Devoz Divin

Korea

Koreya y’Epfo igiye guha abaturage bayo amafaranga y’ubuntu

Ubuyobozi bwa Koreya y’Epfo bwatangaje ko bugiye guha abaturage bose b’icyo gihugu amafaranga y’ubuntu, agamije gufasha mu kuzamura ubukungu binyuze mu kongerera abaturage ubushobozi bwo kugura ibintu bitandukanye. Ni gahunda yagenewe ingengo y’imari yihariye ya miliyari 23,3 z’Amadolari. Yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya y’Epfo ku wa 4 Nyakanga 2025. Guha ayo mafaranga abaturage bizakorwa…

Soma inkuru yose
DRC-CONGO

Congo yitabaje abacanshuro b’Abanya-Colombia mu guhangana na M23

Abacanshuro baturutse muri Colombia bakorana na Blackwater y’Abanyamerika bageze muri Congo, aho bo na FARDC bahawe misiyo yo kwigarurira imijyi ya Goma na Bukavu. Abo bacanshuro hamwe n’ingabo za FARDC ku munsi w’ejo hashize bafashijwe n’indege kuva i Kisangani n’i Kindu berekeza i Kalemie mu Ntara ya Tanganyika. Ubwo bageraga ku cyambu mpuzamahanga cya Kalemie,…

Soma inkuru yose
HE KAGAME Paul

Abashakaga gutera u Rwanda bavuye muri Congo bose bari gushira – Kagame

Perezida Paul Kagame yabwiye abari mu gitaramo cyo Kwibohora ko buri wese afite inshingano kugira ngo ibyabaye mu Rwanda bitazongera kurubamo ikindi gihe, yanahaye gasopo abatekereza guhungabanya umutekano w’u Rwanda. Ijambo rye ryamaze iminota 35, Perezida Paul Kagame yavuze ko ashimira buri wese mu bari hariya uruhare yagize mu nzira y’igikorwa cyo kwibohora no kubohora…

Soma inkuru yose
Diogo Jota

Ni Ubumuntu! Liverpool izakomeza kwishyura umushahara wa Diogo Jota

Ubuyobozi bw’ikipe ya Liverpool, bwatangaje ko buzakomeza guha umushahara umuryango wa Diogo Jota mu gihe cy’imyaka ibiri yari asigaje ku masezerano ye nyuma y’uko uyu rutahizamu yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Ku wa kane tariki ya 3 Nyakanga 2025, ni bwo hamenyekanye inkuru yari incamugongo, y’urupfu rwa rutahizamu, Diogo Jota wari kumwe n’umuvandimwe we, André…

Soma inkuru yose
Bruce melody yasabye imbazi abafana be

Bruce Melodie yasabye imbabazi ku bwo kudataramira i Rubavu

Nyuma yo kudataramira i Rubavu mu gitaramo Toxic Xperience, Bruce Melodie yasabye imbabazi abafana bari baje kumushyigikira kubera ikibazo cy’umuriro. Mu ijoro ryakeye, Bruce Melodie yari mu bahanzi bari gutaramira mu gitaramo Toxic Xperience cyabereye mu karere ka Rubavu. Kuva ku itangiro, nta kibazo cyari gihari kugeza ubwo Kivumbi yageze ku rubyiniro atangiye kuririmba indirimbo…

Soma inkuru yose
Ubukwe bwa Vestine ISHIMWE

Ubukwe bwa ISHIMWE Vestine na  Idrissa Ouédraogo bwatashywe

Mu minsi ishize ni bwo amakuru y’ubukwe bw’umuhanzi ISHIMWE Vestine usanzwe uririmba indirimbo zo guhimbaza imana yagiye hanze. Binyuze mu mashusho yasakajwe ku mbugankoranyambaga uyu ISHIMWE Vestine yagaragaye asezerana na Ouedraogo Idrissa, ibi ni ibirori byabereye mu murenge wa Kinyinya, mu Karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ku wa 15 Mutarama 2025. Nyuma y’aya makuru,…

Soma inkuru yose
KAGAME

Wamvana he? Perezida Kagame abwira abumva bamutera ubwoba

Umukuru w’igihugu Paul Kagame yakomoje ku bihugu by’ibihanganye mu iterambere byumva ko byatanga amasomo cyangwa bigafatira ibihano abantu, ko ibyo ari ugutera ubwoba. Perezida Kagame yavuze ko abarega u Rwanda gukoresha ibyo rukora mu kwirinda, kurinda Abanyarwanda, kurinda igihugu cyabo bituruka ku mabuye y’agaciro ahubwo ko ari bo biba amabuye y’agaciro muri Congo. Yabivuzeho mu…

Soma inkuru yose
Kabila na Tschisekedi

Perezida Kagame yavuze ku buryo Tshisekedi yahawe ubutegetsi mu manyanga Kenyatta na Ramaphosa bareba

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko uburyo Félix Antoine Tshisekedi yabaye Perezida burimo ikibazo, kuko yahamagawe mu biro ahabwa ubutegetsi, kubera inyungu yari yitezweho. Ibibazo byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Perezida Kagame yabigarutseho mu Kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu. Ni ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo ibyagezweho mu myaka 31 nyuma yo…

Soma inkuru yose
Sandrine Isheja wa RBA

Ninde wavuzeko Abanyamakuru batajya bubaka ngo rukomere?

Ni kenshi bajya baserereza Abanyamakuru bino mu Rwanda ko batajya babasha kurwubaka ngo rukomere, ariko burya umunyarwanda yaravuze ngo “aba umwe agatukisha bose”. Hari Abanyamakuru bafite amazina azwi hano mu Rwanda babashije kurwubaka rurakomera ndetse uyu munsi abakibyiruka bashaka kuzubaka uruzira kuryana hari amasomo arenze rimwe bakura kuri izi ngo zaba banyamakuru. Mur iyi nkuru…

Soma inkuru yose
APR FC

APR FC ntiyatangiye yambara umweru n’umukara: Amavu n’amavuko ya APR FC iri kwizihiza imyaka 32

APR FC ni ikipe y’ubukombe mu Rwanda, aho mu myaka 32 imaze ishinzwe yegukanye Igikombe cya Shampiyona inshuro 23. Mu gihe iri kwizihiza imyaka imaze, IGIHE yaganiriye na Byusa Wilson wamenyekanye nka Rudifu uri mu batangiranye nayo ubwo yashingirwaga ku Mulindi mu Karere ka Gicumbi. Rudifu yavuze ko iyi kipe yashinzwe biturutse ku gitekerezo cya…

Soma inkuru yose

U Rwanda rugiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje intambwe yatewe mu rwego rw’ubuvuzi, ubu mu Rwanda hakaba habarurwa Ibigo Nderabuzima birenga 500 n’ibitaro birenga 50. Kuri ubu, ngo mu Rwanda hagiye gufungura ibitaro 10 bya Kaminuza hirya no hino mu Ntara. Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yabigarutseho mu kiganiro yahaye RBA. Yasobanuye ko amateka y’amavuriro mu Rwanda, agaragaza ko yatangiye…

Soma inkuru yose

Trump yatumiye Perezida Kagame na Tshisekedi mu nama i Washington

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J. Trump yandikiye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, abatumira mu nama izabahuriza i Washington DC. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yemeje ko ayo mabaruwa yohererejwe Abakuru b’Ibihugu bombi nyuma yo gushyira…

Soma inkuru yose

Miliyoni 14 z’abana bashobora gupfa mu myaka itanu kubera umwanzuro wa Trump

Impinduka Donald Trump yakoze zo kugabanya hafi yose inkunga Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaga ku bikorwa by’ubutabazi mpuzamahanga, zishobora gutuma abantu barenga miliyoni 14 bapfa mbere y’umwaka wa 2030, nk’uko ubushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru cy’ubuvuzi cya The Lancet bubigaragaza. Ubushakashatsi buvuga ko kimwe cya gatatu cy’abari mu kaga ko gupfa imburagihe ari abana. Mu…

Soma inkuru yose

Dosiye ya Ingabire Victoire yaregewe urukiko

Ubushinjacyaha Bukuru bwaregeye dosiye ya Ingabire Victoire Umuhoza Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburanishwe ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Ingabire washinze ishyaka DALFA-Umurinzi ritemewe mu Rwanda, yatawe muri yombi tariki ya 19 Kamena 2025, hashingiwe ku cyemezo cy’Urukiko Rukuru rwa Kigali. Urukiko Rukuru rwafashe iki cyemezo nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma Ingabire akekwaho…

Soma inkuru yose

Ikirego cyatumye Chris Brown afungirwa mu Bwongereza gishobora gukurwaho

Chris Brown yumvikanye n’umugabo witwa Abraham Diaw, wamushinjaga icyaha cyo kumukomeretsa bikomeye akoresheje icupa. Abraham cyangwa se Abe Diaw yareze Chris Brown mu 2023, avuga ko uyu muhanzi yamukubise icupa rya tequila ubwo bari mu birori byabereye muri TAPE nightclub i Londres mu Bwongereza, ariko ku wa 27 Kamena 2025, Abe yashyikirije urukiko inyandiko zisaba…

Soma inkuru yose

Uko byari bimeze tariki ya 1 Nyakanga 1962, umunsi wahaye Abanyarwanda icyizere nyuma kikaraza amasinde

“Ibyo twari twizeye si byo twabonye, nakugereranyiriza nk’umugore waba utwite yizeye ko azabyara akana kazima, hanyuma agakuramo inda, ukabona ibintu wari wizeye si byo bibaye.” Ayo ni amagambo ya Mugesera Antoine, umwe mu bagize Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, mu kiganiro cyihariye na IGIHE, asobanura ko ibyo Abanyarwanda bari biteze nyuma y’uko igihugu kibonye Ubwigenge…

Soma inkuru yose

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe Umutekano wo mu Mazi, ryabonye umurambo w’umusore w’imyaka 19 warohamye mu cyuzi cya Rugeramigozi mu Karere ka Muhanga ubwo yari kumwe na bagenzi be mu bwato bwakoze impanuka bukarohama. Uyu musore witwa Niyonshuti Michel yarohamye ku wa Gatandatu w’icyumweru twaraye dusoje, umurambo we uboneka kuri iki Cyumweru tariki 29…

Soma inkuru yose

Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana

Umuhanzi Chriss Easy urimo guca mu bihe bitoroshye byo kubura umubyeyi we (nyina) hamwe na nyirakuru yateguje indirimbo yahimbiye nyina. Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, Chriss Easy yateguje indirimbo yise Naumia, avuga ko yayihimbiye nyina bari inshuti. Yanditse ati: “Sweetheart Mama, sinakuzanira indabo, sinabasha kugufata mu kiganza, ariko nagukoreye iyi ndirimbo ni yo mpano yonyine…

Soma inkuru yose
Rayon sport

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi babiri bashya, yongera amasezerano Serumogo

Myugariro Rushema Chris wakiniraga Mukura VS na Tambwe Gregoire uvuye muri Musongati FC y’iwabo i Burundi, basinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri. Ibi byatangajwe n’iyi kipe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Kamena 2025 ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Rushema Chris yari amaze imyaka ibiri muri Mukura VS yagezemo mu 2023 avuye muri Marines…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Habonetse andi mahirwe y’akazi

ITANGAZO RY’AKAZI  Ibitaro bya King Faisal, Rwanda –Ikigo cy’indashyikirwa mu gutanga serivisi z’ubuzima, uburezi mu by’ubuvuzi, no mu bushakashatsi.”Ibi ni ibihe bishimishije kuri King Faisal Hospital, Rwanda, kuko turi kwinjira mu cyerekezo gishya cy’iterambere. Ibitaro bikomeje kwaguka kubera kwamamara mu gutanga serivisi z’ubuvuzi zifite ireme Ukongeraho n’abaganga b’inzobere cyane, cyane cyane mu buvuzi n’ibikorwa byo…

Soma inkuru yose