Meya wa Nyanza yatawe muri yombi nyuma yo kweguzwa na njyanama y’Akarere.

Ntazinda wayoboraga Akarere ka Nyanza yafunzwe nyuma y’amasaha make akuwe ku mwanya we Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, hashize amasaha make ahagaritswe ku mirimo ye. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Ntazinda yemejwe na Dr Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, ubwo yavuganaga n’ikinyamakuru IGIHE kuri…

Read More

Ese umukwe n’umugeni bazajya batanga umusoro? RRA irabivugaho iki?

Ku wa 14-04-2025, amakuru yacicikanye ku mbugankoranyambaga nka X, yakuruye impaka za ngo turwane. Aya makuru agaragaza ko abakora ubukwe bazajya bishyura umusoro. Ubuyobozi bwa RRA (Rwanda Revenue Authority) bubajijwe ku byiri tangazo bwagize buti: “Dushingiye ku makuru ari guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga, turamesha abantu Bose ko amakuru agendanye n’abatanga serivise (service) zishyurwa mu birori…

Read More

Trump yashinje Biden wahoze ayobora iki gihugu guteza intambara muri Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje Joe Biden yasimbuye ku butegetsi ari we wateye intambara yo muri Ukraine. Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko intambara iri hagati ya Ukraine n’u Burusiya yatangiye muri Gashyantare 2022 idakwiye kumwitirirwa, ahubwo ari iyatewe n’ubuyobozi bwa Joe Biden….

Read More

Abanyarwanda babiri basoje amasomo y’igisirikare mu Bwongereza

Abanyarwanda babiri barimo umuhungu wa Ambasaderi w’u Rwanda mu Budage, Igor Cesar, basoje amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Royal Military Academy riherereye i Sandhurst mu Bwongereza. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Busingye Johnston, yagaragaje ko Yuhi Cesar na Mugisha Blaine basoje amasomo tariki ya 11 Mata 2025. Ambasaderi Busingye yagize ati “Mushimirwe cyane…

Read More

Leta ya Congo igiye kujyanwa mu nkiko n’abaturage bayo

Abaturage batatu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bajyanye Leta yabo mu rukiko rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EACJ, bayishinja ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Masoso Bideri Antoinette ukomoka muri Minembwe, David Fati Karambi ukomoka i Goma na Mandro Logoliga Paul ukomoka muri Bunia, batanze iki kirego tariki ya 11 Mata 2025, bunganiwe n’abanyamategeko bane. Bagaragaje…

Read More

Michelle Obama yagize icyo avuga kuri gatanya iri gututumba hagati ye na Barack Obama

Michelle Obama yanyomoje amakuru yavugaga ko ari mu nzira za gatanya hagati ye n’umugabo we Barack Obama wahoze ayobora leta zunze umumwe z’Amerika Mu minsi yashize nibwo mu binyamakuru bitandukanye byo ku isi yose hakwirakwiye amakuru ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerka Barack Hussain Obama ashobora kuba atameranye neza n’umugore we Michelle…

Read More

Gakenke: Inyubako ya Leta imaze imyaka 23 idakoreshwa yashibutsemo ibiti 

Abaturage bo mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo mu Karere ka Gakenke, bababazwa n’inyubako ya Leta imaze imyaka igera kuri 23 itabyazwa umusaruro ikaba yarashibutsemo ibiti.  Abo baturage bifuza ko izo nyubako zatunganywa zikabyazwa umusaruro kuko Leta yazubatse izishoyeho akayabo. Abo baturage bavuga ko iyo nyubako yubatswe kugira ngo ibe ibiro by’Uturere twahuje  mu yahoze…

Read More

Byinshi ku bujura bwa Ndagijimana wahunganye amadolari akanagurisha inzu y’u Rwanda i Paris

Imwe mu nkuru zakurikiwe n’abantu benshi mu mwaka wa 2023, ni iyahishuwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ku bujura n’ubugambanyi bwa Jean-Marie Vianney Ndagijimana wagiriwe icyizere muri Guverinoma ya mbere nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Icyo gihe Perezida Kagame yahishuye ko yatorokanye amadolari y’Amerika arenga 200.000 mu gihe Igihugu…

Read More

Gabon: Brice Clotaire Oligui Nguema wahiritse Ali Bongo ku butegetsi, yatorewe kumusimbura

Gen Brice Clotaire Oligui Nguema uyoboye ubutegetsi bw’igisirikare bwari buyoboye Gabon mu nzibacyuho nyuma yo guhirika Ali Bongo ku wa 30 Kanama 2023, yatorewe kuba Perezida w’icyo gihugu. Minisiteri y’Umutekano mu gihugu yatangaje ko ibyavuye mu matora by’agateganyo, byagaragaje ko Gen Nguema yatsinze agize amajwi 90.35%. Mu Ugushyingo umwaka ushize, muri Gabon habaye referandumu yemeje…

Read More