Amasubyo mu bucuruzi bw’impu mu Rwanda
Ihuriro ry’Abatunganya Ibikomoka ku Mpu mu Rwanda ryatangaje ko iterambere ry’uru rwego rikibangamirwa no kutagira uruganda rutunganya impu imbere mu gihugu, bigatuma abacuruzi bohereza impu zitunganyijwe hanze ku giciro gito, nyuma bakazisubirana zihenze. Kamayirese Jean d’Amour, Umuyobozi w’iri huriro, yavuze ko hakenewe ubufatanye bwa Leta n’abashoramari kugira ngo habeho uruganda rutunganya impu mu Rwanda. Yagize…
