PSG yatsinze Bayern Munchen mu mukino w’amateka w’ibitego bishyushye muri ½ cya Champions League
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026, ryasize amateka mashya mu rugamba rwo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions League). Mu mukino ubanza wa kimwe cya kabiri wabereye kuri Parc des Princes, ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yatsinze Bayern Munchen ibitego 5-4, mu mukino wari…
