CYIZA Theogene

Professional Writer & Knowledge Enthusiast Creating meaningful content that informs and inspires. 📞 +250 791 972 215 ✉️ cyizatheogene777@gmail.com

Bugesera: Umusaza w’imyaka 80 yafashwe ari kugerageza kwisayidira ku mugore w’abandi

Umusaza w’imyaka 80 wo mu Karere ka Bugesera yafashwe ari kumwe n’umugore w’undi mugabo, ibyabereye mu Mudugudu wa Kigusa, Akagari ka Musenyi, Umurenge wa Musenyi. Amakuru yatangajwe na TV na Radio 1 avuga ko umugabo wari ugiye gushaka umugore we kugira ngo bajye gusangira akabenzi, yamusanze mu nzu ari kumwe n’uyu musaza. Umugabo wari uherekejwe…

Soma inkuru yose

Philippines: Ubwato bwahiye, abantu batanu barapfa abandi 87 baburirwa irengero

Ubwato bw’abagenzi bwitwa: MV June Aster bwafashwe n’inkongi y’umuriro hafi ya Coron, muri Philippines, bituma abantu batanu bapfa, abandi 87 baburirwa irengero mu gihe ibikorwa byo gushakisha no gutabara bikomeje. Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 9 Nzeri 2026, ubwo MV June Aster yari mu rugendo ivuye i Manila yerekeza…

Soma inkuru yose

Uganda: Umuhanzi Pallaso yatunze agatoki abakomeje guca intege iterambere rye muri muzika

Umuhanzi w’Umunya-Uganda, Pallaso, yavuze ko hari abantu atavuze amazina akomeje kugira uruhare mu bikorwa bigamije kubangamira no guca intege iterambere rye mu muziki. Pallaso yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ryo muri Uganda, aho yashinje promoter Abbey Musinguzi uzwi nka Abitex kuba ari gukoreshwa n’abantu bamwe mu rwego rwo kumwangiriza umwuga. Uyu muhanzi yavuze ko hari…

Soma inkuru yose

Ibijumba: Isoko y’intungamubiri n’akamaro bifitiye umubiri

Ku bantu bageze mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye, bashobora kuba bibuka izina “Ipomoea batatas”, ari ryo zina ry’ikimera cyera ibijumba. Ibijumba ni kimwe mu biribwa bikunze kuboneka mu Rwanda no mu bindi bice by’isi. Bigira amabara atandukanye, haba ku gishishwa cy’inyuma ndetse no ku mubiri w’ikijumba imbere. Ku gishishwa ushobora gusanga ibijumba bitukura, umuhondo…

Soma inkuru yose

Menya igihe gukoresha WhatsApp n’izindi mbuga nkoranyambaga bishobora kuvamo icyaha

Gutukana, gusebanya, gukwirakwiza amakuru y’ibanga, kwiyitirira undi muntu cyangwa kohereza ubutumwa bw’ibikangisho kuri internet si buri gihe bifatwa nk’urwenya. Mu Rwanda, ibikorwa nk’ibi bishobora kugira ingaruka mu rwego rw’amategeko bitewe n’uburyo byakozwemo n’ingaruka byateje. Muri iki gihe, telefoni n’imbuga nkoranyambaga nka WhatsApp, Facebook, Instagram, TikTok na X bimaze kuba igikoresho gikomeye mu itumanaho. Umuntu ashobora…

Soma inkuru yose

Ese ni kubera iki ushobora kubura imihango kandi udatwite ?

Kubura imihango bishobora gutera impungenge, cyane cyane ku muntu uzi neza ko atigeze akora imibonano mpuzabitsina kandi akaba atumva impamvu imihango itaje. Nubwo rimwe na rimwe imihango ishobora gutinda bitewe n’impinduka zisanzwe mu mubiri, kubura imihango mu gihe cy’amezi atatu cyangwa arenga ni ikibazo gikwiye kwitabwaho no kuganirwaho n’umuganga. Ni iki gishobora gutera kubura imihango?…

Soma inkuru yose

Muri Kenya: Abacuruzi bato b’abarundi ntiborohewe

Abarundi benshi bari bamaze igihe bakorera muri Kenya mu bikorwa by’ubucuruzi buto batangiye gusaba ubufasha bwo gutaha bagasubira iwabo mu Burundi, nyuma y’uko gahunda nshya yo kugenzura abanyamahanga bakora imirimo nk’ubuzunguzayi itangiye gushyirwa mu bikorwa. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026, Ambasade y’u Burundi i Nairobi yakiriye abantu benshi bashaka kumenya icyo…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yihanganishije Samia Suluhu Hassan wapfushije umugabo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yihanganishije mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, nyuma y’urupfu rw’umugabo we, Hafidh Ameir Hassan, witabye Imana kuri uyu wa Mbere tariki ya 7 Nzeri 2026. Hafidh Ameir Hassan yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, ubwo yari arimo kuvurirwa mu Bitaro bya Emilio Mzena biherereye…

Soma inkuru yose

Sesame: Akabuto gato karimo intungamubiri zitandukanye zifitiye umubiri akamaro

Sesame ni utubuto duto dukunze gukoreshwa mu mafunguro atandukanye, tukaribwa twonyine, tukongerwa ku biribwa cyangwa tugakorwamo amavuta. Nubwo utu tubuto dusa n’utudafite uburemere, turimo intungamubiri zitandukanye zishobora kugira uruhare mu mikorere myiza y’umubiri. Mu bigize sesame harimo fibre, poroteyine, zinc, umuringa ndetse n’ibinyabutabire birinda uturemangingo kwangirika, bigatuma iba kimwe mu biribwa bishobora kunganira indyo yuzuye….

Soma inkuru yose

Muhanga: Umugabo yafatanwe udupfunyika 2,213 tw’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga, ku bufatanye n’abaturage, yafashe umugabo w’imyaka 40 ukekwaho gukwirakwiza urumogi, asanganwa udupfunyika 2,213 tw’urumogi. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Kanama 2026, mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gitarama, Umudugudu wa Nyabisindu, aho uyu mugabo yafatiwe iwe mu rugo. Amakuru y’ibanze agaragaza ko urwo…

Soma inkuru yose

Amajyepfo: Polisi ivuga ko ibyaha byagabanutse nyuma yo guca ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ivuga ko ibikorwa byo kurwanya ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, birimo ibizwi cyane ku izina ry“ibyuma”, byagize uruhare mu kugabanya ibyaha n’imyitwarire ibangamira umutekano mu Ntara y’Amajyepfo. Ibi byagarutsweho ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2026, mu bukangurambaga bukomeje gukorerwa mu bice bitandukanye by’Intara y’Amajyepfo, bugamije kurandura ibinyobwa bitujuje ubuziranenge no gukumira ingaruka…

Soma inkuru yose

Shema Ngoga yasabiwe gufungwa iminsi 30 ku byaha bifitanye isano na sheki za $600,000

Ubushinjacyaha bw’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge bwasabiye Umunyemari akaba na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu rubanza aregwamo ibyaha bibiri bifitanye isano no gutanga sheki zitazigamiye zifite agaciro ka $600,000. Shema yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 27 Kanama 2026, nyuma y’iminsi…

Soma inkuru yose

Muri Nepal: Umwuzure n’inkangu byahitanye abantu 160, abandi amagana baburirwa irengero

Abatabazi muri Nepal bakomeje ibikorwa byo gushakisha abantu baburiwe irengero nyuma y’umwuzure ukomeye n’inkangu byibasiye agace kari ku mupaka wa Nepal na Tibet ku wa Gatatu, tariki ya 26 Kanama 2026. Nk’uko Rwanda Taarifa yabitangaje, ibibarafu byo mu misozi ya Himalaya byasenyutse bigwa mu migezi, bituma amazi atumbagira mu buryo butunguranye arenga inkombe, ateza umwuzure…

Soma inkuru yose

Umunyamerika Dolly Parton yitabye Imana ku myaka 80, asiga amateka akomeye

Umuhanzikazi w’icyamamare muri muzika ya country Dolly Parton, ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Akaba yaravukiye muri Tennessee ku wa 14 Mutarama 1946, yapfuye ku wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2026, afite imyaka 80, nyuma yo kumara igihe gito ahanganye na kanseri. Nk’uko Taarifa Rwanda yabitangaje, urupfu rwa Dolly Parton rwababaje abakunzi…

Soma inkuru yose

Burya amarira ni ikintu cy’ingenzi mu buzima

Mu muco nyarwanda hari imvugo igira iti “nta mugabo urira”, ndetse hakaba n’abavuga ko “amarira y’umugabo atemba ajya mu nda.” Icyakora, burya kurira si ikimenyetso cy’intege nke gusa. Mu bihe bimwe na bimwe, bishobora kuba uburyo umubiri n’umutima bigaragazamo kandi bigasohoramo amarangamutima. Mu Buyapani, ,hamaze kugaragara ibikorwa bizwi nka “crying clubs”, aho abantu bahurira ahantu…

Soma inkuru yose

Ibintu by’ingenzi ugomba kuzirikana mbere yo guha umwana Paracetamol

Iyo umwana muto afite umuriro, ababyeyi benshi bahita bahangayika, cyane cyane ko umwana aba adashobora gusobanura neza aho ababara cyangwa aho afite kibazo. Umuriro ushobora kujyana no kurira cyane, kubura ubushake bwo kurya no kunywa ndetse n’umwuma. Nubwo umuriro ari ikimenyetso gikunze gutera impungenge, abaganga b’abana bagaragaza ko ubwawo wonyine atari indwara, ahubwo ushobora kuba…

Soma inkuru yose

Tanzania: Visi Perezida Nchimbi yeguye ku mirimo ya Leta na Politiki

Dr. Emmanuel John Nchimbi yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Tanzania, nyuma y’igihe kitageze ku mwaka umwe awutangiye. Nk’uko itangazo ry’Ibiro bya Visi Perezida muri Dodoma ribivuga, Nchimbi yashyikirije Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ibaruwa isezera ku mirimo ye ku wa Kabiri, tariki ya 25 Kanama 2026. Muri iryo tangazo, Nchimbi yavuze ko…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yanenze imyemerere y’amarozi muri ruhago y’u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko imyemerere ijyanye n’amarozi, kuraguza n’indi myitwarire idakwiye biri mu bibazo bikibangamira iterambere rya ruhago y’u Rwanda. Ibi Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa 24 Kanama 2026, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, ubwo yasubizaga ku bibazo bikibangamiye iterambere rya siporo mu Rwanda. Nk’uko Umuseke wabigaragaje, Perezida Kagame yavuze ko…

Soma inkuru yose

Uganda: Kasuku yavuze ko Ray G ashobora kuzaba umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri 2028

Umusesenguzi w’imyidagaduro wo muri Uganda, Gossip monger Kasuku, yatangaje ko umuhanzi Ray G ukomoka mu Burengerazuba bwa Uganda ashobora kuzaba ari we muhanzi uzwi cyane kandi ufite izina rikomeye kurusha abandi muri icyo gihugu mu myaka ibiri cyangwa itatu iri imbere. Kasuku ashingira ku buryo Ray G agenda amenyekana mu gihugu, uko ategura umuziki we…

Soma inkuru yose

Ibinyobwa gakondo mu birori bigiye kujya bisabirwa uruhushya ku mudugudu

Amabwiriza agenga itunganywa ry’ibiribwa n’ibinyobwa gakondo bikorerwa mu miryango ateganya ko umuntu uzajya ashaka gutunganya ibinyobwa gakondo bizakoreshwa mu birori cyangwa iminsi mikuru agomba kuzajya abanza kubisabira uruhushya. Aya mabwiriza agamije kunoza uburyo ibiribwa n’ibinyobwa gakondo, birimo ubushera, ikigage, umutobe, urwagwa n’ibindi, byari bisanzwe bitegurwa, byengwa, bibikwa kandi bikanyobwamo, mu rwego rwo gukumira ihumana rishobora…

Soma inkuru yose

Urutonde rw’Amashuri Yemerewe Gucumbikira Abanyeshuri mu Rwanda

Igihugu: Repubulika y’u Rwanda Itariki y’inyandiko: 13 Kanama 2026 Ubwoko bw’amashuri: Amashuri acumbikira abanyeshuri Intara zikubiye muri uru rutonde: Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru Incamake Repubulika y’u Rwanda yashyize ahagaragara urutonde rw’amashuri yemewe kandi acumbikira abanyeshuri mu Ntara enye z’u Rwanda zirimo Intara y’Iburasirazuba, Amajyepfo, Iburengerazuba n’Amajyaruguru. Aya makuru afasha abanyeshuri, ababyeyi n’abandi bafite aho bahurira…

Soma inkuru yose

Mu burasirazuba: Hatangiye gufungurwa buhoro buhoro amasoko y’amatungo

Guverinoma y’u Rwanda yatangiye gufungura buhoro buhoro amasoko y’amatungo mu turere tune two mu Ntara y’Iburasirazuba, nyuma y’uko indwara ya Rift Valley Fever (RVF) imaze iminsi yibasiye amatungo itangiye kugabanuka. Nk’uko Ijari News yabitangaje, iki cyemezo cyafashwe nyuma y’ingamba zitandukanye zari zarashyizweho mu rwego rwo kurwanya no gukumira ikwirakwira ry’iyi ndwara yibasira amatungo. Amasoko yatangiye…

Soma inkuru yose

Huye: Polisi yahuguye abakozi n’abarwaza ku gukumira no kurwanya inkongi y’umuriro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo yahuguye abayobozi, abakozi ndetse n’abarwaza bo mu bitaro bya Kabutare mu karere ka Huye , uburyo bwo gukumira no kurwanya inkongi y’umuriro, ndetse n’uko bakwitwara mu gihe inkongi ibaye. Aya mahugurwa yatanzwe mu rwego rw’ubukangurambaga Polisi y’u Rwanda ikomeje gukora ku bufatanye n’abaturage ndetse n’izindi nzego, hagamijwe kwirinda…

Soma inkuru yose

Kurikira Umuhango w’itangazwa ry’amanota ya P6 na O’Level 2025/2026 Live

Minisiteri y’Uburezi iri gutangaza ku mugaragaro, amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, umwaka w’amashuri wa 2025/2026 kuri uyu wa Kane, tariki ya 20 Kanama 2026. Uyu muhango uri kubera i Camp Kigali, ahari abanyeshuri, ababyeyi, abarimu n’abandi bafatanyabikorwa mu rwego rw’uburezi. Amakuru ya NESA agaragaza ko ibizamini bya Leta bisoza…

Soma inkuru yose

Manzi Thierry yatandukanye na Al Ahli Tripoli nyuma y’imyaka itatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Manzi Thierry, yatandukanye na Al Ahli Tripoli yo muri Libya nyuma y’uko impande zombi zumvikanye ku iseswa ry’amasezerano. Nk’uko UkweliTime yabitangaje, Al Ahli Tripoli ku wa Gatatu, tariki ya 19 Kanama 2026, yatangaje ko urugendo rwa Manzi muri iyi kipe rurangiye, nyuma y’imyaka irenga itatu yari amaze ayikinira. Uyu myugariro w’imyaka…

Soma inkuru yose

Kenya: Abantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu

Indege ya kajugujugu yari itwaye ba mukerarugendo yakoze impanuka mu gace ka Samburu, mu Majyaruguru ya Kenya, hafi y’umusozi wa Ololokwe, ihitana abantu barindwi bari bayirimo. Amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Kenya nk’uko IndexBox yabitangaje agaragaza ko iyo kajugujugu yo mu bwoko bwa Eurocopter EC130 B4 yakoze impanuka kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19…

Soma inkuru yose

Burundi: Abantu 2 bakekwaho gukoresha inyandiko mpimbano mu bucuruzi bw’intwaro batawe muri yombi

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Burundi bwatangaje ko bwatangiye gukurikirana abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gucuruza no kwinjiza intwaro mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bakoresheje inyandiko mpimbano. Mu itangazo ryatanzwe ku wa Kabiri n’Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi, Rose Nkorerimana, yavuze ko hari itsinda ririmo abanyamahanga n’abarundi bakekwaho gukoresha inyandiko mpimbano mu kugerageza kwinjiza…

Soma inkuru yose

Muri Afurika y’Epfo: Ibigo Byasabwe Kwitegura Ihindagurika rya AI

Ibigo byo muri Afurika y’Epfo byasabwe gushyiraho uburyo burambye bwo gukoresha ubwenge buhangano (AI), mu gihe iri koranabuhanga rikomeje guhindagurika ku muvuduko uri hejuru ku buryo ibyubatswe mu isi y’ikoranabuhanga uyu munsi nyuma y’iminsi mike bishobora kuba bitagihagije. Nk’uko IAfrica yabitangaje, Andrew Rushworth, uyobora ishami rya Microsoft Power Platform muri Braintree, avuga ko ibigo bitagomba…

Soma inkuru yose

Kuki ushobora gusoma ku nzoga bikarangira ukomeje kugeza utaye ubwenge ?

Ese nawe ujya wibaza impamvu hari igihe inzoga zishobora gutuma umuntu akomeza kuzinywa nubwo yaba yari yihaye intego yo kunywa nke cyangwa kuzireka burundu ? Hari igihe umuntu ashobora gutangira kunywa inzoga yiyemeje ko ari bunywe nke, ariko nyuma akaza gusanga yakomeje kuzinywa kugeza aho atakibasha no kwigenzura. Ibi bishobora guhita bigaragaza uburyo inzoga zigira…

Soma inkuru yose

M. Iréné yanenze serivisi yahawe na Manager wa Intare Arena mu bukwe bwe

Umunyamakuru Murindahabi IrĂ©nĂ©, uzwi cyane nka M. IrĂ©nĂ©, yanenze serivisi yahawe n’Umuyobozi (Manager) wa Intare Conference Arena mu birori by’ubukwe bwe, ashimangira ko imyitwarire ye itari myiza. M. IrĂ©nĂ© yashyingiranywe na Nishimwe Liliane mu bukwe bwabereye kuri Intare Arena ku Gisozi ku wa 15 Kanama 2026, nyuma y’uko aba bombi bari bamaze kwemeranya kurushinga ndetse…

Soma inkuru yose

Ibimenyetso bishobora kukwereka ko utanywa amazi ahagije

Amazi ni ingenzi cyane mu mubiri, kuko agira uruhare runini mu mikorere y’uturemangingo n’ingingo zitandukanye. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu nkari, ibyuya, guhumeka n’ibindi bikorwa, bityo akaba agomba guhora asimbura ayo uba watakaje kugira ngo wirinde umwuma. Amazi umuntu akenera ku munsi ntangana kuri bose. Biterwa n’imyaka, uko umuntu akora, ikirere, ubuzima bwe…

Soma inkuru yose

Ese wowe uzi umumaro wihishe inyuma yo gusura ?

Gusura ni kimwe mu bikorwa bisanzwe bibaho mu buzima bwa buri munsi, kandi bigira uruhare mu mikorere myiza y’urwungano ngogozi. Nubwo hari abantu babifata nk’ibintu biteye isoni, umusuzi ni igikorwa gisanzwe cy’umubiri guhuriweho n’ibiremwa byose bihumeka. Nk’uko inkuru yasohowe na Umuti Health ibivuga, umuntu usanzwe ashobora gusura hagati y’inshuro 5 na 10 ku munsi. Icyakora…

Soma inkuru yose

Nyaxo yahishuye ko gahunda yo guca ibinyobwa bitujuje ubuziranenge yamuhombeje Miliyoni 5 Frw

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier, uzwi cyane nka Nyaxo, wamamaye muri sinema Nyarwanda by’umwihariko mu gutera urwenya, yavuze ko gahunda yo guca no guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge yamuhombeje amafaranga agera kuri miliyoni 5 Frw. Nyaxo yabivuze nyuma y’uko mu minsi ishize inzego bireba zatangiye ibikorwa byo kugenzura no guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, bikaba byaragejeje ku ifungwa ry’inganda…

Soma inkuru yose

Inyuma y’inkundura y’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, ibya FDA Leta ibigarutseho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu 18 bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ikorwa n’itangwa ry’ibyangombwa ku binyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge. Mu berekanywe harimo Prof Emile Bienvenu, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA. Abandi ni abakozi b’ibigo bya Leta bitandukanye, barimo 10 bakorera Rwanda FDA, abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gisuzuma Ubuziranenge (RSB), ndetse n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa…

Soma inkuru yose

Uganda: Hateye indwara itaramenyekana yica umuntu mu minsi 2 gusa

Abaturage bo mu gace ka Rakai muri Uganda basabwe gukomeza kuba maso nyuma y’indwara itaramenyekana neza imaze guhitana abantu bane mu bice bya Muddala, Kyakabikwa na Kyabigondo, mu Murenge wa Lwamagwa. Nk’uko Taarifa Rwanda ibitangaza, iyi ndwara iteye impungenge kubera uburyo yibasira uyirwaye ndetse n’umuvuduko ifite bityo ikaba ishobora gutera ibibazo bikomeye ku buzima bw’abaturage….

Soma inkuru yose

Kenya yatangaje ko inzoga zayo zaciwe mu Rwanda zujuje ubuziranenge

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko inzoga eshanu zo muri icyo gihugu zaciwe kugurishwa ku isoko ry’u Rwanda zari zujuje ubuziranenge, nyuma y’uko hagaragaye impungenge ku bipimo byazo. Nk’uko Ukweli Times yabitangaje, Kenya Bureau of Standards (KEBS) yatangaje ko inzoga eshanu zo muri Kenya ziherutse guhagarikwa mu Rwanda, zirimo: Kenya King Gin, Safari Gin, na Gilbey’s…

Soma inkuru yose

Urubyiruko rw’u Rwanda mu nzira itoroshye yo kwiyubakira ubuzima

Mu Rwanda, urubyiruko rwinshi rwinjira mu buzima bw’ubukure rufite inzozi, amashuri, ubumenyi n’ikoranabuhanga birenze ibyo ibisekuruza byarwo byarubanjirije byari bifite. Ariko kuri benshi, kugera ku bwigenge bw’ubukungu no kwiyubakira ubuzima bwigenga bigakomeza kuba urugendo rutoroshye. Umusore cyangwa umukobwa ashobora kuba afite impamyabumenyi, telefoni igezweho n’ubushobozi bwo kubona amakuru menshi mu kanya gato, ariko ibyo ntibimubuze…

Soma inkuru yose

Afurika Ishaka Gukoresha AI mu Kubaka Ubukungu no Gukemura Ibibazo Byayo

Ikiganiro cya Afurika kibanda kuri AI Kigiye mu Cyiciro Gishya Ikibazo ntikikiri ukumenya niba Afurika yiteguye gukoresha ubwenge buhangano (AI), ahubwo ni ukumenya icyo izakora na bwo. Mu bijyanye n’ingufu, ibikorwa remezo, ubucuruzi na politiki, Afurika iri gushyiraho imfatiro z’ubukungu bushingiye kuri AI, ariko bukazashingira ku byihutirwa n’ibyihariye ku mugabane. Abideen Sobanke ari kubaka ikoranabuhanga…

Soma inkuru yose

Huye: Abakorera mu isoko rya Rango bahuguwe ku gukumira no kurwanya inkongi z’umuriro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yahuguye abarema n’abakorera mu isoko rya kijyambere rya Rango mu Karere ka Huye, ibereka uburyo bwo kwirinda, gukumira no guhangana n’inkongi z’umuriro kuri uyu wa 8 Kanama 2026. Aya mahugurwa yari agamije kongerera abitabiriye ubumenyi bw’ibanze ku nkongi z’umuriro, kugira ngo igihe habaye impanuka bashobore gufata ingamba zihuse…

Soma inkuru yose