsiro: Umusore arashakishwa nyuma y’urugomo rwahitanye mugenzi we

Mu Karere ka Rutsiro, harashakishwa umusore ukekwaho kugira uruhare mu rugomo rwahitanye mugenzi we, nyuma yo gukimbirana bikekwa ko byaturutse ku mukobwa bivugwa ko akora uburaya. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa 7 Nzeri 2026, mu Murenge wa Gihango, Akagari ka Congonil. Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Kayitesi Dative, mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru IGIHE yavuze…

Soma inkuru yose

Kidum yatabarije Abanyarwanda n’Abarundi bavuga ko bahohoterwa muri Kenya

Umuhanzi w’Umurundi, Kidum Kibido, yasabye ko Abanyarwanda n’Abarundi baba muri Kenya barindwa, nyuma y’amashusho n’amafoto bivugwa ko agaragaza ibikorwa by’urugomo niyangizwa ry’ibikorwa by’abanyamahanga muri iki gihugu. Kidum, usanzwe afitanye umubano ukomeye na Kenya aho amaze imyaka myinshi ahaba, yavuze ko atishimiye amakuru n’amashusho akomeje kumugeraho avuye i Nairobi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu…

Soma inkuru yose

Muri Kenya: Abacuruzi bato b’abarundi ntiborohewe

Abarundi benshi bari bamaze igihe bakorera muri Kenya mu bikorwa by’ubucuruzi buto batangiye gusaba ubufasha bwo gutaha bagasubira iwabo mu Burundi, nyuma y’uko gahunda nshya yo kugenzura abanyamahanga bakora imirimo nk’ubuzunguzayi itangiye gushyirwa mu bikorwa. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026, Ambasade y’u Burundi i Nairobi yakiriye abantu benshi bashaka kumenya icyo…

Soma inkuru yose

Umugabo yapfuye agerageza kongera igitsina nyuma yo guterwa inshinge

Umugabo w’imyaka 43 wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yapfuye nyuma yo kugira ikibazo gikomeye cyo kuziba kw’imitsi ijyana amaraso mu bihaha, bikekwa ko cyakurikiye igikorwa cyo kongera igitsina yari yakorewe muri Thailand. Uyu mugabo witwa Igho Ubiribo, wari uzwi kandi ku mazina ya Tiny, Denisi na Ego, yari yagiye muri Thailand ashaka kongera ubunini bw’igitsina cye,…

Soma inkuru yose

Ibyaha by’urubyiruko byagabanutseho 11%

Umushinjacyaha Mukuru yagaragaje ko ibyaha byakorewe n’urubyiruko byagabanutse mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/26, aho byageze kuri 40% bingana n’abantu 32.231, mu gihe umwaka wabanje byari 51%. Yavuze ko iri gabanuka rishimishije, ashimangira ko hakwiye gukomeza ingamba zo gufasha urubyiruko kwirinda ibyaha, cyane cyane gahunda yo kurwanya inzoga zitujuje ubuziranenge. Mu byaha byiganjemo amadosiye yageze…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umugabo yishe mugenzi we basangiraga ‘akabenzi’ n’inzoga

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye gushakisha umugabo w’imyaka 30 ukekwaho kwica mugenzi we bari basangiye inzoga n’inyama z’akabenzi, nyuma yo kugirana amakimbirane agahita amukubita umwase mu mutwe. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma. Amakuru dukesha…

Soma inkuru yose

Keir Starmer yatangaje ko agiye kuva ku mwanya w’Ubudepite.

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, yatangaje ko agiye kuva ku mwanya w’Ubudepite kugira ngo yibande ku mirimo ijyanye n’ibibazo mpuzamahanga. Iki cyemezo kizatuma habaho amatora y’inzibacyuho (by-election) mu gace ka Holborn na St Pancras i Londres, kamaze igihe kinini ari indiri y’Ishyaka Labour. Starmer yari ahagarariye aka gace kuva mu mwaka…

Soma inkuru yose

Igitero cy’u Burusiya cyahitanye abakozi ba gariyamoshi mu bitero bishya byibasiye Kyiv.

U Burusiya bwagabye ibitero bishya ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, bihitana abantu, barimo abakozi ba gariyamoshi, mu gihe ibitero by’indege n’ibisasu bikomeje kwibasira ibikorwa remezo by’ingenzi muri Ukraine. Igitero cyibasiye abakozi ba gariyamoshi cyahitanye abantu ndetse abandi barakomereka. Abayobozi ba Ukraine bavuze ko ibitero byibasiye ahantu hatandukanye muri Kyiv, birimo ibikorwa remezo by’ubwikorezi na…

Soma inkuru yose

Abanyeshuri 7,188 bongeye guhabwa amahirwe nyuma y’ikibazo gikomeye cyo gukopera

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri 7,188 bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 bazasubira gukora ibizamini, nyuma y’uko iperereza ryagaragaje ibikorwa byo gukopera byabaye mu buryo rusange. Nk’uko imvahonshya yabitangaje aba banyeshuri bazongera gukora ibizamini kuva ku wa 2 kugeza ku wa 4 Nzeri 2026, mu gihe MINEDUC ivuga…

Soma inkuru yose

Rusizi: Ikamyo yari ipakiye sima yarenze ikorosi yinjira mu nzu y’umuturage

Mu Murenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi, habereye impanuka y’ikamyo yari itwaye sima ivuye ku ruganda rwa Cimerwa, ikagonga inzu y’umuturage ikinjiramo, yangiza icyumba n’ibikoresho byari birimo. Iyi mpanuka yabaye ku wa 30 Kanama 2026, ahagana saa moya zishyira saa mbiri za mu gitondo, ubwo iyi kamyo yari ivuye mu Murenge wa Muganza, aho yari…

Soma inkuru yose

Uwahoze akoresha teleprompter muri White House yategetswe kwishyura $172,000 kubera gukina urusimbi.

Uwahoze ari umukozi wa White House wakoraga kuri teleprompter yategetswe kwishyura amafaranga arenga 172,000 z’amadolari ya Amerika (£127,000) nyuma yo gukoresha amakuru y’ibanga yari afite kugira ngo atege ku byo Perezida wa Amerika, Donald Trump, yari kuvuga mu mbwirwaruhame ze. Gabriel Perez yagaragaye ko hagati ya Ukuboza 2025 na Gashyantare 2026 yakoze ubucuruzi bushingiye ku…

Soma inkuru yose

Imyuzure ikomeye yibasiye Nepal na Tibet imaze guhitana abarenga 390, abandi barenga 1,400 baburirwa irengero.

Imyuzure ikomeye cyane yibasiye uduce two ku mupaka uhuza Nepal n’akarere ka Tibet mu Bushinwa, ihitana abantu barenga 390, mu gihe abarenga 1,400 bakomeje kuburirwa irengero. Abatabazi barimo gushakisha abarokotse n’abantu baburiwe irengero. Iyi mpanuka yabaye nyuma y’uko urubura n’urutare byasenyutse ku musozi wa Langtang Lirung, bigatera urubura, ibitaka n’amazi menshi gutemba mu buryo butunguranye….

Soma inkuru yose

RSSB yaguze imigabane yose ya Inyange Industies na Ruliba Clays Ltd

Urwego w’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) rwatangaje ko rwaguze imigabane yose yari isigaye muri Inyange Industries Ltd na Ruliba Clays Ltd, yari isanzwe ifitwe na Crystal Ventures Limited (CVL), bituma ibi bigo byombi biba ibya RSSB 100%.  Ubusanzwe RSSB yari ifite 40% by’imigabane ya Inyange Industries na 50% by’imigabane ya Ruliba Clays.  Ubuyobozi bwa RSSB bushimangira…

Soma inkuru yose

Canada iri kongera ubushobozi bw’inganda z’ibikoresho bya gisirikare mu gihe umubano na Amerika uri kuzamo agatotsi.

Canada iri kongera ishoramari mu nganda zikora ibikoresho bya gisirikare, mu gihe umubano wayo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika urimo guhura n’imbogamizi. Ibi birimo gufungura amahirwe mashya ku bigo byo muri Canada bikora ibikoresho n’ikoranabuhanga bya gisirikare. Leta ya Canada, iyobowe na Minisitiri w’Intebe Mark Carney, irashaka kongera ubushobozi bw’igihugu bwo gukora ibikoresho bya…

Soma inkuru yose

Shema Ngoga yasabiwe gufungwa iminsi 30 ku byaha bifitanye isano na sheki za $600,000

Ubushinjacyaha bw’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge bwasabiye Umunyemari akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu rubanza aregwamo ibyaha bibiri bifitanye isano no gutanga sheki zitazigamiye zifite agaciro ka $600,000. Shema yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 27 Kanama 2026, nyuma y’iminsi…

Soma inkuru yose

Muri Nepal: Umwuzure n’inkangu byahitanye abantu 160, abandi amagana baburirwa irengero

Abatabazi muri Nepal bakomeje ibikorwa byo gushakisha abantu baburiwe irengero nyuma y’umwuzure ukomeye n’inkangu byibasiye agace kari ku mupaka wa Nepal na Tibet ku wa Gatatu, tariki ya 26 Kanama 2026. Nk’uko Rwanda Taarifa yabitangaje, ibibarafu byo mu misozi ya Himalaya byasenyutse bigwa mu migezi, bituma amazi atumbagira mu buryo butunguranye arenga inkombe, ateza umwuzure…

Soma inkuru yose

Trump yatangaje ko Amerika yamaze gukuraho ibibombe byose byo mu muhora wa Hormuz.

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yavuze ko Ingabo za Amerika zo mu mazi zamaze gukuraho cyangwa guturitsa ibibombe byose byari byashyizwe muri Strait of Hormuz, inzira y’amazi ifite akamaro kanini ku bucuruzi bw’ingufu ku isi. Iran imaze igihe kinini ibuza amato kunyura muri iyo nzira kuva intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati yatangira. Trump yanditse…

Soma inkuru yose

Iran yatangaje ko yiteguye guhangana n’ibihano bishya kandi byagutse by’ubukungu yashyizweho na Amerika.

Iran yatangaje ko yiteguye bihagije guhangana n’ibihano by’ubukungu Amerika yongereye, nyuma y’uko Washington itangaje gahunda nshya igamije kuyitandukanya n’ubukungu bw’isi. Minisitiri w’Ubukungu wa Iran, Ali Madanizadeh, yavuze ko Tehran yiteguye guhangana n’ibyo bihano kandi ko abona bishobora kuvamo “indi ntsinzi nke kuri Amerika.” Ku ruhande rwa Amerika, Minisitiri w’Imari Scott Bessent yatangaje ingamba nshya zikomeye….

Soma inkuru yose

Umuyaga ukomeye wa tornado wibasiye umudugudu wo mu Bufaransa, ukomeretsa abantu benshi kandi wangiza bikomeye amazu.

Umuyaga ukomeye wa tornado wibasiye umudugudu wa Pomas, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’u Bufaransa, ukomeretsa abantu 39 ndetse wangiza amazu agera kuri 300. Abayobozi bavuze ko abantu 15 bajyanywe mu bitaro, naho babiri muri bo bari mu buzima buri mu kaga gakomeye. Umugabo umwe yavuze ko umugore we utwite yakomeretse ubwo inzu yabo yamugwagaho nyuma…

Soma inkuru yose

Burnham yiyemeje gukomeza gushyigikira Ukraine, nubwo u Burusiya bukomeje gutanga “imiburo ikomeye kandi iteye ubwoba.”

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Andy Burnham, yavuze ko igihugu cye kizakomeza gushyira igitutu ku Burusiya nubwo Moscow ikomeje gutanga “imiburo idasanzwe kandi ikomeye.” Yabivugiye mu ruzinduko rwe rwa mbere rw’akazi muri Ukraine kuva aba Minisitiri w’Intebe. Burnham yahuye na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ndetse ayobora inama ye ya mbere ya “Coalition of the Willing”,…

Soma inkuru yose

Burnham agiye guha Zelensky amakuru y’ibanga ajyanye n’imisile ndende, mu gihe asura Kyiv.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Andy Burnham, agiye gukora uruzinduko rwe rwa mbere mu mahanga kuva atangira kuyobora guverinoma, aho azasura Kyiv muri Ukraine. Muri uru ruzinduko, azageza ku bayobozi ba Ukraine amakuru y’ikoranabuhanga azafasha icyo gihugu gukora misile zacyo zishobora kugera kure. Burnham azayobora inama ye ya mbere ya “Coalition of the Willing”, ihuriro ry’ibihugu…

Soma inkuru yose

Impanuka ikomeye muri Guinée: Ikirundo cy’imyanda cyaguye ku nzu gihitana abantu 30

Abantu 30 bamaze gupfa abandi 22 barakomereka nyuma y’uko ikirundo kinini cy’imyanda cyasenyutse kigwa ku mazu yari hafi y’ikimoteri mu murwa mukuru Conakry muri Guinée. Iyi mpanuka yabaye ku Cyumweru tariki ya 23 Kanama 2026, nyuma y’imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryabanje, ikaba yarateje isenyuka ry’ikirundo cy’imyanda cyari kimaze igihe kiri muri ako gace. Abatabazi…

Soma inkuru yose

Umuntu ushaje kurusha abandi ku Isi yujuje imyaka 117, aba uwa mbere mu Bwongereza ugejeje kuri iyi myaka

Umuntu ushaje kurusha abandi ku Isi yujuje imyaka 117, aba uwa mbere mu Bwongereza ugejeje kuri iyi myaka Ethel Caterham, umwongerezakazi wemejwe na Guinness World Records nk’umuntu ushaje kurusha abandi ku Isi, yujuje imyaka 117 ku wa 21 Kanama 2026, aba umuntu wa mbere mu mateka y’u Bwongereza ugejeje kuri iyi myaka. Caterham, wavukiye ku…

Soma inkuru yose

Ibyuma biragatsindwa n’Imana: Musenyeri Sinayobye agira icyo asaba urubyiruko

Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu, Musenyeri Sinayobye Edouard, yasabye urubyiruko kugira inyota yo kumenya Imana no kuyegera, aho gukururwa n’ibisindisha, cyane cyane ibinyobwa bitemewe kandi bitujuje ubuziranenge bizwi nka ‘ibyuma’. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Musenyeri Sinayobye yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Kanama 2026, ubwo yaganirizaga urubyiruko Gatolika rwitabiriye ihuriro ryo…

Soma inkuru yose