M.Irene yanyomoje amakuru avuga ko yatandukanye na Vesitine na Dorcas.

M.Irene yanyomoje amakuru avuga ko yatandukanye na Vesitine na Dorcas. Umunyamakuru akaba n’ureberera inyungu z’abahanzi baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana Vesitine na Dorcas yabwiye ikinyamakuru The choice Live ko “Amakuru arigukwirakiwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ‘ko yatandukanye n’abahanzi Vesitine na Dorcas ari ikinyoma cyambaye ubusa!” Ahubwo uyu M.Irene yahise atangaza ko aba bahanzi bagiye gusohora…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Niyobosco yagaragaje ko agiye gusohora indirimbo.

Umuhanzi Niyobosco agiye gusohora indirimbo nshya. Umuhanzi NIYOKWIZERWA Bosco uzwi nka NIYOBOSCO wari umaze igihe adasohora indirimbo yagaragaje ko agiye gushyira hanze indirimbo ye nshya yitwa “Daddy God”. Amaashusho yasangije abamukurikirana ku rubuga rwe rwa Instagram agaragaramo we n’umunyarwenya  umaze kwigarurira imitima y’Abanyarwanda hafi ya bose Dr.Nsabi, uyu Dr Nsabi agaragara arikuroga Niyobosco ariko aka…

Soma inkuru yose

Twaganiriye na Alex, wa mwana uririmba Tenoro! Ku myaka 8 arifuza kuba Padiri.

Ku wa 18 Mata 2025, nibwo amashusho y’uwitwa NSHIMIYIMANA Alexis, Umwana ifite imyaka umunani (8), utuye mu karere ka Burera, mu murenge wa Gitovu, akagari ka Runoga, umudugudu wa Kiraho yakwirakwiye ku mbugankoranyambaga atangajwe n’uwitwa “M.Jean de Paix”. Uyu mwana yagaragaye afite ishyaka ryo kuririmba indirimbo yitwa “Mariya ni umubyeyi”. Nka Gate of Wise twifuje…

Soma inkuru yose

Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champion League.

Umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wa nyuma wa Champion League. Abicishije kuri Instagram, umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wanyuma wa Arsenal. Mu butumwa yageneye HE yagize ati: “Sinigeze nshidikanya ku Mana kuva navuka, nyuma yo kubona Arsenal vs Real Madrid to…

Soma inkuru yose

BOMBORIBOMBORI MURI 1:55 AM. Element na Coach Gael barazira iki?

Umunyamuziki akaba na producer wamamaye nka producer Element wabarizwaga mu nzu y’umukire coach Gael agenda agaragaza ko yamazekwitandukanya n’uyu mukire. Element amaze iminsi atagaragara mu bi-korwa bitandukanye bya 1:55 AM, ibi bikaba bica amarenga yo gusohokamuri iyi nzu, dore ko n’amasezerano ye agiye kugera ku musozo.Muri iya nkuru twabakusanyirije ibimenyetso bitanu (5) byerekana ko Element…

Soma inkuru yose

The Ben yongeye kugaragaza ko ari umwami w’umuziki mu Rwanda.

Umuhanzi MUGISHA Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki w’u Rwanda yegukanye ibihembo bitatu (3) muri bitanu yarahataniye. Ibi ni ibihembo bitangirwa muri Kenya, Nairobi bikaba bihatanirwa n’ibirangirire bya Africa y’uburasirazuba EAEA. Ibihembo The Ben yegukanye birimo igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umwaka mu Rwanda, indirimbo y’umwaka ufite amashusho mu Rwanda (indirimbo iri Kiri album ye) nkaho…

Soma inkuru yose