Inzobere mu ntambara zivuga ko gutwarwa upfutswe mu maso ari ibisanzwe
Iyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero. Col (Rtd) Mark Cancian wabarizwaga mu gisirikare kirwanira mu mazi akaba yarahoze ari umujyanama mukuru mu bijyanye no kurwanya abahungabanya…
