Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere w’umupira w’amaguru ku Isi utunze miliyari y’Amadolari, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Bloomberg.

Nk’uko bigaragara muri Bloomberg Billionaires Index, urutonde rugaragaza abakire bakomeye ku Isi hashingiwe ku mutungo wabo, uyu rutonde rwasuzumye umutungo wa Cristiano Ronaldo, w’imyaka 40, Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal akaba akinira Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite, maze rumushyira mu rwego rw’abaherwe bafite umutungo wa miliyari. Iryo suzuma ryakozwe rigendeye ku mafaranga yinjije mu kazi…

Soma inkuru yose

Imihanda ya Kigali yanditse amateka Chapman yafashije Australia gutwara Zahabu

Umunya-Australia Chapman Brodie yatangaje ko imihanda ya Kigali yari ingorabahizi ku bakinnyi mu gihe Australia yegukana umudali wa Zahabu mu isiganwa rya Team Time Trial Mixed Relay muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025, aho abagabo n’abagore bakinira hamwe nk’ikipe basiganwa n’igihe. Ku wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, Chapman yagaragaje ko iri siganwa ryari rigoye…

Soma inkuru yose

Kigali: David Lappartient yongeye gutorwa kuyobora UCI kugeza 2029

Umufaransa David Lappartient yatorewe kongera kuyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) mu gihe cy’imyaka ine, manda ye nshya izarangira mu 2029. Amatora yabereye mu nama ya 194 ya UCI muri Kigali Convention Centre ku wa Kane, tariki 25 Nzeri 2025, mu gihe Umujyi wa Kigali wakiraga Shampiyona y’Isi y’Amagare yitabiriwe n’ibihugu 108 kuva tariki…

Soma inkuru yose

Mugisha Moïse yasezeye muri Shampiyona y’Isi y’Amagare kubera uburwayi

Mugisha Moïse, wari mu bakinnyi b’u Rwanda bagombaga kwitabira isiganwa ryo mu muhanda [Road Race] mu bagabo muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, yasohotse mu marushanwa nyuma yo gufatwa n’“infection” mu menyo itamwemereraga no kwitoza. Ku wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, byemejwe ko Byukusenge Patrick azamusimbura mu bakinnyi b’u Rwanda bazahagararira igihugu ku Cyumweru, tariki…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yanyuzwe n’ubwitabire bugaragara bw’Abanyarwanda mu gukurikirana Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, ndetse inashimira abakinnyi bamaze kwitwara neza. Ku wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, hateganyijwe icyiciro cya Team Time Trial Mixed Relay (gusiganwa n’ibihe mu makipe avanze y’abagabo n’abagore). Mbere y’uko iryo rushanwa ritangira, Guverinoma yohereje ubutumwa…

Soma inkuru yose

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ku nshuro ya mbere

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ya 2025 akaba ari ku nshuro ya mbere uyu mufaransa ufite amamoko muri Africa atwaye iki gihembo kiruta ibindi ku is. Kuri uyu wa mbere mu gihugu cy’ubufaransa hatangiwe igihembo cya balloon d’or aho cyegukanywe n’umufaransa Ousmane Dembere ukinira Paris Saint- Germain akaba yari ahanganye na Yamini Yamali…

Soma inkuru yose

Amagare: Remco Evenepoel “Imana y’Urumuri rw’Igare” yageze i Kigali n’igare ry’agatangaza

GATEOFWISE.COM Mbere yo gusohoka mu ruganda, Remco Evenepoel, Umunya-Belgique uzwi nk’umwirukanka wa mbere mu gusiganwa ku magare mu nzira ngufi wenyine (Individual Time Trial), yahawe igare ryihariye ryakozwe bihuye neza n’uburyo bwe bwo gutwara no ku byifuzo bye bwite. Ni Specialized S-Works Shiv TT 2025, rimwe mu magare ahenze ku Isi rifite agaciro gasaga 30,000…

Soma inkuru yose

Amagare: Umukinnyi wa mbere ku Isi, Tadej Pogačar, yageze i Kigali kwitabira Shampiyona y’Isi

GATEOFWISE.COM Umunya-Slovenia Tadej Pogačar, umaze igihe ari nimero ya mbere ku rutonde rw’Isi mu gusiganwa ku magare, yageze i Kigali ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 18 Nzeri 2025. Uyu musore w’imyaka 26 aje kwitabira Shampiyona y’Isi izabera mu Rwanda ku wa 21-28 Nzeri, ikaba ari ubwa mbere ibereye muri Afurika. Pogačar asanzwe…

Soma inkuru yose

Kigali yiteguye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare: Abakinnyi 917 baturutse mu bihugu 110, abantu barenga miliyoni 330 ku Isi biteganyijwe kuyikurikirana

GATEOFWISE.COM Abatuye Isi barenga miliyoni 330 biteganyijwe ko bazakurikira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izabera i Kigali, bikaba ari bwo bwa mbere iri siganwa rikomeye ribereye muri Afurika. Uyu ni umwanya w’amateka u Rwanda rugiye kubona kuko ruri mu murongo w’ibihugu bike byahawe icyizere cyo kwakira igikorwa mpuzamahanga cy’uru rwego. Imyiteguro iri kugana ku…

Soma inkuru yose
SHEMA Fabrice muri FERWAFA

Shema Fabrice agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Ibi byatangajwe n’iyi kipe y’Umujyi wa Kigali abereye Umuyobozi mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya tariki ya 18 Nyakanga 2025. Iyi kipe yavuze ko Shema Fabrice n’itsinda bazakorana bazatanga ku mugaragaro kandidatire zabo…

Soma inkuru yose
Lamin Yamar

Lamine Yamal yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga

Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga, nyuma yo kwishyura abafite ubumuga bw’ubugufi ngo abifashishe yishimisha mu birori by’isabukuru ye. Ku Cyumweru, tariki ya 13 Nyakanga 2025, ni bwo Lamine Yamal yizihije isabukuru y’imyaka 18, atumira inshuti ze mu munsi mukuru wo kwishimira ibyo yagezeho. Mu kurushaho kunezerwa no kunezeza bagenzi…

Soma inkuru yose
Diogo Jota

Ni Ubumuntu! Liverpool izakomeza kwishyura umushahara wa Diogo Jota

Ubuyobozi bw’ikipe ya Liverpool, bwatangaje ko buzakomeza guha umushahara umuryango wa Diogo Jota mu gihe cy’imyaka ibiri yari asigaje ku masezerano ye nyuma y’uko uyu rutahizamu yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Ku wa kane tariki ya 3 Nyakanga 2025, ni bwo hamenyekanye inkuru yari incamugongo, y’urupfu rwa rutahizamu, Diogo Jota wari kumwe n’umuvandimwe we, André…

Soma inkuru yose
Rayon sport

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi babiri bashya, yongera amasezerano Serumogo

Myugariro Rushema Chris wakiniraga Mukura VS na Tambwe Gregoire uvuye muri Musongati FC y’iwabo i Burundi, basinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri. Ibi byatangajwe n’iyi kipe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Kamena 2025 ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Rushema Chris yari amaze imyaka ibiri muri Mukura VS yagezemo mu 2023 avuye muri Marines…

Soma inkuru yose
Neymar

Neymar yongereye amasezerano muri Santos FC

Neymar Junior yongereye amasezerano y’amezi atandatu muri Santos FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Brésil. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 yasubiye muri iyi kipe muri Mutarama 2025 nyuma yo gutandukana na Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite. Byavugwaga ko Neymar ashobora kuzasubira ku Mugabane w’i Burayi ariko yahisemo kumvira umutima we aguma muri Santos FC. Yagize…

Soma inkuru yose

Omborenga Fitina yikomye Rayon Sports,ahamya ko yahaboneye akarengane

Myugariro w’umunyarwanda Omborenga Fitina, uherutse gusinyira APR FC wavuye muri Rayon Sports, yatangaje ko atazongera kuyikinira kubera ibihe bikomeye yanyuzemo muri iyo kipe, birimo n’ibirego byo kurya ruswa yemeza ko ari ibinyoma byamugizeho ingaruka zikomeye. Omborenga yari yaravuye muri APR FC mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2022/23, ubwo amasezerano ye yarangiraga maze ikipe y’Ingabo ntiyifuza…

Soma inkuru yose

Samuel Eto’o yongeye gujya mu mazi abira

Umuyobozi w’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroon, Samuel Eto’o, ashobora guhagarikwa imyaka itanu mu mupira w’amaguru kubera gukoresha umutungo nabi wa FECAFOOT, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ayoboye. Uyu mugabo muwo yari yafatiwe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ashinjwa ibyaha bijyanye no gutega ndetse na ruswa yakoze mu bihe bitandukanye. Samuel Eto’o yaje kujurira mu rukiko…

Soma inkuru yose

Rayon Sport igiye kugarura Bakame nk’umunyezamu

Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ wabaye umunyezamu ukomeye muri Rayon Sports, yongeye kuyisubiramo nk’umutoza w’abanyezamu mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Rayon Sports FC ikomeje kwiyubaka igerageza kureba uko izitwara neza mu mwaka utaha mu marushanwa y’imbere mu gihugu ndetse na CAF Confederation Cup. Muri iyi myiteguro harimo no gusinyisha abatoza bashya, aho nyuma ya Afahmia Lotfi…

Soma inkuru yose

PSG yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda yatangije irerero i Los Angeles

Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda yatangije ku mugaragaro Irerero ryigisha ruhago mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ibirori byo gufungura ku mugaragaro iri rerero byitabiriwe na Valliere Sheja, ushinzwe itumanaho muri RDB ndetse binitabirwa n’Umunyabigwi wa PSG, Grégory Van…

Soma inkuru yose