Umwana washimishije abantu! Udushya turikuranga pasika 2025.

Share this post

Ku wa 20 Mata 2025, ni bwo abemera Yesu/Yezu kirisitu (Christ ) bazibuka urupfu ndetse n’izuka ry’umukiza Yesu/Yezu.

Mugihe bitegura kwibuka izuka rya Yesu/ Yezu hari udushya twagiye tugaragara dusa naho tutazibagirana.

Muri iyi nkuru twagukusanyirije utwo dushya.

1) Umwana wagaragaye aririmba mu buryo budasabzwe.

Uyu mwana uririmba muri Chorale “Peur Cantores Mutungu”. Uyu mwana yaharagaye mu mashusho y’iyi Chorale.

2) Umutambagiro wa Yezu-shusho.

Mu karere ka Huye, abaakirisitu baho biyemeje gukora umutambagiro. Ibiboko n’inkoni bikaba bikaba byari birembeje mubari yigize Yezu.

3) Uganda ibisambo by’amanitswe.

Mu gihugu cya Uganda mu buryo bwo kwizihiza pasika bateguye umukino, aho n’abo bakoze umusaraba bakamanika ibisambo bibiri nk’uko byakonzwe ku rupfu rwa Yesu/ Yezu.

4) Pasika ibaye imburagihe.

Mu busanzwe, pasika yabaga mu mpera z’ukwezi kwa Werurwe (3), ariko bitewe n’ingengabihe y’uyu mwaka izaba mu mpera za Mata (4).

Ibi ni bimwe mubirikuranga pasika y’uyu mwaka wa 2025, mukomeze kumererwa neza.


Share this post

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *