Perezida Ruto avuga ko aticuza gusaba Polisi kurasa abigaragambya mu kaguru
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko atigeze na rimwe yicuza kuba yarasabye Polisi kurasa mu kaguru bamwe mu rubyiruko rwari mu myigaragambyo yamaganaga ubutegetsi bwe. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye na Al Jazeera cyasohotse ku wa 9 Ugushyingo 2025, aho yasobanuye ko amagambo ye atari agamije guhohotera abaturage, ahubwo yari mu rwego rwo kurengera…
