Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Itangazo rireba abifuza akazi

GardaWorld Rwanda Ltd irifuza gutanga akazi ko gucunga umutekano ku bantu bose babyifuza kandi bujuje ibi bikurikira: ABAFUZA AKA KAZI BAZAZANA IBYANGOMBWA BIKURIKIRA IKITONDERWA: Abifuza aka kazi bazazana ibyangombwa aho GARDAWORLD ikorera amahugurwa Kicukiro-Nyanya haruguru y’ikigo bategeramo imodoka. Dukora buri munsi mu minsi y’akazi, guhera saa mbili (8:00 Am) kugeza saa kumi (4:00 Pm) Ku…

Soma inkuru yose
Gukorera Provizwali

Iga Amategeko y’umuhanda

Kwiga ibyapa 2. Iki cyapa cyivuga iki? 3. Icyapa gikurikira kivuze iki? 4. Inzira nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri, uruhande rw’ibumoso rudufasha iki ? 5. Iki cyapa gisobanura iki ? 6. Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe shusho? 7. Ni kihe cyapa cyerekena ko nta kinyabiziga gifite moteri cyemerewe kuhanyura? 8. Iki cyapa gisobanura iki ? 9. Imbere…

Soma inkuru yose
Ibibwana

Muri Congo abantu bafatanywe ibibwana by’intare bigiye kubakoraho

Abantu batandatu batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibyana bitatu by’intare ubwo bari mu muhanda wa Kasenga mu bilometero bicye uvuye i Lubumbashi mu Ntara ya Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bantu batandatu bafashwe mu cyumweru gishize tariki 08 Kanama 2025, boherejwe ku biro by’Ubushinjacyaha bw’Urukiko rwisumbuye rwa Lubumbashi kugira ngo basobanure…

Soma inkuru yose

Perezida Donald Trump yagaragaje ko yanyuzwe n’umwihariko w’Umuganda mu Rwanda

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yashimishijwe n’igikorwa cy’Umuganda rusange gikorwa mu Rwanda, aho abaturage bafata umunsi umwe mu kwezi bagasohoka bagakora ibikorwa by’isuku n’iterambere rusange Ibi yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, avuga ko yanyuzwe n’iyi gahunda, ndetse agaragaza ko ari urugero rwiza igihugu cye cyakwigiraho….

Soma inkuru yose
Indangamuntu

Icyumweru cy’irangamimerere gikemura byinshi ku mwirondoro w’umuntu

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kanama 2025, haratangira icyumweru cyahariwe irangamimerere, aho ibibazo bijyanye na serivisi zaryo, zifasha kuba ku gihe ku bijyanye n’irangamimerere. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ishishikariza abaturarwanda kwitegura, bakagana inzego bireba kugira ngo, amakuru yabo abe yuzuye kandi ajyanye n’igihe, cyane cyane muri iki gihe ikoranabuhanga rikataje mu nzego zitandukanye z’ubuzima…

Soma inkuru yose

Putin yahaye umunyamerika igihembo cy’ishimwe

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yageneye intumwa yihariye ya Donald Trump igihembo cy’ubutwari, cyahawe umuyobozi ukomeye muri CIA ufite umwana wapfiriye arwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara ya Ukraine. Nk’uko bitangazwa na BBC, Putin yahaye Steve Witkoff, intumwa ya Trump, umudali w’ishimwe mu ruzinduko yagiriye i Moscow muri iki cyumweru. Aba bombi bagiranye ibiganiro…

Soma inkuru yose
Tyla

Tyla yahishuye ko indirimbo water yamuzaniye ibibi byari bigiye gutuma areka umuziki

Tyla uri mu bahanziakazi bagezweho ku mugabane w’Afurika, yavuze ko indirimbo ye “Water” yatumye yegukana igihembo cya Grammy ariko yanamuzaniye ibicantege byinshi. Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Tyla yavuze ko nubwo indirimbo “Water” yatumye yegukana igihembo cya Grammy yari igeye gutuma areka umuziki burundu. Amaze kwegukana Grammy mu kiciro cya “Best African Music Performance” mu…

Soma inkuru yose
Job in Rwanda/ Akazi mu rwanda

Amahirwe ya kazi ko muri hotel

Ubuyobozi bwa EAST GATE HOTEL ishami rya Ngoma, Kirehe. Gatsibo na Burera, buramenyensha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi n’ubushake ko bwifuza gutanga akazi ku myanya ikurikira: Usaba akazi agomba kuba: Uwujuje ibisaba kandi akaba akeneye akazi, agomba kuba yagejeje ibaruwa isaba akazi yandikiwe Umuyobozi mukuru waho Hotel iherereye ishami rya Ngoma, mubiro by’umukozi ushinzwe…

Soma inkuru yose
DirectAid

DirectAid irigutanga amahirwe yo kurihirwa amashuri ku buntu

ITANGAZO KWAKIRA ABANA B’IMFUBYI BAKENNYE BIFUZA KWIGA MU BIGO BY’AMASHURI BICUMBIKA BYA DIRECTAID DIRECTAID ku bufatanye n’UMURYANGO W’ABISLAM MU RWANDA (RMC) iramenyesha abantu bose ko yatangiye kwakira dosiye z’abana b’imfubyi bakenye bashaka kwiga mu bigo byayo, ari byo: AMABWIRIZA YO KWEMERERWA Umwana ushaka guhabwa ubwo bufasha yuzuza ibi bikurikira: IBYANGOMBWA BISABWA Umwana usaba agomba gutanga…

Soma inkuru yose
AFC/23 M23

FARDC yabujije abasirikare bayo gutera AFC/M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyabujije abasirikare bacyo kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu. Ubu butumwa bwa Télégramme bwanditswe n’ubuyobozi bwa FARDC bumenyesha abasirikare ba RDC ko bagomba kubahiriza gahunda z’amahoro zikomeje. FARDC yamenyesheje aba basirikare ko “umwanzi nabatera”, bagomba gusubizanya imbaraga nyinshi, bagahangana na we. Ese urashaka…

Soma inkuru yose

Umunyarwenya burikantu yarekuwe nyuma y’iminsi micye afunzwe azira abakobwa.

Mwitende Abdoulkarim uzwi nka Burikantu kumbuga nkoranyambaga wari watawe muri yombi azira gufungirana abana b’abakobwa yongeye kurekurwa. Mu minsi ishize ku mbugankoranyambaga hakwirakwijwe amakuru ko umunyarwenya Burikantu yatawe muri yombi, aya makuru yanemejwe n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB. Bivugwako uyu musore yatawe muri yombi azira gukingirana abana b’abakobwa babiri, bivugwa ko aba bakobwa bashwanye na Burikantu bapfa…

Soma inkuru yose
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe. Yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu Dr Nsengiyumva yari asanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu, umwanya yagiyeho ku wa 25 Gashyantare 2025. Asimbuye Dr Edouard Ngirente wari kuri izi nshingano kuva mu 2017. Mbere yaho, yabaye Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburezi kugeza…

Soma inkuru yose
Dore uko mugore yiberega mu ishyamba n'udukobwa twe 2

India: Dore uko mugore yiberega mu isenga n’udukobwa twe 2

Polisi yo m’Ubuhinde (India) yatangaje ko yavumbuye umugore ukomoka m’Uburusiya wiberaga mu ishyamba rya wenyine n’udukobwa twe tubiri (2). Nkuko byatangajwe n’apolisi yo m’Ubuhinde, uyu mugore yitwa Nina Kutina afite imyaka 40, akaba afite abana babiri umwe w’imyaka 6 n’undi w’imyaka 4, basanzwe mu musozi wa  Ramatirtha kamwe mu dusozi dukunda gusurwa n’abamukerarugendo, aka gasozi…

Soma inkuru yose
Umuyobozi w’urubyiruko yishwe na Wazalendo

Umuyobozi w’urubyiruko yishwe na Wazalendo

WALIKALE: Umuyobozi w’urubyiruko i Waloa Yungu, muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yishwe arashwe n’inyeshyamba zibumbiye mu ihuriro rya Wazalendo, rikorana na Leta ya RDC. Uyu muyobozi yishwe ku wa Gatandatu, tariki ya 19 Nyakanga 2025, arashwe n’abo barwanyi bo mu mutwe witwa Mouvement d’Action pour le Changement (MAC). Amakuru avuga ko nyakwigendera…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yasobanuye impamvu isomo rya mudasobwa ryakuwe mu mashami y’amashuri yisumbuye

Minisitiri w’Uburezi, Bwana Nsengimana Joseph, yatangaje ko mu mavugurura mashya y’imyigire mu mashuri yisumbuye, isomo ryihariye rya mudasobwa (computer science) ryakuwe mu mashami asanzwe ryigagamo, rikazajya ryigishwa mu mashuri abifitiye ubushobozi cyangwa ku babihisemo by’umwihariko. Ibi yabivuze ku wa 20 Nyakanga 2025 mu kiganiro “Urubuga rw’Itangazamakuru”, ubwo yasobanuraga impamvu n’inyigo by’iri vugurura. Yasobanuye ko aho…

Soma inkuru yose