Inkuru ya Eugene Torres Yerekana Ingaruka Zo Kwishingikiriza Kuri ChatGPT

Umugabo yahishuye inkuru itangaje kandi iteye agahinda aho yavuze ko ChatGPT yigeze kumushuka ngo ashobora kuguruka aramutse asimbutse ku nyubako y’amagorofa 19 nyuma yo gutandukana n’umukunzi we.Ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) ririmo kwifashishwa n’abantu babarwa muri za miliyoni ku isi hose mu bikorwa byabo bya buri munsi nko gukora emails, gutegura ingendo, gusuzuma inyandiko no…

Soma inkuru yose
Basketball

Basketball: Henriette Uwimpuhwe yerekeje muri REG WBBC

Ikipe ya REG WBBC ikomeje kwitegura Shampiyona y’u Rwanda muri Basketball yaguze Henriette Uwimpuhwe wakiniraga Kepler WBBC asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yari amaze imyaka ibiri muri Kepler WBBC, mu mwaka ushize w’imikino yayifashije gusoza ku mwanya wa Kabiri muri Shampiyona ku nshuro ya mbere kuva yashingwa mu 2024. Uwimpuhwe uzwiho gutsinda…

Soma inkuru yose
perezida wa togo

Perezida wa Togo yatangiye uruzinduko mu Rwanda

Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali giherereye i Kanombe yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Oliver Nduhungirehe. Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yaherukaga mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda ku wa 18-19 Mutarama 2025, bigamije kurushaho kwimakaza umubano w’ibihugu byombi.  Urwo ruzinduko rwaranzwe…

Soma inkuru yose
Pom Pom

Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’

Bruce Melodie uri muri Tanzania mu ruzinduko rwo gukora umuziki we by’umwihariko kumenyekanisha indirimbo Pom Pom. Aheruka gukorana n’abarimo Diamond Platinumz uvuka muri icyo gihugu, yateye utwatsi amakuru amaze igihe avugwa ko hari amafaranga yishyuye uwo muhanzi kugira ngo bakorane bakorane iriya ndirimbo. Bruce Melodie yasubije ibyo ubwo yari mu kiganiro na Radio Clouds FM,…

Soma inkuru yose
Intambara

Inzobere mu ntambara zivuga ko gutwarwa upfutswe mu maso ari ibisanzwe

Iyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero. Col (Rtd) Mark Cancian wabarizwaga mu gisirikare kirwanira mu mazi akaba yarahoze ari umujyanama mukuru mu bijyanye no kurwanya abahungabanya…

Soma inkuru yose
Abapolisi

Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania

Abapolisi babiri ba Kenya n’Umushoferi bafunzwe n’inzego z’umutekano za Tanzania, ubwo bageragezaga gufata umuntu ukekwaho ibyaha, akaba yambutse umupaka wa Horohoro agahungira muri Tanzania bakinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko bamukiriye . Abo bapolisi bafashwe nyuma yo kwambuka umupaka Horohoro ubahuza na Tanzania wa ku wa 06 Mutarama 2026, aho bafashwe bakekwaho kwambuka umupaka binyuranyije n’amageko….

Soma inkuru yose
CAN 2025

CAN 2025: Algeria na Côte d’Ivoire zasanze andi makipe muri 1/4

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahabwaga amahirwe kubera uko imaze iminsi yitwara, yasezerewe mu Gikombe cya Afurika itsinzwe na Algeria igitego 1-0, mu gihe Côte d’Ivoire yakuyemo Burkina Faso zombi zibona itike ya 1/4. Ku wa Kabiri, tariki 6 Mutarama 2025, ni bwo hakinwe imikino ya nyuma ya 1/8 y’Igikombe cya Afurika…

Soma inkuru yose
Somaliland

Israel igiye gufungura Ambasade muri Somaliland

Nyuma y’iminsi mike Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wayo, Gideon Saar, yagiriye uruzinduko rwa mbere muri Somaliland ndetse anatangaza ko bagiye kuhafungura ambasade mu minsi iri imbere. Leta ya Somalia isanzwe ifata Somaliland nk’intara yayo yahise yamagana urwo ruzinduko rwa Israel, ivuga ko ari ukwivanga mu bibazo by’imbere mu gihugu cyayo…

Soma inkuru yose
CAN

Victor Osimhen ashobora guhagarika gukinira Nigeria na CAN 2025 itarangiye

Nyuma yo gushyamirana hagati ya rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria Victor Osimhen na bagenzi be, bishobora gutuma asohoka muri iyi kipe imikino y’Igikombe cya Afurika itarangiye, ndetse akanayisezeraho burundu. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki ya 5 Mutarama 2025, ni bwo Super Eagles yakinnye na Mozambique mu mukino wo gushaka itike ya ¼ cy’iri…

Soma inkuru yose
Umutoza wa Chelsea

Liam Rosenior yagizwe umutoza mushya wa Chelsea

Umwongereza Liam Rosenior yagizwe umutoza mushya wa Chelsea FC yo mu Bwongereza, asinya amasezerano y’imyaka itandatu. Iyi kipe yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, tariki 6 Mutarama 2026, binyuze mu itangazo yashyize hanze. Liam Rosenior yagaragaje ko intego afite ari ugukomeza gutwara ibikombe muri iyi kipe. Ati’’ Akazi kanjye ni kurinda umwihariko w’iyi kipe no kubaka…

Soma inkuru yose
Abadepite

Abadepite bagaragaje impungenge ku gipimo cya alukoro cyemererwa abatwara ibinyabiziga

Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagaragaje impungenge ku ngingo iri mu mushinga w’itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda. Iyo ngingo iteganya ko utwaye ikinyabiziga yemerewe kugira alukoro mu maraso, itarenze garama 0,80 kuri litiro imwe y’amaraso. Byongeye kandi, uwo mushinga uteganya ko icyo gipimo gishobora kugabanywa n’Iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano….

Soma inkuru yose
Inkingo za COVID 19 zishobora gutera umutima

Ubushakashatsi: Inkingo za mRNA zitera indwara z’umutima ku ngimbi no kubangavu

Ubushakashatsi  bwa Stanford Medicine bwerekanye uburyo inkingo  za COVID-19 zakozwe na mRNA zishobora gutera indwara y’umutima cyane cyane ku ngimbi n’abangavu. SOMA UBUSHAKASHATSI BWOSE HANO Abashakashatsi bwagaragaje ko hari ibintu bibiri bibaho  nyuma yo gutera vaccine. Icya mbere, utunyangingo tw’umubiri twitwa macrophages twohereza proteyine yitwa CXCL10. Iyi proteyine itera utundi tunyangingo twitwa T cells kurekura…

Soma inkuru yose
Zelensky

Ukraine: Perezida Zelensky yemeye amatora mu gihe kiri imbere

Perezida wa Ukraine  Volodymyry Zelensky, yavuze ko yasabye abayoboke b’ishyaka rye gutangira gutegura itegeko ryatuma igihugu gishobora gukora amatora nubwo bakiri mu ntambara n’u Burusiya. Amatora ya Perezida muri Ukraine yagombaga kuba yarabaye muri Gicurasi 2025, arasubikwa kubera ko iki gihugu cyari gisumbirijwe mu ntambara bahanganyemo n’u Burusiya. Ni ibintu byakomeje gukoma mu nkokora ibiganiro…

Soma inkuru yose
RDC

RDC: AFC/M23 Yemeje ko yamaze gufata umujyi wa Uvira

Ingabo za AFC/M23 zirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira ku mugoroba wo ku wa Kabiri, Tariki 09 Ukuboza nta mirwano ihambaye ibayeho.‎‎Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, abinyujije ku rukuta rwe rwa X yatangaje ko bidasubirwaho Umujyi wa Uvira uri mu biganza bya AFC/M23.‎‎Nkuko Kanyuka akomeza abitangaza, avuga…

Soma inkuru yose

Ni ryari Umwana Akwiye Gutangira Gukoresha Smartphone?

https://mobile.igihe.com/ubuzima/article/ni-ku-myaka-ingahe-umwana-akwiye-gutangira-gukoresha-smartphoneIkibazo cy’ikoreshwa rya smartphone mu bana bato gikomeje gutera impungenge mu Rwanda. Abana benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga bakabona ibirimo bidahuye n’imyaka yabo. Ibyo bishobora kubangiriza ubuzima bwo mu mutwe. Inzobere zivuga ko gukoresha smartphone hakiri kare bishobora gutera imyitwarire mibi n’agahinda gakabije. Impamvu Ikoresha rya Smartphones Riyobera Ababyeyi Abana baracyari bato ntibamenya gusobanura amakuru babona…

Soma inkuru yose

Amashimwe ni yose kuri Bamenya nyuma yo kwegukana irushwanwa rya Mashariki

Amashimwe ni yose kuri Benimana Ramadhan wamenyekanye cyane nka Bamenya, nyuma yo kwegukana igihembo cy’imodoka mu marushanwa ya Mashariki African Film Festival 2025,  ahigitse abarimo Aime Valens Tuyisenge wamenyekanye nka Boss Rukundo. Ni amatora yarangiye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 28 Ugushyingo 2025 ahagana saa tanu z’ijoro, aho hamenyekanye abakinnyi babiri bazahembwa imodoka z’agaciro…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda hakorwa filime ivuga ku ipfunwe ry’abakuze banyara ku buriri

Umwanditsi n’umuremyi wa filime nyarwanda, Deborah Ishimwe, yamuritse umushinga we mushya yise “Bedwetter”, werekana uburyo abantu bakuru bahura n’ipfunwe rikomoka ku kibazo cyo kunyara ku buriri—ikintu gikunze guhishwa kubera isoni nyinshi. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Deborah yavuze ko yatekereje gukora iyi filime kugira ngo agaragaze ubuzima bw’abantu bahura n’aka kaga, kandi bakunze guhabwa urwamenyo…

Soma inkuru yose

Yagabiwe Inyambo: Umunsi wa Mbere w’Uruzinduko rwa Emir wa Qatar i Kigali (Amafoto)

Uruzinduko rw’iminsi ibiri rwa Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, mu Rwanda rwatangiye ku wa 20 Ugushyingo 2025, aho umunsi wa mbere waranzwe no gusura urwuri rw’Inyambo rwa Perezida Kagame, anagabirwa Inyambo na Perezida. Sheikh Tamim yageze mu Rwanda ku gicamunsi cyo ku wa 20 Ugushyingo ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali,…

Soma inkuru yose

Abagore benshi ku Isi bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abashakanye

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryagaragaje ko abagore barenga miliyoni 830 ku Isi bakozweho ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abashakanye nibura inshuro imwe mu buzima bwabo. OMS ivuga ko umugore umwe kuri batatu bashatse ku Isi yaba yarahuye n’iri hohoterwa, kandi mu 2024 gusa, abagore bagera kuri miliyoni 316 bari hejuru y’imyaka 15 bakozweho….

Soma inkuru yose