Venezuela ikomeje gushya ubwoba, yiteguye intambara na Amerika isaha n’isaha

Venezuela yatangaje ko iri mu bihe bikomeye by’ubwoba, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje ibikorwa bya gisirikare hafi y’inkengero zayo, mu rwego Perezida Donald Trump avuga ko ari urwo “kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge”. Tarek William Saab, Intumwa Nkuru ya Leta muri Venezuela, yatangaje ku Cyumweru ko igihugu cye gihangayikishijwe bikomeye n’imigambi ya Trump yo…

Soma inkuru yose

Amerika ikomeje kohereza amato y’intambara hafi ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kohereza ubwato bw’intambara muri Trinidad and Tobago, ikirwa kiri mu birometero 11 gusa uvuye muri Venezuela, mu gihe umubano w’ibihugu byombi ukomeje kugenda uba mubi hagati y’ubutegetsi bwa Donald Trump na Nicolas Maduro. Ubu bwato, bufite ubushobozi bwo kurasa indege, amato, ndetse no ku butaka hifashishijwe ibisasu bya misile,…

Soma inkuru yose

Amerika yohereje ubwato bw’intambara muri Trinidad and Tobago, hafi ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje ubwato bw’intambara bwa USS Gravely ku birwa bya Trinidad and Tobago, byegereye Venezuela, bivugwa ko bugiye mu myitozo ya gisirikare isanzwe. Ubu bwato bwageze kuri ibi birwa ku wa 26 Ukwakira 2025, bukaba buzwiho kuba bunini kandi bufite intwaro ziremereye, burimo abasirikare barwanira mu mazi ndetse bushobora kwakirwaho indege…

Soma inkuru yose

Umwimukira Amerika yohereje muri Uganda akanga, Liberia yemeye kumwakira

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zageze ku masezerano na Liberia yo kwakira Kilmar Abrego Garcia, Umunya-El Salvador ushinjwa kugira uruhare mu bucuruzi bw’abantu n’abimukira binjira muri Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nyuma y’uko yanze koherezwa muri Uganda. Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika yatangaje ko Abrego azoherezwa muri Liberia bitarenze tariki ya 31 Ukwakira 2025….

Soma inkuru yose

Umuyaga ukaze wasubitse ingendo z’indege zirenga 100 muri Nouvelle-Zélande

Inkubi y’umuyaga ikaze ifite umuvuduko wa kilometero 155 ku isaha yibasiye Nouvelle-Zélande, ituma ingo zirenga ibihumbi 90 zibura amashanyarazi ndetse ingendo z’indege zirenga 100 zisubikwa. Ku wa 23 Ukwakira 2025, ikigo cy’iteganyagihe cy’iki gihugu cyatangaje ko uyu muyaga uri kugenda usatira igihugu cyose, ukagera mu bice by’amajyepfo n’amajyaruguru, ukaba ushobora kugira ingaruka zikomeye mu mijyi…

Soma inkuru yose

Paris: Inzu ndangamurage ya Louvre yahagaritse imirimo kubera ubujura bwateje impagarara

Inzu ndangamurage ya Louvre Museum iri mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, yahagaritse imirimo kuri iki Cyumweru nyuma y’uko habaye ubujura bwateje impagarara, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Umuco w’u Bufaransa, Rachida Dati. Abinyujije ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), Minisitiri Dati yavuze ko ubwo bujura bwabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ariko nta…

Soma inkuru yose

Trump yari hafi gukaranga umunyamakuru wari ugiye kumena ikirahure cyo mu biro bye

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri White House ubwo Perezida Donald Trump yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, habayeho akanya k’urusaku rwatewe n’umucameraman wari hafi kumena ikirahure cy’icyumba cy’inama. Trump wari wicaye iruhande rwa Albanese, yahise atabara avuga mu buryo busekeje ati: “Oh, witonde aho! Nta bwo mushobora kukimena. Icyo kirahure kimaze imyaka 400. Camera…

Soma inkuru yose

Malaysia: Trump yatunguranye acinya akadiho ubwo yageraga i Kuala Lumpur

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaye mu mashusho yateye urwamenyo ari kubyinana n’abana bari baje kumwakira ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kuala Lumpur, muri Malaysia. Ni mu rugendo rw’iminsi itatu yatangiriye muri Malaysia ku wa 26 Ukwakira 2025, mbere yo gukomereza mu Buyapani (27–29 Ukwakira) no muri Koreya y’Epfo (29–30…

Soma inkuru yose

Umugore wa Alexei Navalny ashinja Putin kuba ari we wategetse kwicisha umugabo we

GATEOFWISE.COM/18SEPT Yulia Navalny, umugore wa Alexei Navalny, yongeye gushinja Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuba ari we wagize uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Alexei Navalny yari umwirabura w’ubutegetsi bwa Putin, wamamaye mu kugaragaza ruswa mu buyobozi, kwikubira umutungo wa Leta, n’ubundi bikorwa by’ubucuruzi butemewe. Yashyize ahagaragara amashusho y’inyubako y’agatangaza bivugwa ko ari iya Putin, kandi…

Soma inkuru yose

U Burayi: Abarenze 24,000 bapfuye kubera ubushyuhe bw’imbeho y’impeshyi ya 2025

GATEOFWISE.COM/18SEPT Ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Imperial College London bwagaragaje ko mu mijyi irenga 800 yo mu Burayi, abarenga 24,000 bapfuye mu mpeshyi ya 2025 kubera ubushyuhe bukabije. Ubu bushakashatsi bwerekanye ko 68% by’izo mfu ziterwa n’ihindagurika ry’ikirere rituruka ku bikorwa bya muntu. Dr. Clair Barnes, umwe mu bakoze ubu bushakashatsi, yavuze ko nubwo imibare ishobora…

Soma inkuru yose

Kenya: Abigaragambya barashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi

Muri Kenya, abari mu myigaragambyo mu rwego rwo kwibuka bagenzi babo bapfuye baguye mu myigaragambyo yakozwe umwaka ushize wa 2024, bafashwe nk’abashaka guhirika ubutegetsi. Abo bibukwa muri iyo myigaragambyo yatangiye ku itariki 25 Kamena 2025, ni abaguye mu myigaragambyo yakozwe ahanini n’urubyiruko rwiswe ‘Gen-Z’, rwamaganaga izamuka rikabije ry’imisoro ndetse n’ubuzima buhenze cyane muri icyo gihugu….

Soma inkuru yose

Kenya: Abaturage biraye mu mihanda mu kwibuka bagenzi babo biciwe mu myigaragambyo

Abaturage b’i Nairobi, mu Murwa Mukuru wa Kenya, bongeye kwirara mu mihanda mu myigaragambyo yitabiriwe ku rwego rwo hejuru, aho bari kwibuka bagenzi babo bishwe mu myigaragambyo yabaye mu mwaka ushize ndetse batishimiye uburyo ubuzima bukomeje guhenda, ari nako amahirwe y’iterambere ku rubyiruko arushaho kuyoyoka. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, abaturage ibihumbi babyukiye…

Soma inkuru yose

Israel VS Iran: Ni inde ufite indege z’intambara zikomeye?

Ushobora kugira abasirikare benshi, batojwe neza kandi bafite ubushake, ariko iyo udafite intwaro zigezweho, biragora cyane gutsinda urugamba hashingiwe ku miterere y’intambara zigezweho. Iran na Israel biri mu ntambara karundura, ndetse ibikoresho birimo indege za gisirikare ziri mu za mbere ku Isi, biri kwifashishwa muri iyi ntambara. Duhereye nko ku bijyanye n’indege z’intambara, Israel ni…

Soma inkuru yose

Iran yateguje ibyago by’ibihe byose nyuma y’igitero yagabweho na Amerika

Iran yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishoye mu ntambara bahanganyemo na Isiraheli ikagaba ibitero; bizagira ingaruka z’igihe kirekire. Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yavuze ko ibyo bitero ari iby’ubugome kandi bigiye kubyara akaga gakomeye. Yagize ati: “Ibi bitero ni amahano kandi bizagira ingaruka z’ibihe byose.” Nubwo kugeza ubu ntacyo Umuyobozi…

Soma inkuru yose