Ese umukwe n’umugeni bazajya batanga umusoro? RRA irabivugaho iki?

Ku wa 14-04-2025, amakuru yacicikanye ku mbugankoranyambaga nka X, yakuruye impaka za ngo turwane. Aya makuru agaragaza ko abakora ubukwe bazajya bishyura umusoro. Ubuyobozi bwa RRA (Rwanda Revenue Authority) bubajijwe ku byiri tangazo bwagize buti: “Dushingiye ku makuru ari guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga, turamesha abantu Bose ko amakuru agendanye n’abatanga serivise (service) zishyurwa mu birori…

Read More

Umukino wahuzaga Mukura VS na Rayon Sports urasubitswe bitunguranye

Kuri uyu wa Kabiri,Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 wasubitswe wahuzaga Mukura VS na Rayon Sports kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye wasubitswe nyuma y’iminota 27 kubera amatara yazimye bitunguranye. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’iminota yari imaze gukinwa ariko nanone habayemo guhagarara iminota umunani muri yo dore ko umupira ugenda wakinwe iminota 19 yonyine. Ni…

Read More

Trump yashinje Biden wahoze ayobora iki gihugu guteza intambara muri Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje Joe Biden yasimbuye ku butegetsi ari we wateye intambara yo muri Ukraine. Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko intambara iri hagati ya Ukraine n’u Burusiya yatangiye muri Gashyantare 2022 idakwiye kumwitirirwa, ahubwo ari iyatewe n’ubuyobozi bwa Joe Biden….

Read More

The Ben yongeye kugaragaza ko ari umwami w’umuziki mu Rwanda.

Umuhanzi MUGISHA Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki w’u Rwanda yegukanye ibihembo bitatu (3) muri bitanu yarahataniye. Ibi ni ibihembo bitangirwa muri Kenya, Nairobi bikaba bihatanirwa n’ibirangirire bya Africa y’uburasirazuba EAEA. Ibihembo The Ben yegukanye birimo igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umwaka mu Rwanda, indirimbo y’umwaka ufite amashusho mu Rwanda (indirimbo iri Kiri album ye) nkaho…

Read More

Abanyarwanda babiri basoje amasomo y’igisirikare mu Bwongereza

Abanyarwanda babiri barimo umuhungu wa Ambasaderi w’u Rwanda mu Budage, Igor Cesar, basoje amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Royal Military Academy riherereye i Sandhurst mu Bwongereza. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Busingye Johnston, yagaragaje ko Yuhi Cesar na Mugisha Blaine basoje amasomo tariki ya 11 Mata 2025. Ambasaderi Busingye yagize ati “Mushimirwe cyane…

Read More

Leta ya Congo igiye kujyanwa mu nkiko n’abaturage bayo

Abaturage batatu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bajyanye Leta yabo mu rukiko rw’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EACJ, bayishinja ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Masoso Bideri Antoinette ukomoka muri Minembwe, David Fati Karambi ukomoka i Goma na Mandro Logoliga Paul ukomoka muri Bunia, batanze iki kirego tariki ya 11 Mata 2025, bunganiwe n’abanyamategeko bane. Bagaragaje…

Read More

Rayon Sports yohereje abatoza b’ikipe y’Abagore gutsinda Mukura

Ikipe ya Rayon sports ifitnye umukino utoroshye n’ikipe ya Mukura Victory Sport kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Mata 2025. Ni umukino wa ½ mu gikombe cy’Amahoro.Gusa nubwo bari kwitegura uyu mukino ukomeye, imbere muri Rayon Sports amakuru avayo ntabwo aryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe, cyane ko abatoza bakuru bayo barimo umunya Brazil Robertinho…

Read More

Rayon Sports yahagaritse abatoza bayo mbere yo kujya i Huye, Ese bafite ubwoba cyangwa ?

Ikipe ya Rayon Sports yitegura gusura Mukura VS mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro, yahagaritse umutoza mukuru Robertinho na Mazimpaka André utoza abanyezamu. Aba bagabo uko ari babiri bahagaritswe hagendewe ku musaruro mucye iyi kipe ifite kuva mu mikino yo kwishyura ya shampiyona aho ku manota 24 amaze gukinirwa mu mikino umunani iheruka, Rayon…

Read More