Devoz Divin

Nshimiyimana Emmanuel ukekwaho kwica umugore we yafashwe n’abanyerondo.

Umugabo witwa NSHIMIYIMANA Emmanuel ufite imyaka 38 yacakiwe n’abanyerondo bakorera mu karere ka Muhanga, umurenge wa Nyamabuye, akagari ka Gifunga, umudugudu wa Rugarama, arakekwaho kwica umugore we MUGWANEZA Julienne w’imyaka 32. Mu gitondo cyo kuri Pasika uyu mugabo Emmanuel nibwo yafashwe biturutse ku makuru yatanzwe na BIZIYAREMYE Colenel wari warahaye icumbi uyu muryango. Abaturanyi batabaye…

Soma inkuru yose

Soma amateka ya Rosalie Gicanda umwamikazi wa nyuma w’uRwanda.

Tariki 20 Mata 1994, ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari irimbanyije mu bice byose by’Igihugu, ni bwo Captain Ildephonse Nizeyimana, wari ushinzwe Ubutasi mu Kigo cya Gisirikare cya ESO [École des Sous-Officiers], yatanze itegeko ryo kwica Umwamikazi Rosalie Gicanda. Kuri ubu hashize imyaka 31, Umwamikazi Rosalie Gicanda, yishwe azize Jenoside yakorewe Abatutsi, aho buri tariki 20…

Soma inkuru yose

“Kuba umukobwa ntibyoroshye!” Amagambo yatangajwe na Arielwayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel uri mu bakobwa bamenyekanye mu bakora umuziki mu Rwanda yasangije ubutumwa abamukurikirana kuri X bwatumye benshi bongera kumwibazaho cyane. Mu magambo make yaranditse ati: “Kuba umukobwa ntibyoroshye” Nyuma yo gutangaza ibitekerezo byaje byisukiranya, ariko hari uwagize ati: “Nicyo kintu cyoroshye kurusha ibindi, kereka iyo ugikoresheje nabi nibwo utangira kwicuza. Ubwo umaze gukura…

Soma inkuru yose

M.Irene yanyomoje amakuru avuga ko yatandukanye na Vesitine na Dorcas.

M.Irene yanyomoje amakuru avuga ko yatandukanye na Vesitine na Dorcas. Umunyamakuru akaba n’ureberera inyungu z’abahanzi baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana Vesitine na Dorcas yabwiye ikinyamakuru The choice Live ko “Amakuru arigukwirakiwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ‘ko yatandukanye n’abahanzi Vesitine na Dorcas ari ikinyoma cyambaye ubusa!” Ahubwo uyu M.Irene yahise atangaza ko aba bahanzi bagiye gusohora…

Soma inkuru yose

Joseph Kabila: Arashijwa gufasha M23, none ishyaka rye (PPRD) ryahagaritswe by’agateganyo

Congo (DRC) yahagaritse by’agateganyo ishyaka ry’uwahoze ari perezida wa Congo (DRC) Joseph Kabila ndetse banafatira imitungo ye. Uyu mugabo w’imyaka 53 arashijwa gutera inkunga umutwe wa M23. Guhagarika ishyaka rye byatangarijwe mu itangazo ryasohowe na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, aho uyu mu minisitiri yatangaje ko ishyaka People’s Party for Reconstruction and Democracy (PPRD) rihagaritswe kubera ibyo…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Niyobosco yagaragaje ko agiye gusohora indirimbo.

Umuhanzi Niyobosco agiye gusohora indirimbo nshya. Umuhanzi NIYOKWIZERWA Bosco uzwi nka NIYOBOSCO wari umaze igihe adasohora indirimbo yagaragaje ko agiye gushyira hanze indirimbo ye nshya yitwa “Daddy God”. Amaashusho yasangije abamukurikirana ku rubuga rwe rwa Instagram agaragaramo we n’umunyarwenya  umaze kwigarurira imitima y’Abanyarwanda hafi ya bose Dr.Nsabi, uyu Dr Nsabi agaragara arikuroga Niyobosco ariko aka…

Soma inkuru yose

“Nabaye mayibobo muri Tanzania” Amagambo ya Evariste NDAYISHIMIYE.

Perezida Evariste NDAYISHIMIYE yatangaje ko yabaye mayibobo ndetse akaniba mudasobwa muri Ambasade y’u Burundi yari iherereye muri Tanzania. Abinyujije mu kiganiro yakoranye n’umuyoboro wa youtube witwa “Intumwa” Evarisite NDAYISHIMIYE yagaragaje ubuzima bugoye yanyuzemo ubwo yari yoherejwe nk’intumwa yo ku ganira na Leopard NYANGOMA wabarizwaga mu nyeshyamba rya CNDD-FDD. NDAYISHIMIYE avuga ko yageze Tanzania akananirwa kumvikana…

Soma inkuru yose

Burundi: Ambasade y’u Buholande igiye gufungwa mu gihugu cy’u Burundi.

U Buholandi bwatangaje ko bugiye gufunga Ambasade yabwo mu bihugu bitandukanye harimo n’u Burundi. Ibi byatagajwe na Caspar Veldkamp, uyu ni minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu gihugu cy’u Buholandi. Ibi yabivuze mu ibaruwa yandikiye inteko nshingamategeko, ambasade zigera muri 5 nizo zizafungwa. Mu ibaruwa yagize ati: “Mfite gahunda yo gufunga Ambasade eshanu ndetse n’ibiro bihagarariye inyungu…

Soma inkuru yose

R.I.P!! KILIMOBENECYO Alphonse yitabye Imana.

Umunyarwanda wahanze ibirango byinshi dukoresha mu gihugu cyacu cy’u Rwanda yamaze kwitaba Imana azize uburwayi. Uyu KILIMOBENECYO Alphonse yagize urahare mu guhanga ibendera ry’u Rwanda, Ikirangontego cy’u Rwanda ndetse n’inoti ya 5,000 Frw. Inkuru y’urupfu rwe yasakaye ku wa 19 Mata 2025,yitabye Imana afite imyaka 66.Umwe mubo bakoranye BIRASA Bernard yatangaje ko asize umurage mwiza!

Soma inkuru yose

Twaganiriye na Alex, wa mwana uririmba Tenoro! Ku myaka 8 arifuza kuba Padiri.

Ku wa 18 Mata 2025, nibwo amashusho y’uwitwa NSHIMIYIMANA Alexis, Umwana ifite imyaka umunani (8), utuye mu karere ka Burera, mu murenge wa Gitovu, akagari ka Runoga, umudugudu wa Kiraho yakwirakwiye ku mbugankoranyambaga atangajwe n’uwitwa “M.Jean de Paix”. Uyu mwana yagaragaye afite ishyaka ryo kuririmba indirimbo yitwa “Mariya ni umubyeyi”. Nka Gate of Wise twifuje…

Soma inkuru yose

Umwana washimishije abantu! Udushya turikuranga pasika 2025.

Ku wa 20 Mata 2025, ni bwo abemera Yesu/Yezu kirisitu (Christ ) bazibuka urupfu ndetse n’izuka ry’umukiza Yesu/Yezu. Mugihe bitegura kwibuka izuka rya Yesu/ Yezu hari udushya twagiye tugaragara dusa naho tutazibagirana. Muri iyi nkuru twagukusanyirije utwo dushya. 1) Umwana wagaragaye aririmba mu buryo budasabzwe. Uyu mwana uririmba muri Chorale “Peur Cantores Mutungu”. Uyu mwana…

Soma inkuru yose

Minisitiri Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal baturutse hirya no hino muri Afurika

Minisitiri Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal baturutse hirya no hino muri Afurika Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal yo mu Bwongereza baturutse hirya no hino muri Afurika aho bitabiriye Iserukiramuco rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival 2025. Iri serukiramuco ry’iminsi itatu, ribereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri,…

Soma inkuru yose

Ibintu 5 bigaragaza ko uri umuhanga.

Rimwe na rimwe biragorana gupima ubuhanga bw’ umuntu, benshi dutekereza ko ubuhanga bw’ umuntu bupimirwa ku kizamini ariko siko biri rwose! Nusoma iyi nkuru uraza kuyirangiza wamaze kumenya ibimenyetso bikwereka ko umuntu ari umuhanga. Reka dutangire: 1) Ahorana amashyushyu yo kwiga. Umuhanga ntabwo arangwa n’ubumenyi ahubwo arangwa n’amashyushyu ahorana yo gushaka ubumenyi bushya.Muri kamere y’abahanga…

Soma inkuru yose

Filime 5 wareba mu gihe wizihiza pasika.

Mu mpera z’icyumweru, tuba dushaka kuruhuka ndetse tukaniyibagiza imvune twagize mu minsi isanzwe. Benshi dukunze kureba filime, tugasoka ndetse tugakora n’ibindi. Niyo mpamvu naguteguriye filime 5 ushobora kureba muri iyi weekend ariko na none zijyanye n’ibihe turimo bya pasika. 1, The passion of the Christ. Iyi ni filime yasohotse mu 2004, igaragaza ubuzima bwa Yesu…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Abdel Fattah wa Misiri

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Abdel Fattah wa Misiri Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho kwimakaza ubutwererane hagati y’u Rwanda na Misiri.  Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Misiri,Amb Mohamed El-Shenawy, yatangaje ko iki kiganiro cyabaye ku wa 17 Mata 2025, aho abakuru b’ibihugu byombi…

Soma inkuru yose

Nyanza: Abasore 15 bakekwagaho kujya mu mitwe y’iterabwoba babonetse.

Ubuyobozi bwa karere ka Nyanza buratanga ihumure ku baturage b’aka karere, ibi bikozwe nyuma y’ubwoba abaturage bari bafite nyuma yo kumva ko hari hari umuntu waje agatawara Abasore 15 avuga ko agiye kubaha akazi, ariko abaturage bo bakaba bavuga ko bumvise ko aba basore bafatiwe muri Nyungwe bagiye mu mitwe y’iterabwoba, ariko ubuyobozi bwabiteye utwatsi….

Soma inkuru yose

Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champion League.

Umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wa nyuma wa Champion League. Abicishije kuri Instagram, umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wanyuma wa Arsenal. Mu butumwa yageneye HE yagize ati: “Sinigeze nshidikanya ku Mana kuva navuka, nyuma yo kubona Arsenal vs Real Madrid to…

Soma inkuru yose