Whatsapp igiye gukora impinduka zikomeye

Umuyobozi w’ikigo Meta, Mark Zuckerberg yatangaje ko iki kigo cya Whatsapp kigiye gushyiraho uburyo bwo kwinjiriza amafaranga abakoresha uru rubuga rwa Whatsapp. Ibi yabitangaje ku wa 16-06-2025. Abinyujije mu butumwa yashyize kuri Whatsapp channel ye, ikurukiranwa n’abasaga billion, yagize ati: “Turimwigerageza ryo gutangira gahunda nshya, iyi gahunda izafasha abafite Whatsapp channel kubona amafaranga binyuze mu…

Soma inkuru yose

Imirimo igeze kuri 60%: Ibyo wamenya ku nyubako ya Equity Bank igiye guhindura isura ya Kigali

U Rwanda rufite intego yo guhinduka igicumbi cy’imari, nka rumwe mu nzego z’ingenzi zizagira uruhare mu kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi, ibikuye mu ntego z’u Rwanda kugera mu 2050. Icyakora kuba igicumbi cy’imari ntabwo ari ibintu byikora kuko bikenera ibintu byinshi birimo ibikorwaremezo, ubumenyi n’ibindi. Mu cyiciro cy’ibikorwaremezo, inyubako zigezweho ni ingenzi cyane ko u…

Soma inkuru yose