Ku wa 14-04-2025, amakuru yacicikanye ku mbugankoranyambaga nka X, yakuruye impaka za ngo turwane. Aya makuru agaragaza ko abakora ubukwe bazajya bishyura umusoro.
Ubuyobozi bwa RRA (Rwanda Revenue Authority) bubajijwe ku byiri tangazo bwagize buti:
“Dushingiye ku makuru ari guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga, turamesha abantu Bose ko amakuru agendanye n’abatanga serivise (service) zishyurwa mu birori asazwe asabwa mu rwego rwo gukurikirana ko abakora imirimo ibyara inyungu muri icyo kiciro cy’ubucuruzi banditswe Kandi bubahiriza amategeko y’imisoro”
Tugendeye ku byatagajwe n’ubuyobozi bwa RRA (Rwanda Revenue Authority) bivuze ko nta misoro izajya yakwa abageni ahubwo izajya itangwa n’aho bakorera ubukwe hazwi nka “Sale”.
Dore inyandiko ya RRA

ntago bikwiye pee