Dore uko mugore yiberega mu ishyamba n'udukobwa twe 2

India: Dore uko mugore yiberega mu isenga n’udukobwa twe 2

Polisi yo m’Ubuhinde (India) yatangaje ko yavumbuye umugore ukomoka m’Uburusiya wiberaga mu ishyamba rya wenyine n’udukobwa twe tubiri (2). Nkuko byatangajwe n’apolisi yo m’Ubuhinde, uyu mugore yitwa Nina Kutina afite imyaka 40, akaba afite abana babiri umwe w’imyaka 6 n’undi w’imyaka 4, basanzwe mu musozi wa  Ramatirtha kamwe mu dusozi dukunda gusurwa n’abamukerarugendo, aka gasozi…

Soma inkuru yose
Inkweto zishaje cyane ku Isi

Ni zo nkweto zifite imyaka myinshi-Menya byinshi kuri izi nkweto

Abashakashatsi bo mu Bwongereza bataburuye urukweto rufite imyaka 2,000, aba bashakashatsi bagaragaje ko uru ari rwo rukweto runini cyane ku Isi-Ni urukweto rwataburuwe mu mbuga yo muri Roma. Aba bashakashatsi babwiye ikinyamakuru AFP ko bagiye gukora ubushakashatsi bwimbitse. Izo nkweto zifite uburebure burenga sentimetero 30, izo nkweto zataburuwe n’itsinda ry’abashakisha ibisigaratongo bo muri Vindolanda Charity…

Soma inkuru yose
Umugabo yaheze mu bwiherero

Umugabo yaheze mu bwiherero agiye gutabara Imbwa

Abashinzwe kuzimya inkongi barokoye umugabo wari wafatiwe mu bwiherero bw’ikibuga rusange  giherereye muri Leta ya Connecticut,  uyu mugabo yisanze muri ubu bwiherero ubwo yageragezaga gukuramo imbwa ye yari yisanze mu bwiherero ubwo imiryango yafungwaga ku buryo bwikora n’ijoro [Automatic]. Polisi yahampagajwe mu gitondo cyo ku cyumweru n’abakozi b’ahitwa Rockwell Park Ziherereye i Bristol kubera ko uyu…

Soma inkuru yose

Impumuro mbi yo mu kanwa iterwa ni ki ku bantu bakuze

Iyo umuntu akuze, umubiri we utangira guhindura impumuro cyane cyane iyo mu kanwa, uretse impumuro mbi yo mu kanwa usanga n’umubiri wose wibasirwa niyo mpumuro mbi. Abenshi bayita impumuro y’abantu bakuze. Dore impamvu 2 zishobora gutera iyo mpumuro mbi. 1. Ibi biterwa n’ikinyabutabire kitwa 2‑nonenal, giterwa n’uko amavuta ari ku ruhu atangira kwangirika bitewe nuko…

Soma inkuru yose

Musanze: Umumotari utwara moto anahetse umwana ashobora gukurikiranwa na polisi

Polisi y’u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo yakoze ibitemewe, ndetse ko uru rwego rwatangiye kubimubazaho. Ni nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y’umumotari utwaye moto mu mujyi wa Musanze mu Karere ka Musanze, anahetse umwana mu mpetso mu mugongo. Ni amashusho yazamuye impaka nyinshi, bamwe bibaza kuri uyu…

Soma inkuru yose

Munyakazi Sadate : Nigeze gukena kugera ku rwego ngurisha intebe zo mu nzu

Umunyemari akaba n’umuherwe Munyakazi Sadate yatangaje ko hari ibihe bibi yagize mu buzima bwe kugera ku rwego yakennye bikaba ngombwa ko agurisha intebe zo mu nzu kugirango abashe kuba yabona amafaranga. Ibi Munyakazi Sadate yabigarutseho mu kiganiro kihariye aheruka kugirana n’ikinyamakuru IGIHE, Muri iiki kiganiro yagarutse kuri byinshi abantu batazi cyangwa bajya bibeshyaho ku buzima…

Soma inkuru yose

Dore ibyiza byo kurarana amasogisi

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kurara wambaye amasogisi byongerera umuntu amahirwe yo gusinzira vuba ugereranyije n’umuntu uryamye atayambaye, ndetse bikanongera igihe umuntu amara asinziriye. Inzobere mu kuvura indwara zo mu mutwe zishingiye ku bitotsi mu bitaro bya Cleverland, yashimangiye ko kwambara amasogisi ugiye kuryama bituma umubiri ugira ubushyuhe ibitotsi bikihuta kuza. Asobanura ko mu masaha y’amanywa umubiri…

Soma inkuru yose

Umwana washimishije abantu! Udushya turikuranga pasika 2025.

Ku wa 20 Mata 2025, ni bwo abemera Yesu/Yezu kirisitu (Christ ) bazibuka urupfu ndetse n’izuka ry’umukiza Yesu/Yezu. Mugihe bitegura kwibuka izuka rya Yesu/ Yezu hari udushya twagiye tugaragara dusa naho tutazibagirana. Muri iyi nkuru twagukusanyirije utwo dushya. 1) Umwana wagaragaye aririmba mu buryo budasabzwe. Uyu mwana uririmba muri Chorale “Peur Cantores Mutungu”. Uyu mwana…

Soma inkuru yose