
Umukoro ku Mavubi mbere y’umukino ukomeye na Bénin
Amarushanwa yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026 ku makipe yo muri Afurika ari kugana ku musozo, aho u Rwanda ruzasoreza uru rugendo mu mikino ibiri izakinwa muri uku kwezi kwa Ukwakira 2025. Iyi mikino izasiga amatsinda asobanutse, mbere y’uko Igikombe cy’Isi kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique mu mpeshyi y’umwaka utaha….