Minisitiri Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal baturutse hirya no hino muri Afurika

Minisitiri Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal baturutse hirya no hino muri Afurika Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abafana ba Arsenal yo mu Bwongereza baturutse hirya no hino muri Afurika aho bitabiriye Iserukiramuco rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival 2025. Iri serukiramuco ry’iminsi itatu, ribereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri,…

Read More

Virgil van Dijk yongeye amasezerano muri Liverpool nyuma ya Mohamed Salah anatanga amagambo meza Ku ikipe

Virgil van Dijk usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Liverpool yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri Liverpool azageza muri 2027. Ikipe ya Liverpool kuri uyu wa Kane yatangaje ko Virgil w’imyaka 33 yongeye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe. Aje akurikiye Mohamed Salah nawe waherukaga kongera amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe, aba bombi amasezerano bari bafite…

Read More

Umukino wahuzaga Mukura VS na Rayon Sports urasubitswe bitunguranye

Kuri uyu wa Kabiri,Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 wasubitswe wahuzaga Mukura VS na Rayon Sports kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye wasubitswe nyuma y’iminota 27 kubera amatara yazimye bitunguranye. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’iminota yari imaze gukinwa ariko nanone habayemo guhagarara iminota umunani muri yo dore ko umupira ugenda wakinwe iminota 19 yonyine. Ni…

Read More

Rayon Sports yohereje abatoza b’ikipe y’Abagore gutsinda Mukura

Ikipe ya Rayon sports ifitnye umukino utoroshye n’ikipe ya Mukura Victory Sport kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Mata 2025. Ni umukino wa ½ mu gikombe cy’Amahoro.Gusa nubwo bari kwitegura uyu mukino ukomeye, imbere muri Rayon Sports amakuru avayo ntabwo aryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe, cyane ko abatoza bakuru bayo barimo umunya Brazil Robertinho…

Read More

Rayon Sports yahagaritse abatoza bayo mbere yo kujya i Huye, Ese bafite ubwoba cyangwa ?

Ikipe ya Rayon Sports yitegura gusura Mukura VS mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro, yahagaritse umutoza mukuru Robertinho na Mazimpaka André utoza abanyezamu. Aba bagabo uko ari babiri bahagaritswe hagendewe ku musaruro mucye iyi kipe ifite kuva mu mikino yo kwishyura ya shampiyona aho ku manota 24 amaze gukinirwa mu mikino umunani iheruka, Rayon…

Read More