Papa Sava yamurikiye abakunzi be filime “What a Day”
Umukinnyi wa filime Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava yamuritse filime nshya yise “What a Day”, mu birori yaraye akoze byo kwizihiza imyaka 30 amaze akora ubuhanzi. Ibi birori byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026 kuri Mundi Center. Byitabiriwe n’abantu b’ingeri zinyuranye biganjemo ibyamamare muri Sinema y’u Rwanda, aho…
