
Ntiharamenyekana icyateye inkongi mu gakiriro ka Gisozi
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi 2025, agakiriro ka Gisozi kibasiwe n’inkongi y’umuriro, ariko kugeza mu ma saa sita yo kuri uyu wa Gatanu, hari hataramenyekana icyayiteye. Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine, yavuze ko hataramenyekana icyateye iyi nkongi kandi ko Umujyi wa Kigali ufatanyije n’izindi nzego bakora ubugenzuzi….