BNR Yahurije Uburyo Bwose Bwo Kwishyurana Mu Ikoranabuhanga Muri Sisitemu Imwe y’Igihugu ya “eKash”

U Rwanda rukomeje gutera intambwe mu rugendo rwo kubaka ubukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, nyuma y’uko Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) itangaje ko ibikorwa byinshi byo kwishyurana mu buryo bw’ikoranabuhanga bigiye gukorera muri sisitemu imwe y’igihugu izwi nka Rwanda National Digital Payment System (RNDPS) cyangwa eKash. Iri vugurura rigamije koroshya uburyo abakiliya, amabanki, ibigo bitanga serivisi…

Soma inkuru yose

Ubushakashatsi Bugaragaza Ko Inyamaswa Zirenga 97% Ku Isi Zidafite Amagufa

Isi ibamo amoko menshi y’inyamaswa, ariko igitangaje ni uko igice kinini cyazo kitagira amagufa cyangwa urutirigongo. Abahanga mu binyabuzima bavuga ko inyamaswa zidafite urutirigongo ari zo ziganje ku Isi haba mu mubare w’ubwoko bwazo no mu bwinshi bw’ibinyabuzima bihari. Izi nyamaswa zizwi nka invertebrates zirimo amoko menshi atandukanye, kuva ku dusimba n’udukoko duto tutaboneshwa amaso…

Soma inkuru yose

Ese ni gihe ki igitsina cy’umugabo gishobora guhagarara gukura? Sobanukirwa!

Igitsina cy’umugabo ni kimwe mu bice by’umubiri bikunze kuvugwaho cyane, cyane cyane iyo bigeze ku ngano yacyo, imikurire yacyo ndetse n’uruhare kigira mu buzima bw’imyororokere no mu mibanire y’abashakanye. Mu mico myinshi, usanga hari imyizerere ivuga ko ubunini bw’igitsina bushobora kujyana n’imbaraga z’umugabo cyangwa ubushobozi bwe mu mibonano mpuzabitsina, nubwo si ko buri gihe biba…

Soma inkuru yose

Rwanda Polytechnic yananiwe gusobanura impamvu miliyoni 250 Frw z’ingwate z’abanyeshuri zitarasubizwa.

Iki kibazo cyongeye kugarukwaho kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, ubwo ubuyobozi bwa Rwanda Polytechnic bwitabaga Komisiyo y’Abadepite Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) kugira ngo busobanure amakosa yagaragajwe muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ya 2024/2025. Abagize PAC bagaragaje impungenge z’uko ikibazo cy’amafaranga y’ingwate y’abanyeshuri arenga miliyoni 250…

Soma inkuru yose

Iminsi 20 yo gusogongera ku muco w’Ubushinwa.

Hari ibintu byinshi umuntu atamenyera mu mashuri gusa, ahubwo abisobanukirwa neza binyuze mu rugendo no guhura n’isi nyakuri. Urugendo rw’iminsi 20 nagiriye mu Bushinwa rwambereye ishuri ryihariye, runsigira ubumenyi n’ubunararibonye birenze ibyo umuntu yavoma mu bitabo cyangwa mu masomo asanzwe. Iyi gahunda yahuje abitabiriye baturutse mu bihugu bitandukanye, bafite intego imwe yo kurushaho gusobanukirwa n’iterambere…

Soma inkuru yose

Ikoranabuhanga Rikoreshwa Birenze Urugero Rishobora Kugira Ingaruka Ku Magufa, Amaso N’Ubwonko

Nubwo ikoranabuhanga ryoroshya ubuzima bwa buri munsi, inzobere mu buzima ziburira abantu ko kurikoresha igihe kirekire kandi mu buryo budakwiye bishobora kubagiraho ingaruka zitandukenye ku mubiri, zirimo uburwayi bw’ijosi, kwangirika kw’amaso, kugabanuka kw’imbaraga z’amaboko ndetse no guhungabanya imikoranire y’ubwonko n’umubiri. Mu myaka ishize, telefoni zigezweho, mudasobwa na tablets byabaye ibikoresho bikoreshwa cyane haba mu kazi,…

Soma inkuru yose

ARJ Yasabye Leta Guhagurukira Ihohoterwa Rikomeje Kwibasira Abanyamakuru Ku Mbuga Nkoranyambaga

Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) ryagaragaje impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’ihohoterwa rikorerwa abanyamakuru ku mbuga nkoranyambaga, risaba inzego za Leta gufata ingamba zihamye zo kurinda umutekano n’ubwisanzure bw’abakora uyu mwuga. Aya makuru akubiye mu ibaruwa ARJ yandikiye inzego zitandukanye zirimo Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Sena, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST), Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda…

Soma inkuru yose

Hagiye Gutangizwa Iserukiramuco Rishya Rigamije Guteza Imbere no Gusigasira Umuco Nyarwanda

Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere umuco Nyarwanda no kuwubyaza umusaruro mu bukungu, hagiye gutangizwa iserukiramuco rishya ryiswe HERIFEST RWANDA, rizatangira ku mugaragaro ku wa 8 Nyakanga 2026 muri Prymidal Garden i Gahanga, mu Karere ka Kicukiro. Abateguye iri serukiramuco bavuga ko rigamije guhuza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda binyuze mu bikorwa bitandukanye by’umuco, imyidagaduro n’ubuhanzi,…

Soma inkuru yose

Inama 8 z’isuku ku bagabo n’abagore mbere na nyuma y’imibonano mpuzabitsina

Isuku mu buzima bw’imibonano mpuzabitsina ni imwe mu ngingo zikunze kwirengagizwa n’abantu benshi, nyamara ifite uruhare runini mu kurinda indwara no kongera umutekano n’ihumure hagati y’abakundana. Abahanga mu by’imitekerereze n’imibonano mpuzabitsina bagaragaza ko isuku itari igikorwa gisanzwe gusa, ahubwo ari n’inkingi ikomeye y’ubuzima bw’imibonano mpuzabitsina. Mu gihe hari abashobora gutinya kubiganiraho, abahanga bavuga ko nko…

Soma inkuru yose

Menya ibyiza byo kurya igihaza ku buzima bwawe

Igihaza kiri mu biribwa bimaze igihe kinini bizwiho kugira umumaro ukomeye ku buzima, nubwo hari abataragiha agaciro gahagije mu mirire ya buri munsi. Ni kimwe mu bihingwa byo mu muryango w’ibimera bya Cucurbitaceae, kandi gikunze kuribwa mu buryo butandukanye bitewe n’aho umuntu atuye n’uko akunda kugitegura. Hari abakirya nk’imboga zisanzwe zitekanye, abandi bakagikoramo potage, mu…

Soma inkuru yose

Ababyeyi batawe muri yombi nyuma y’urupfu rw’impanga rwatewe n’uburangare.

Urukiko rwo mu Bufaransa rwafunze ababyeyi b’impanga z’abakobwa bari bafite amezi 15 nyuma yo gushinjwa uburangare bwatumye abana babo bapfa bazize inyota n’umwuma ukabije. Ababyeyi b’impanga z’abakobwa zapfiriye mu rugo rwabo rwo mu mujyi wa Beuvrages mu majyaruguru y’u Bufaransa bakurikiranyweho icyaha cyo kutita ku bana babo, nyuma y’uko iperereza rigaragaje ko urupfu rwabo rwatewe…

Soma inkuru yose

Ese Ibyerekeye “Agatama” byaba byifashe bite Mu Rwanda ? Sobanukirwa!

Ubushakashatsi bushya ku mibereho n’ubuzima bw’abaturage (RDHS 2025 – Demographic and Health Survey), nk’uko bitangazwa na IGIHE, bugaragaza ko kunywa inzoga mu Rwanda bikigaragara cyane mu bagabo ugereranyije n’abagore, ndetse n’imyitwarire y’abanywa ikaba itandukanye bitewe n’imyaka, aho batuye, urwego rw’ubukungu n’uburezi. Hafi kimwe cya kabiri cy’abagabo banywa inzoga Raporo igaragaza ko hafi 50% by’abagabo b’u…

Soma inkuru yose

Mu Budage hafatiwe Umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ubushinjacyaha bw’u Budage bwatangaje ko bwataye muri yombi Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho akurikiranyweho ibyaha birimo kuba icyitso muri Jenoside n’ubwicanyi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuwa 1 Nyakanga 2026, Ubushinjacyaha bwasobanuye ko uyu mugabo uzwi nka Innocent S. yahoze ari umwungirije wa Burugumesitiri wa Komini Kayove, kandi ko yafatiwe muri…

Soma inkuru yose

Nyanza: Polisi y’u Rwanda yibukije abanyerondo uruhare rwabo mu gukumira ibyaha

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakanguriye abanyerondo bo mu Karere ka Nyanza kurushaho kuzuza inshingano zabo zo kubungabunga umutekano, ibasaba gukorana bya hafi n’izindi nzego no gutanga amakuru ku gihe kugira ngo hakumirwe ibyaha mbere y’uko biba. Ubu bukangurambaga bwabereye mu Murenge wa Busasamana, bukaba buri mu bikorwa Polisi ikomeje hirya no hino mu…

Soma inkuru yose

Kenya yatahukanye abaturage bayo 86 bari baragizweho ingaruka n’ibikorwa bya xenophobia muri Afurika y’Epfo.

Leta ya Kenya yatangaje ko yatangiye ibikorwa byo gucyura abaturage bayo bari muri Afurika y’Epfo nyuma y’imyigaragambyo yibasira abimukira yakajije umurego, igateza ubwoba n’umutekano muke ku banyamahanga bahatuye. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, aho Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ishinzwe Diaspora, Roseline Njogu, yavuze ko icyo cyemezo cyafashwe nyuma yo kwakira raporo zigaragaza ko Abanyakenya…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa impamvu ukwiye gutekereza kabiri mbere yo gufata amashusho y’undi muntu

Muri iki gihe telefoni zigezweho n’imbuga nkoranyambaga usanga gufata amashusho byarabaye nk’ibintu bisanzwe, gusa ubushakashatsi bushya bugaragaza ko icyo gikorwa gishobora kugira ingaruka ku muntu ufashwe amashusho, ku muntu uyafashe ndetse no ku mibanire y’abantu muri rusange. Akaba ariyo mpamvu abahanga basaba ko mbere yo gukanda kuri ‘Record’ cyangwa ‘Camera’, abantu bakwiye kubanza gutekereza ku…

Soma inkuru yose

Uko Kwibuka Ibihe Byiza Byabaye Bituma Abashakanye Barushaho Guhuza

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko umubano w’abashakanye udashingira gusa ku kurema ibihe bishya bishimishije, ahubwo ko no gusubira mu mateka y’ibyishimo bamaze kunyuramo bigira uruhare rukomeye mu kuwubaka no kuwukomeza. Ibi byitwa “joint savoring”, bivuga gusangira no kongera kwishimira ibihe byiza byabaye hagati y’abantu babiri bari mu rukundo. Icyo gusangira ibihe byiza bisobanura Gusangira ibihe byiza…

Soma inkuru yose

Rwanda Premier League Yasinyanye na Skol Amasezerano ya Miliyari Arenga Imwe Azafasha Guteza Imbere Shampiyona

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’uruganda rwa Skol Brewery Ltd, azamara imyaka itatu kandi afite agaciro karenga miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda. Aya masezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30 Kamena 2026, akaba agamije kongera ubushobozi bw’imari muri shampiyona, kuzamura ubunararibonye bw’abafana no…

Soma inkuru yose

Dore uburyo bworoshye bwo kurinda impyiko no kwirinda diyabete n’umuvuduko ukabije w’amaraso

Impyiko ni imwe mu ngingo z’ingenzi zigize umubiri w’umuntu. Zifite inshingano zo kuyungurura amaraso, gukuramo imyanda n’uburozi mu mubiri binyuze mu nkari, kugenzura amazi n’imyunyu ngugu, ndetse no gufasha mu kugenzura umuvuduko w’amaraso. Iyo zangiritse, ubuzima bw’umuntu bushobora kujya mu kaga, kuko bishobora kuvamo indwara zikomeye zishobora no gusaba ko umuntu akorerwa dialyse cyangwa agaterwa…

Soma inkuru yose

Ntibikiri Ngombwa Kwandikirana n’Umuntu Ugombye kuba Ufitiye Numero – Watsapp

WhatsApp yatangaje uburyo bushya bwo gukoresha Username, bugamije kongera umutekano n’ibanga ry’abakoresha uru rubuga, aho abantu bazajya bashobora kuvugana batabanje guhana nimero za telefoni nk’uko byari bisanzwe. Mu itangazo yashyize ku rubuga rwayo ku wa 29 Kamena 2026, iyi porogaramu ya Meta yavuze ko ubu buryo buzafasha abantu kuvugana n’abo bahuye bwa mbere cyangwa abo…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwongeye gusaba u Burundi kudakomeza kugira uruhare mu ntambara iri kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

U Rwanda rwasabye u Burundi guhagarika uruhare rwabwo rutaziguye mu makimbirane akomeje kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), runarusaba kongera imbaraga mu kubahiriza no guteza imbere uburenganzira bwa muntu. Ibi byagarutsweho mu biganiro byahuje ibihugu bitandukanye n’Intumwa Yihariye ishinzwe gukurikirana uko uburenganzira bwa muntu bwifashe mu Burundi. U Rwanda rwashishikarije u Burundi gukora…

Soma inkuru yose

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ikirego RDC yareze u Rwanda Muri ICJ ari “Amayeri ya Politiki”

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikirego Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yajyanye mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) kigamije impamvu za politiki, aho yavuze ko ari uburyo bwo guhisha ubufatanye Leta ya RDC ifitanye n’umutwe wa FDLR u Rwanda rushinja kuba ugizwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi yabitangaje ku…

Soma inkuru yose

Gicumbi: Bamwe mu Bagabo baratabariza Abakire babashukishiriza Abagore babo Amafaranga

Bamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Rusheke, Akarere ka Gicumbi, bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo bavuga ko kimaze gufata indi ntera, aho bashinja bamwe mu bafite ubushobozi bwo kubashukishiriza abagore babo amafaranga, inzoga n’ibindi, bikarangira ingo zabo zisenyutse. Aba baturage bavuga ko akenshi bajya gushaka imibereho, bagaruka bagasanga abagore babo baragiye kubana n’abandi bagabo bafite…

Soma inkuru yose

Minisitiri Uwimana Yasabye Ababyeyi n’Urubyiruko Gufatanya Kurwanya Ihohoterwa Rikorerwa Abana

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolee, yashimangiye ko kurinda abana ihohoterwa no gukumira inda ziterwa abangavu bisaba ubufatanye bw’ababyeyi, abarimu, abaturage n’inzego za Leta, aho buri wese agira uruhare mu kubaka umuryango utekanye. Yabitangaje ku wa Gatanu, tariki ya 26 Kamena 2026, ubwo yasozaga Ihuriro ry’Urubyiruko, anashimira Madamu Jeannette Kagame witabiriye icyo gikorwa kubera uruhare…

Soma inkuru yose

Kurwara “Akadege” mu Rukundo ni iki? Dore ibimenyetso n’impamvu zishobora kubitera

Urukundo ni kimwe mu bintu by’ingenzi bigira uruhare mu mibereho y’umuntu. Iyo rufite ishingiro, rutanga ibyishimo, rugatuma abantu bafashanya kandi bagatera imbere. Gusa hari igihe amarangamutima ashobora kurenga urugero, urukundo rukaba isoko y’ubwoba, guhangayika no kubura amahoro yo mu mutima. Abahanga mu buzima bwo mu mutwe bagaragaza ko gukunda umuntu cyane atari ikibazo ubwabyo, ariko…

Soma inkuru yose

Ese koko kubenguka uwo ukunda mu gihe gito bishobora kugutera kwicuza ?

Hari abavuga ko gukunda umuntu ukimubona ari ukwihuta ugize ibyo wirengagiza biba bishobora no kuzaguteza ibibazo, mu gihe abandi bemeza ko ari ibyo bishobora kugaragaza urukundo nyakuri. Ese koko gukunda umuntu mu gihe gito byaba ari ikibazo? Umuhanga mu by’imitekerereze n’imibanire y’abakundana, Aaron Ben-Zeév, agaragaza ko ikibazo nyamukuru atari umuvuduko urukundo rutangiramo, ahubwo ari ukumenya…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa Impamvu Umuntu adashobora Kurohama mu Nyanja ya “Dead Sea”

Mu bice bitandukanye by’Isi bikurura ba mukerarugendo, Dead Sea iri mu hantu hihariye kubera ikintu gitangaza benshi: umuntu uyinjiyemo ntarohama nk’uko biba mu zindi nyanja. Abenshi babibona mu mafoto agaragaza abantu baryamye hejuru y’amazi basoma ibinyamakuru cyangwa bakoresha telefone, bakibaza niba biterwa n’ubuhanga bwo koga. Nyamara, impuguke zisobanura ko ibi bifite ishingiro rya siyansi. Dead…

Soma inkuru yose

Urubyiruko rwigishijwe uko rwakoresha imbuga nkoranyambaga mu kurwanya ihakana n’ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Urubyiruko rw’u Rwanda rukoresha imbuga nkoranyambaga rugaragaza ko rwiteguye neza guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma yo guhabwa ubumenyi n’inzira byakwifashisha muri urwo rugamba. Urubyiruko rwatangaje ko rwungutse ubumenyi bwimbitse ku mateka y’u Rwanda, kuva mbere y’igihe cy’Ubukoloni, mu gihe cyabwo, kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu bihe byakurikiyeho. Ruvuga ko aya mateka rwize…

Soma inkuru yose

AMRV Igiye kuzana Amakamyo akoresha Amashanyarazi no kubaka Uruganda ruyateranya mu Rwanda

Ubuyobozi bw’Ikigo Asia Machinery Rwanda Vehicles, gisanzwe gicuruza amakamyo yo mu bwoko bwa Howo mu Rwanda, bwatangaje ko bufite gahunda yo gutangira kuzana amakamyo akoresha amashanyarazi ndetse no kubaka uruganda ruzajya ruteranyirizwamo amakamyo akoresha mazutu mu Karere ka Kayonza. Ibi byatangajwe ku wa 26 Kamena 2026 mu gikorwa cyo kwizihiza imyaka 10 iki kigo kimaze…

Soma inkuru yose

Abantu barenga 1.000 bamaze kwitaba Imana bazize ubushyuhe bukabije bwibasiye u Bufaransa.

Imibare igaragaza ko mu Bufaransa abantu basaga 1.000 bamaze guhitanwa n’ubushyuhe bukabije buri kwibasira u Burayi muri rusange. Mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa kuva ubushyuhe bukabije butangiye kwibasira u Bufaransa, abantu barenga 1.000 bamaze gupfa. Mu duce twinshi tw’icyo gihugu, ubushyuhe bwarenze dogere Celsius 40, ibintu bitari byarigeze bigaragara ku rugero nk’urwo kuva mu mwaka…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka ine yakekaga ko atari uwe

Umugabo wo mu Karere ka Nyamasheke ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho kwica umwana w’imyaka ine witwa Manzi Success Lionel, bikekwa ko yari amaze iminsi atemera ko ari uwe. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Yove, Akagari ka Mutongo, Umurenge wa Cyato, ku wa 27 Kamena 2026, nyuma y’iminsi umuryango n’abaturage bamushakisha. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

MINICOM yisubije ibibanza 5 mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera abashoramari bananiwe kwishyura

MINICOM yisubije ibibanza bitanu mu Cyanya cy’Inganda cya Rwamagana kubera ko abashoramari bananiwe kubyishyura nk’uko byari biteganyijwe mu masezerano, ibintu byagarutsweho mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo PAC yasuzumaga raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. Ubuyobozi bwa MINICOM busobanura ko abashoramari bahabwa ubutaka bakishyura 30% bakemererwa gutangira imirimo, ibindi bisigaye bikishyurwa mu gihe k’imyaka itanu. Gusa…

Soma inkuru yose

Nigeria yashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika mu miyoborere y’ubwenge bw’ubukorano (AI)

Nk’uko Leta ibivuga mu ishyirwa ahagaragara rya raporo ya UNESCO ku myiteguro Leta ya Nigeria ivuga ko igihugu kiri ku mwanya wa mbere muri Afurika mu bijyanye n’imiyoborere y’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence – AI), ishingiye ku kuzamuka gukomeye kuri “Government AI Readiness Index” mu myaka itatu ishize. Imiterere y’itangazwa rya raporo (Launch) Minisitiri w’Itumanaho, Udushya…

Soma inkuru yose

Banki y’Isi n’Umuryango wa Gates Foundation batangije umushinga wo kwinjiza ururimi rw’Igishichewa muri AI muri Malawi

Malawi igiye gutera intambwe ikomeye mu rwego rw’ikoranabuhanga rishingiye ku bwenge buhangano (AI), nyuma y’uko Banki y’Isi ku bufatanye na Gates Foundation batangije umushinga ugamije kubaka AI ishobora kumva no gukoresha ururimi rw’Igishichewa. Uyu mushinga utegerejweho guhindura uburyo miliyoni z’abaturage zibona amakuru na serivisi za Leta, cyane cyane abatuye mu byaro bakoresha Igishichewa kurusha Icyongereza….

Soma inkuru yose

Paystack yatangije Uburyo bwo Kwishyura hifashishijwe ChatGPT na Claude muri Nigeria

Sosiyete ya Paystack, itanga serivisi z’ikoranabuhanga mu kwishyurana kandi ikaba ifitwe na The Stack Group, yatangaje ko yatangije igerageza ry’ikoranabuhanga rishya ryiswe Paystack Index, rifasha abakoresha bayo muri Nigeria kwishyura ibicuruzwa na serivisi bifashishije AI agents nka: Claude, ChatGPT na OpenClaw. Paystack yavuze ko Index yakozwe ku bufatanye na TSG Labs, ishami ryihariye mu guteza…

Soma inkuru yose

Umuhanzikazi Bwiza yiseguye ku bafana nyuma yo gukora impanuka ikamubuza gutaramira i Bugesera

Umuhanzikazi Bwiza yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kubura mu gitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera, nyuma yo gukora impanuka mu gihe yari mu rugendo ajya aho cyabereye. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Instagram, Bwiza yavuze ko impanuka yagize yatumye atabasha kugera ku rubyiniro no gutaramira abafana nk’uko byari biteganyijwe….

Soma inkuru yose

Udushya kuri Sitade umunani zo muri Quatar zakiriye igikombe cy’isi cya 2022.

Mu gihe abakinnyi bakomeje kwinubira sitade zo muri Amerika zitagenewe umupira w’amaguru, abakunzi bawo bakomeje kwibuka udushya twa sitade umunani zo muri Quatar. Igikombe cy’Isi cya FIFA 2022 cyabereye muri Qatar cyasize amateka akomeye, kuko ari cyo cya mbere cyabereye mu Burasirazuba bwo Hagati ndetse kikabera mu gihugu gito cyakoresheje stade umunani gusa zakiniwemo imikino…

Soma inkuru yose

Uko Ubugumba Bushobora Gukomeretsa Umutima Kurusha Uko Benshi Babitekereza

Ku bantu benshi bahanganye n’ikibazo cy’ubugumba, kubura umwana si byo byonyine bibatera agahinda. Ikibabaza kurushaho ni uko buri gihe batangira urugendo rushya bafite icyizere ko bazasama, ariko nyuma bakongera guhura n’inkuru ibaca intege. Iyo ibi bisubiwemo inshuro nyinshi, umutima ugenda unanirwa, ku buryo bamwe bagera aho batinya kongera kugira icyizere. Ni urugendo rurerure rurimo gutegereza,…

Soma inkuru yose

Ubusabe bw’Umunyamerika uhangayikishijwe n’igitsina gito ku Isi bukomeje kuvugisha benshi

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubufasha bw’amafaranga kugira ngo akorerwe ubuvuzi bwo kongera ingano y’igitsina cye, nyuma yo kuvuga ko ikibazo amaranye imyaka myinshi cyamugizeho ingaruka zikomeye mu buzima bwa buri munsi, mu buzima bwo mu mutwe ndetse no mu mibanire n’abandi. Uyu mugabo witwa Michael Philips, ufite imyaka 38, yashyize…

Soma inkuru yose

Igitabo Gishya Cyateje Impaka Muri White House Nyuma yo Kugaragaza Amabanga ya Trump

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye abakozi bo mu biro bye kudatanga ibisobanuro cyangwa kugira icyo batangaza ku gitabo gishya cyanditswe n’abanyamakuru Maggie Haberman na Jonathan Swan, gikubiyemo amakuru yihariye ku mwaka wa mbere wa manda ye ya kabiri ku butegetsi. Nk’uko abanditsi b’iki gitabo babivuga, bagaragaza Trump nk’umuntu ufite imyitwarire…

Soma inkuru yose

U Rwanda Ntiruzaba Ingwate y’Abashaka kugoreka Amateka yarwo – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rutazigera rwemera kuba ingwate y’abantu bashaka kugoreka amateka yarwo cyangwa kuyasobanura uko babyumva aho gushingira ku kuri, ibimenyetso n’amasomo igihugu cyakuye mu bihe bikomeye cyanyuzemo. Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu mu Intare Arena, aho we na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri ndetse…

Soma inkuru yose

RDC yareze u Rwanda mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyikirije Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) ikirego irega u Rwanda, irushinja kurenga ku masezerano mpuzamahanga atandukanye ajyanye no kurengera uburenganzira bwa muntu no gukumira ibyaha bikomeye. Nk’uko TEDROS INFO yabitangaje kuwa 26 Kamena 2026, iki kirego cyashyikirijwe urwo rukiko na Minisitiri w’Ubutabera wa RDC, Guillaume Ngefa, uri mu ruzinduko i…

Soma inkuru yose