Google Docs ubu ifite ubushobozi bwo guhindura inyandiko ikayishyira mu majwi

Ikigo Google cyahaye porogaramu ya ‘Google Docs’ uburyo buhindura inyandiko amajwi, bikozwe na porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano ya Gemini. Niba uri kwandika ibintu runaka ariko ugashaka kubyumva ukoresheje ijwi, aho gufata umwanya ujya kubisoma, hari aho uzajya ukanda kuri ‘Google Doc’ uri kwandikiraho, ibyo wanditse bihindukemo ijwi. Google kandi yashyizeho ubundi buryo bw’ikoranabuhanga buzajya bufasha…

Read More

Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champion League.

Umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wa nyuma wa Champion League. Abicishije kuri Instagram, umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wanyuma wa Arsenal. Mu butumwa yageneye HE yagize ati: “Sinigeze nshidikanya ku Mana kuva navuka, nyuma yo kubona Arsenal vs Real Madrid to…

Read More

Kigali: Umugore yamennye isombe ishyushye ku mugabo we

Umugore w’imyaka 38 wo mu Murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge,akurikiranyweho gukomeretsa umugabo we amumennyeho isombe ishyushye. Amakuru dukesha bagenzi bacu bo kuri Radio/TV10, avuga ko  yemera icyaha, akavuga ko atari yabigambiriye ahubwo ko yabitewe n’umujinya yatewe no gusanga umugabo we asangira n’indaya mu kabari. Uyu mugore ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge,…

Read More

Nta munyamahanga uzongera kwiga muri Amerika! Donald Trump yarahiye.

Ubuyobozi bwa Trump bwabujije University ya Harvard kutakira abanyeshuri bashya babanyamahanga. White house yasabye kaminuza zikomeye cyane nka Harvard kugenzura uko bakira abanyeshuri bashya, uko batanga akazi ku bakozi bashya, ndetse n’uko bigisha. Ibi byakozwe ngo murwego rwo kurwanya “antisemitism” (ivangura rikorerwa abayahudi) Noem umwe mu bashinzwe umutekano yasabye Harvard kwerekana ibyo yita ibirego by’urugomo…

Read More

BOMBORIBOMBORI MURI 1:55 AM. Element na Coach Gael barazira iki?

Umunyamuziki akaba na producer wamamaye nka producer Element wabarizwaga mu nzu y’umukire coach Gael agenda agaragaza ko yamazekwitandukanya n’uyu mukire. Element amaze iminsi atagaragara mu bi-korwa bitandukanye bya 1:55 AM, ibi bikaba bica amarenga yo gusohokamuri iyi nzu, dore ko n’amasezerano ye agiye kugera ku musozo.Muri iya nkuru twabakusanyirije ibimenyetso bitanu (5) byerekana ko Element…

Read More

Virgil van Dijk yongeye amasezerano muri Liverpool nyuma ya Mohamed Salah anatanga amagambo meza Ku ikipe

Virgil van Dijk usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Liverpool yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri Liverpool azageza muri 2027. Ikipe ya Liverpool kuri uyu wa Kane yatangaje ko Virgil w’imyaka 33 yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe. Aje akurikiye Mohamed Salah nawe waherukaga kongera amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe, aba bombi amasezerano bari bafite…

Read More

Abafite imitungo kuri Gare ya Nyabugogo baratangira kubarurirwa imitungo

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Mata 2025, hatangira igikorwa cyo kubarura imitungo n’ibikorwa by’ubucuruzi bizimurwa mu rwego rwo kuvugurura Gare ya Nyabugogo. Ni igikorwa kigiye gukorwa n’abakozi ba Sosiyete Mpuzamahanga BESSTLtd, ikorera mu Rwanda ibijyanye n’inyigo z’ubwubatsi n’ibidukikije, igenagaciro no gusesengura ibyago by’ingaruka z’ibidukikije. Iri barura riratangira…

Read More

U Rwanda rwasobanuye aho Ihuriro AFC/M23 rivana intwaro

“Iyo bigeze ku ntwaro, umuterankunga wabo wa mbere mu by’ukuri ni Ingabo za Congo (FARDC), kubera ko buri ntambara M23 yarwanye ikanayitsinda ingabo zarahungaga zigasiga intwaro ahongaho.” Umuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Anastasiya Lavrina, umunyamakuru w’ikinyamakuru ‘AnewZ’. Yavuze ko mu myaka itatu ishize M23 yabashije gukusanya intwaro nyinshi n’ibikoresho bya…

Read More

Meya wa Nyanza yatawe muri yombi nyuma yo kweguzwa na njyanama y’Akarere.

Ntazinda wayoboraga Akarere ka Nyanza yafunzwe nyuma y’amasaha make akuwe ku mwanya we Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza, hashize amasaha make ahagaritswe ku mirimo ye. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Ntazinda yemejwe na Dr Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, ubwo yavuganaga n’ikinyamakuru IGIHE kuri…

Read More