Amahirwe ku rubyiruko rufite imyaka 18-25

ITANGAZO KU BIFUZA KWINJIRA MU NGABO Z’ U RWANDA Ubuyobozi b’ukuru bw’ Ingabo z’u Rwanda buramenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’abasirikare bato n’urw’abagize Umutwe w’Inkeragutabara ko kwiyandikisha ku turere no ku mirenge bizatangira tariki ya 21 Kamena kugeza tariki ya 20 Nyakanga 2025. Abatazabona umwanya wo kwiyandisha ntibyababuza kuza…

Soma inkuru yose

Umuhanzi King James atsinze icy’umutwe Bruce Melodie

Ruhumuriza James wamamaye nka King James mu muziki Nyarwanda atsinze igitego cy’umutwe Bruce Melodie nyuma yo gutanganzwa ko ariwe muhanzi mukuru uzagaragara mu bitaramo bya MTN Iwacu Na Muzika Festival. Twavuga ko King James atsinze icy’umutwe kubera ko ahigitse Bruce Melodie wari umaze iminsi uvuna umuheha akiyongeza undi muri ibi bitaramo bizenguruka igihugu cyose. Iby’uyu…

Soma inkuru yose

Kicukiro: Umugabo yishe umugore urwagashinyaguro

Umugabo wo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro akurikiranyweho kwica ateraguye ibyuma umugore bari bamaranye amezi abiri babana, nyuma yuko yari amubwiye ko atagishaka ko bakomeza kubana. Uyu mugabo w’imyaka 28 akekwaho kwica umugore we na we w’imyaka 28 amuhengereye asinziriye akamuteragura ibyuma mu ijosi. Iki cyaha cyabaye mu ijoro ryo ku ya…

Soma inkuru yose

Impamvu 5 ugomba kurya imineke buri munsi

Imineke ni zimwe mu mbuto zikunzwe Kandi ziboneka ahantu henshi cyane ku Isi. Uretse uburyohe bwayo butuma abantu benshi bayikunda, burya yifitemo n’irindi banga rikomeye tutarenza ingohe. Muri iyi nyandiko ngiye kukubwira akamaro k’imineke, ibi biratuma uyikunda kurushaho. 1. Imineke igabanya ibiro. Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cya Frontiers in Health bugaragaza ko imbuto z’ifitemo fibure (Fiber),…

Soma inkuru yose

Umunsi Ingabo za FPR-Inkotanyi zihoza Umujyi wa Gitarama Guverinoma y’abicanyi igahungira ku Gisenyi

Nyuma yo kubohoza inkambi ya Kabgayi tariki 2 Kamena 1994, Ingabo za FPR-INKOTANYI zakomeje kotsa igitutu iz’abicanyi mu bice birandukanye by’igihugu, harimo Umujyi wa Kigali na Gitarama. Mu Mujyi wa Kigali, Ingabo za FPR-INKOTANYI zakomeje kugenda zirokora abantu mu gace ka Nyamirambo n’ahandi. Iyi tariki ya 14 Kamena 1994 yaranzwe n’intsinzi ikomeye yo kubohoza Umujyi…

Soma inkuru yose

Ese Israheli yabonye ko igihuru kizabyara igihunyira ?

Mu gitero kidasanzwe cyagabwe n’igisirikare cya Israheli ku wa gatanu, abayobozi bakomeye ba Irani barishwe harimo n’umukuru wa IRGC n’umujyanama mukuru w’ingabo. Kuri Israheli, ibi ni ibikorwa byo kurwanya iterabwoba n’ikorwa ry’intwaro za kirimbuzi za Irani (nuclear ). Ariko se, haba hari indi ntego Netanyahu ahishe?  Uyu muyobozi wa Israheli “Benjamin Netanyahu” yatangaje amagambo yatumye…

Soma inkuru yose

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’igice n’ihazabu ya miliyoni 1.3 Frw n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge

Ku wa Kane tariki 13 Kamena 2025, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye urubanza ruregwamo Fatakumavuta, rumuhamya ibyaha bitatu, rumukatira igifungo cy’imyaka ibiri n’igice ndetse n’ihazabu ya miliyoni 1 na 300,000 Frw. Isomwa ry’uyu mwanzuro ryagombaga kuba ku wa 6 Kamena 2025 ariko risubikwa kubera ko uwo munsi wari ikiruhuko cya Eid al-Adha, umunsi mukuru w’igitambo…

Soma inkuru yose

Kigali: Ibiribwa birikugura umugabo bigasiba undi

Abaturage bavuga ko kubona ibiribwa by’ibanze bisaba amafaranga menshi, ibintu bitari bisanzwe, cyane cyane ku bantu binjiza amafaranga make. Abacuruzi nabo bavuga ko bahanganye n’ibiciro biri hejuru ku masoko batumizaho ibicuruzwa, biterwa ahanini n’umusaruro muke w’ihinga uheruka. Pascal Vuningoma yagize ati: “Ubu kugira ngo uhahire urugo bisaba amafaranga menshi. Ikilo cy’ibirayi, umuceri, ibishyimbo byose byarahenze….

Soma inkuru yose

Kazungu Denis wishe abakobwa arasaba kugabanyirizwa igihano

Kuri uyu wa kane, Kazungu Denis yaburaye mu bujurire bwe asaba ko yagabanyirizwa igihano cya burundu yari yarahawe atanga impamvu nyoroshyacyaha y’uko yaburanye yemera icyaha kandi ko ari nawe watanze amakuru y’ibanze. Inkuru dukesha Inyarwanda ivuga ko yaganiriye n’umunyamakuru akaba n’umunyamategeko, Nisingizwe Alain Jean Baptiste wa RBA yasobanuye ko mu nkiko n’amategeko muri rusange hari…

Soma inkuru yose

Ikubuga k’indege cya Bugesera cyagenewe akayabo

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko Leta yateganyije miliyoni 600$ [arenga miliyari 853,6 Frw] mu ngengo y’Imari y’umwaka wa 2025/26, azakoreshwa mu mirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, kiri kubakwa i Bugesera. Yabigarutseho kuri uyu wa 12 Kamena 2025, mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru, nyuma yo kugeza ku nama ihuriweho n’imitwe yombi…

Soma inkuru yose

Burundi: Barasaba ko amatora yasubirwamo

Mu minsi ishize nibwo Abarundi bitabiriye amatora ya perezida aho yasize uwa hoze ari umukuru w’iki gihugu yongeye kuba perezida, n’ubwo ibyavuye mu matora bitemeranywaho n’impande zigiye zitandukanye. Impande zitemera ibyavuye mu matora zivuga ko aya matora atabaye muri demokarasi ndetse no mu bwisanzure. Ishyaka CENI ryamaganye ryivuye inyuma ibyavuye mu matora aho mwitangazo ryasohowe…

Soma inkuru yose

Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera. Umuyobozi Mukuru wa RBC, Prof. Claude Mambo Muvunyi, yabwiye IGIHE ko nyuma yo kubona ko icyorezo cyongeye kugaragara mu bihugu bitandukanye, hakozwe isuzuma rigamije kureba uko byifashe mu gihugu. Yavuze ko mu…

Soma inkuru yose

Impamvu 5 zatuma Whatsapp yawe ifungwa burundu

Ese nimero yawe ya Whatsapp yaba yarigeze gufungwa na Whatsapp ku buryo utakongera kuyikoresha? Soma iyi nkuru usobanukirwe impamvu. Ubusanzwe iyo nimero yawe ya Whatsapp yahagaritswe, ufungura Whatsapp aho kubona ibiganiro wagiranye n’inshuti n’abavandimwe ukabona message ikubwira ko utemerewe gukoresha Whatsapp. Iyo message iba igira iti: “This account can no longer use WhatsApp” Tugenekereje mu…

Soma inkuru yose

Kigali: Mu bishanga hagiye kubakwa inzira zifite kilometero zisaga 58

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kurengera Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko ibishanga 5 birimo gutanywa mu Mujyi wa Kigali, bizashyirwamo inzira za kilometero 58,5 zagenewe abanyamaguru n’abagendera ku magare, hagamijwe guteza imbere imyidagaduro n’imikino mu Murwa Mukuru Kigali. Umukozi wa REMA ushinzwe Porogaramu yo gucengeza ibikorwa by’ibidukikije muri gahunda za Leta no kurengera urusobe bw’ibinyabuzima, yagaragaje ko inzira…

Soma inkuru yose

Kigali: Polisi yataye muri yombi abakoraga ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibiro 36

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), muri iki cyumweru yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rupima Kg 36, rwafatiwe mu Karere ka Nyarugenge rutwawe mu modoka n’abagabo babiri, batawe muri yombi mbere y’uko barushyikiriza abakiriya babo bakorera mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali no mu nkengero zawo. Aba bagabo umwe ufite imyaka 53…

Soma inkuru yose

UR-CAVM abanyeshuri banze gukora ibizamini

Nyuma y’uko abanyeshuri biga ibijyanye n’Ubuhinzi Bugezweho (Agriculture engineering) muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (UR-CAVM) riri i Busogo, banze gukora ikizamini kubera kutajyanwa mu rugendoshuri, ubuyobozi bw’iyo kaminuza bwavuze ko byatewe n’uko banze kujya aho bari batoranyirijwe. Icyo kibazo cy’abanyeshuri banze gukora ikizamini cyabaye ku wa 30 Gicurasi 2025, ubwo bari bahawe ingengabihe…

Soma inkuru yose

Diamond Platnumz agiye gukora ubukwe

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma Issack uzwi nka Diamond Platnumz yatangaje ko agiye gukorana ubukwe n’umukobwa yihebeye.   Kuri ubu Diamond Platnumz afite imyaka 35. Kugeza ubu uyu mugabo ni umubyeyi w’abana 5 yabyaranye n’abagore 3 batandukanye. Abicishije ku mbugankoranyambaga Diamond Platnumz yatangaje ko agiye gukora ubukwe aho yanditse ubutumwa burebure bugaragaza ko yagiye aca mu…

Soma inkuru yose