
Imihanda ya Kigali yanditse amateka Chapman yafashije Australia gutwara Zahabu
Umunya-Australia Chapman Brodie yatangaje ko imihanda ya Kigali yari ingorabahizi ku bakinnyi mu gihe Australia yegukana umudali wa Zahabu mu isiganwa rya Team Time Trial Mixed Relay muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025, aho abagabo n’abagore bakinira hamwe nk’ikipe basiganwa n’igihe. Ku wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, Chapman yagaragaje ko iri siganwa ryari rigoye…