M23 na DRC batangaje ko bagiye guhagarika Imirwano.

Share this post

Nyuma yo guhurira i Doha muri Quatar, ubuyobozi bw’inyeshyamba za M23 na Congo (DRC) bwatangaje ko bwemeranyije guhagarika Imirwano bishobora no gutuma bagera ku musozo w’intambara imaze iminsi ibera muri Congo.

Itangazo rihuriweho n’impande zombi rivuga ko ubuyobozi bwa M23 na DRC bwemeranyije guhagarika imirwano aka kanya Kandi bagahaharika n’imvugo z’ubushotoranyi , imvugo z’urwango cyangwa se ni iterabwoba

DRC na M23 bavuze ko biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo bagere ku mahoro arambye byatuma hanabaho irangizwa ry’intambara.

Ibi Ibiganiro byagizwemo urahare na Quatar akaba n’umuhuza w’impande zombi.


Share this post

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *