“Uri inzozi ndota kugeza bukeye” Umunyarwenya Etienne yifurije umugore we Josiane isabukuru mu buryo bwakoze benshi ku mutima.

Umunyarwenya nyarwanda Iryamukuru Etienne yagaragaje amarangamutima akomeye akunda umugore we Uwizeyimana Josiane, amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko mu butumwa bwuje urukundo yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Mu butumwa yanyujije kuri Instagram kuri uyu wa 15 Gicurasi, Etienne yavuze ko Josiane ari umuntu ukomeye mu buzima bwe ndetse amusobanurira urukundo amufitiye mu magambo yuje imitoma. Yagize ati:…

Soma inkuru yose

BK pro league yatangaje uko igikombe cya Shampiyona y’ u Rwanda 2025/2026 kizatangwa.

Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, BK Pro League, rwatangaje uko ibikombe bya shampiyona ya 2025/2026 bizatangwa, nyuma y’impaka zari zimaze iminsi zivugwa kubera amakipe yo muri Sudani ari gukina muri iyi shampiyona. Mu itangazo ryashyizwe hanze na BK Pro League, yavuze ko ikipe izarangiza iri ku mwanya wa mbere muri rusange izahabwa…

Soma inkuru yose

FC Barcelona yatwaye igikombe habura imikino 5 itsinze Real Madrid.

Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 2-0 kuri iki Cyumweru tariki 10 Gicurasi 2026, mu mukino wabereye muri Espagne kuri sitade ya Barcelona ( Spotify Campoun). Yaragaje imbaraga n’umukino mwiza wayifashije kurusha mukeba wayo wa kera . Ibikesheje imikinire myiza n’ubufatanye bw’abakinnyi bayo. Ikipe ya Barcelona yongeye kwerekana ubushongore…

Soma inkuru yose

Davido agiye gushyirwa mu banyamuziki bakoze amateka ku Isi

Umuziki wa Afurika ukomeje kugenda waguka no kumenyekana ku rwego mpuzamahanga, cyane cyane binyuze mu bahanzi bakomeje gukora ibikorwa bihindura amateka y’umuziki ku Isi. Muri urwo rugendo, umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, agiye kongera gukora amateka nyuma yo gutangazwa mu bazahabwa icyubahiro muri Black Music and Entertainment Walk of Fame yo muri Leta Zunze Ubumwe…

Soma inkuru yose

Davido yamaze gutangazwa mu bazashimirwa muri Amerika.

Davido wateje imbere Ndetse akanadika amateka akomeye muri Afrobeats ku ruhando rw’afurika ndetse no kuruhando mpuzamahanga agiye guhabwa inyenyeri y’abanyabigwi bagize uruhare mu guteza imbere umuco w’abirabura. Davido yumviswe na miliyari eshanu ku mbuga zicururizwaho imiziki. Amashusho y’indirimbo yasakaje kuri Youtube yarebwe n’abarenga miliyari 1.2. Mu 2023 byatumye ahita aba umunyafurika wa mbere wumviswe cyane…

Soma inkuru yose
gate of wise

Bwa mbere muri Africa umusifuzi agiye gukoresha Camera ihambaye.

Mu mukino ukomeye wa Derby yo muri Morocco uzahuza Wydad Athletic Club na Raja Club Athletic, hitezwe ikoreshwa bwa mbere rya kamera ya “Body Camera” izambarwa n’umusifuzi wo hagati. Ni umukino uzaba kuwa Gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026 ukabera kuri sitade Muhammad V saa 7:00 PM zo mu Rwanda bikaba 8:00 PM zo muri Morroco. Ni uburyo bushya bugamije kuzamura…

Soma inkuru yose

PSG igeze k’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League yikurikiranya.

Tariki 6 Gicurasi 2026, Bayern Munich yanganyirije iwayo na Paris Saint Germain (PSG) igitego 1-1. Isezererwa ku giteranyo cy’ibitego 7-5. Ni umukino wabereye kuri sitade Allianz Arena. Mu mukino wari utegerejwe na benshi ku mugabane w’u Burayi, Paris Saint-Germain yatsinze Bayern Munich mu mukino waranzwe n’ishyaka, ubuhanga ndetse n’udushya twinshi twagaragaye ku mpande zombi. Ikipe…

Soma inkuru yose

Arsenal k’umukino wa nyuma wa UEFA Champions League nyuma y’imyaka 20.

Mu ijoro rya tariki 5 Gicurasi 2026, Arsenal F.C yatsinze Atlético Madrid igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa ½ cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo k’umugabane w’Uburayi(UEFAChampionsLeague) mu mukino wabereye mu Bwongereza. Ni Mu gihe umukino ubanza wabereye muri Esipanye wari warangiye ari igitego 1-1. Igice cya mbere cyaranzwe no gusatirana, Arsenal igaragaza imbaraga mu…

Soma inkuru yose

PSG yatsinze Bayern Munchen mu mukino w’amateka w’ibitego bishyushye muri ½ cya Champions League

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 28 Mata 2026, ryasize amateka mashya mu rugamba rwo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions League). Mu mukino ubanza wa kimwe cya kabiri wabereye kuri Parc des Princes, ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yatsinze Bayern Munchen ibitego 5-4, mu mukino wari…

Soma inkuru yose
Basketball

Basketball: Henriette Uwimpuhwe yerekeje muri REG WBBC

Ikipe ya REG WBBC ikomeje kwitegura Shampiyona y’u Rwanda muri Basketball yaguze Henriette Uwimpuhwe wakiniraga Kepler WBBC asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yari amaze imyaka ibiri muri Kepler WBBC, mu mwaka ushize w’imikino yayifashije gusoza ku mwanya wa Kabiri muri Shampiyona ku nshuro ya mbere kuva yashingwa mu 2024. Uwimpuhwe uzwiho gutsinda…

Soma inkuru yose

Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere w’umupira w’amaguru ku Isi utunze miliyari y’Amadolari, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Bloomberg.

Nk’uko bigaragara muri Bloomberg Billionaires Index, urutonde rugaragaza abakire bakomeye ku Isi hashingiwe ku mutungo wabo, uyu rutonde rwasuzumye umutungo wa Cristiano Ronaldo, w’imyaka 40, Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal akaba akinira Al-Nassr yo muri Arabie Saoudite, maze rumushyira mu rwego rw’abaherwe bafite umutungo wa miliyari. Iryo suzuma ryakozwe rigendeye ku mafaranga yinjije mu kazi…

Soma inkuru yose

Imihanda ya Kigali yanditse amateka Chapman yafashije Australia gutwara Zahabu

Umunya-Australia Chapman Brodie yatangaje ko imihanda ya Kigali yari ingorabahizi ku bakinnyi mu gihe Australia yegukana umudali wa Zahabu mu isiganwa rya Team Time Trial Mixed Relay muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025, aho abagabo n’abagore bakinira hamwe nk’ikipe basiganwa n’igihe. Ku wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, Chapman yagaragaje ko iri siganwa ryari rigoye…

Soma inkuru yose

Kigali: David Lappartient yongeye gutorwa kuyobora UCI kugeza 2029

Umufaransa David Lappartient yatorewe kongera kuyobora Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) mu gihe cy’imyaka ine, manda ye nshya izarangira mu 2029. Amatora yabereye mu nama ya 194 ya UCI muri Kigali Convention Centre ku wa Kane, tariki 25 Nzeri 2025, mu gihe Umujyi wa Kigali wakiraga Shampiyona y’Isi y’Amagare yitabiriwe n’ibihugu 108 kuva tariki…

Soma inkuru yose

Mugisha Moïse yasezeye muri Shampiyona y’Isi y’Amagare kubera uburwayi

Mugisha Moïse, wari mu bakinnyi b’u Rwanda bagombaga kwitabira isiganwa ryo mu muhanda [Road Race] mu bagabo muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, yasohotse mu marushanwa nyuma yo gufatwa n’“infection” mu menyo itamwemereraga no kwitoza. Ku wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, byemejwe ko Byukusenge Patrick azamusimbura mu bakinnyi b’u Rwanda bazahagararira igihugu ku Cyumweru, tariki…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yanyuzwe n’ubwitabire bugaragara bw’Abanyarwanda mu gukurikirana Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, ndetse inashimira abakinnyi bamaze kwitwara neza. Ku wa Gatatu, tariki ya 24 Nzeri 2025, hateganyijwe icyiciro cya Team Time Trial Mixed Relay (gusiganwa n’ibihe mu makipe avanze y’abagabo n’abagore). Mbere y’uko iryo rushanwa ritangira, Guverinoma yohereje ubutumwa…

Soma inkuru yose

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ku nshuro ya mbere

Umufaransa Ousmane Dembere niwe wegukanye Ballon d’or ya 2025 akaba ari ku nshuro ya mbere uyu mufaransa ufite amamoko muri Africa atwaye iki gihembo kiruta ibindi ku is. Kuri uyu wa mbere mu gihugu cy’ubufaransa hatangiwe igihembo cya balloon d’or aho cyegukanywe n’umufaransa Ousmane Dembere ukinira Paris Saint- Germain akaba yari ahanganye na Yamini Yamali…

Soma inkuru yose

Amagare: Remco Evenepoel “Imana y’Urumuri rw’Igare” yageze i Kigali n’igare ry’agatangaza

GATEOFWISE.COM Mbere yo gusohoka mu ruganda, Remco Evenepoel, Umunya-Belgique uzwi nk’umwirukanka wa mbere mu gusiganwa ku magare mu nzira ngufi wenyine (Individual Time Trial), yahawe igare ryihariye ryakozwe bihuye neza n’uburyo bwe bwo gutwara no ku byifuzo bye bwite. Ni Specialized S-Works Shiv TT 2025, rimwe mu magare ahenze ku Isi rifite agaciro gasaga 30,000…

Soma inkuru yose

Amagare: Umukinnyi wa mbere ku Isi, Tadej Pogačar, yageze i Kigali kwitabira Shampiyona y’Isi

GATEOFWISE.COM Umunya-Slovenia Tadej Pogačar, umaze igihe ari nimero ya mbere ku rutonde rw’Isi mu gusiganwa ku magare, yageze i Kigali ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 18 Nzeri 2025. Uyu musore w’imyaka 26 aje kwitabira Shampiyona y’Isi izabera mu Rwanda ku wa 21-28 Nzeri, ikaba ari ubwa mbere ibereye muri Afurika. Pogačar asanzwe…

Soma inkuru yose

Kigali yiteguye kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare: Abakinnyi 917 baturutse mu bihugu 110, abantu barenga miliyoni 330 ku Isi biteganyijwe kuyikurikirana

GATEOFWISE.COM Abatuye Isi barenga miliyoni 330 biteganyijwe ko bazakurikira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izabera i Kigali, bikaba ari bwo bwa mbere iri siganwa rikomeye ribereye muri Afurika. Uyu ni umwanya w’amateka u Rwanda rugiye kubona kuko ruri mu murongo w’ibihugu bike byahawe icyizere cyo kwakira igikorwa mpuzamahanga cy’uru rwego. Imyiteguro iri kugana ku…

Soma inkuru yose
SHEMA Fabrice muri FERWAFA

Shema Fabrice agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Ibi byatangajwe n’iyi kipe y’Umujyi wa Kigali abereye Umuyobozi mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya tariki ya 18 Nyakanga 2025. Iyi kipe yavuze ko Shema Fabrice n’itsinda bazakorana bazatanga ku mugaragaro kandidatire zabo…

Soma inkuru yose
Lamin Yamar

Lamine Yamal yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga

Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga, nyuma yo kwishyura abafite ubumuga bw’ubugufi ngo abifashishe yishimisha mu birori by’isabukuru ye. Ku Cyumweru, tariki ya 13 Nyakanga 2025, ni bwo Lamine Yamal yizihije isabukuru y’imyaka 18, atumira inshuti ze mu munsi mukuru wo kwishimira ibyo yagezeho. Mu kurushaho kunezerwa no kunezeza bagenzi…

Soma inkuru yose
Diogo Jota

Ni Ubumuntu! Liverpool izakomeza kwishyura umushahara wa Diogo Jota

Ubuyobozi bw’ikipe ya Liverpool, bwatangaje ko buzakomeza guha umushahara umuryango wa Diogo Jota mu gihe cy’imyaka ibiri yari asigaje ku masezerano ye nyuma y’uko uyu rutahizamu yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Ku wa kane tariki ya 3 Nyakanga 2025, ni bwo hamenyekanye inkuru yari incamugongo, y’urupfu rwa rutahizamu, Diogo Jota wari kumwe n’umuvandimwe we, André…

Soma inkuru yose
Rayon sport

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi babiri bashya, yongera amasezerano Serumogo

Myugariro Rushema Chris wakiniraga Mukura VS na Tambwe Gregoire uvuye muri Musongati FC y’iwabo i Burundi, basinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri. Ibi byatangajwe n’iyi kipe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Kamena 2025 ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Rushema Chris yari amaze imyaka ibiri muri Mukura VS yagezemo mu 2023 avuye muri Marines…

Soma inkuru yose
Neymar

Neymar yongereye amasezerano muri Santos FC

Neymar Junior yongereye amasezerano y’amezi atandatu muri Santos FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Brésil. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 yasubiye muri iyi kipe muri Mutarama 2025 nyuma yo gutandukana na Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite. Byavugwaga ko Neymar ashobora kuzasubira ku Mugabane w’i Burayi ariko yahisemo kumvira umutima we aguma muri Santos FC. Yagize…

Soma inkuru yose

Omborenga Fitina yikomye Rayon Sports,ahamya ko yahaboneye akarengane

Myugariro w’umunyarwanda Omborenga Fitina, uherutse gusinyira APR FC wavuye muri Rayon Sports, yatangaje ko atazongera kuyikinira kubera ibihe bikomeye yanyuzemo muri iyo kipe, birimo n’ibirego byo kurya ruswa yemeza ko ari ibinyoma byamugizeho ingaruka zikomeye. Omborenga yari yaravuye muri APR FC mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2022/23, ubwo amasezerano ye yarangiraga maze ikipe y’Ingabo ntiyifuza…

Soma inkuru yose

Samuel Eto’o yongeye gujya mu mazi abira

Umuyobozi w’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroon, Samuel Eto’o, ashobora guhagarikwa imyaka itanu mu mupira w’amaguru kubera gukoresha umutungo nabi wa FECAFOOT, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ayoboye. Uyu mugabo muwo yari yafatiwe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ashinjwa ibyaha bijyanye no gutega ndetse na ruswa yakoze mu bihe bitandukanye. Samuel Eto’o yaje kujurira mu rukiko…

Soma inkuru yose

Rayon Sport igiye kugarura Bakame nk’umunyezamu

Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ wabaye umunyezamu ukomeye muri Rayon Sports, yongeye kuyisubiramo nk’umutoza w’abanyezamu mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Rayon Sports FC ikomeje kwiyubaka igerageza kureba uko izitwara neza mu mwaka utaha mu marushanwa y’imbere mu gihugu ndetse na CAF Confederation Cup. Muri iyi myiteguro harimo no gusinyisha abatoza bashya, aho nyuma ya Afahmia Lotfi…

Soma inkuru yose

PSG yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda yatangije irerero i Los Angeles

Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda yatangije ku mugaragaro Irerero ryigisha ruhago mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California. Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ibirori byo gufungura ku mugaragaro iri rerero byitabiriwe na Valliere Sheja, ushinzwe itumanaho muri RDB ndetse binitabirwa n’Umunyabigwi wa PSG, Grégory Van…

Soma inkuru yose

APR FC yatandukanye n’abakinnyi batandatu

Ubuyobozi bw’ikipe y’Ingabo, bwatangaje ko iyi kipe itazakomezanya n’abakinnyi batandatu barimo Victor Mbaoma na Taddeo Lwanga. Mbere yo kwinjiza abakinnyi bashya, APR FC, yatangiye gutandukana n’abo itazakomezanya na bo. Ikipe y’Ingabo ibicishije ku rukuta rwa X, yatangaje ko yatandukanye n’abakinnyi batandatu. Aba barimo Taddeo Lwanga, Victor Mbaoma, Ndayishimiye Dieudonne, Kwitonda Alain Bacca, Nshimirimana Ismail Pitchou…

Soma inkuru yose

M23/AFC yahaye gasopo ingabo z’Abarundi

Umuyobozi w’Umutwe wa M23 mu rwego rwa Politiki, Bertrand Bisiimwa, yaburiye Ingabo z’u Burundi ziri muri RDC ko zikwiriye gutaha, azibutsa ko iyo abantu barwanira uburenganzira bwabo, nta kintu na kimwe cyo guhomba baba bafite. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru ku Cyumweru mu Mujyi wa Goma, cyagarutse ku ishusho rusange y’ibice M23 imaze gufata kuva…

Soma inkuru yose

Lamine Yamal agiye guhabwa nimero ya Messi

Umukinnyi ukiri muto w’Umunyasipanye, Lamine Yamal, aravugwaho kuzahabwa nimero y’icyamamare Lionel Messi muri FC Barcelona, nyuma yo kugirana amasezerano mashya y’igihe kirekire n’iyi kipe. Amakuru atangazwa n’urubuga Memorabilia1899.co aravuga ko Yamal, ufite imyaka 17, azashyira umukono ku masezerano mashya azamara igihe kirekire muri Nyakanga ubwo azaba yujuje imyaka 18. Ayo masezerano azaba arimo ingingo yo…

Soma inkuru yose

Umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzakomereza ku munota wari ugezeho

Komisiyo y’Amarushanwa mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FEWAFA) yanzuye ko umukino Bugesera FC na Rayon Sports wahagaze utarangiye kubera umutekano muke, uzongera gukinwa ku wa Gatatu ugakomereza ku munota wa 57 wari ugezeho. Uyu mukino w’Umunsi wa 28 wa Shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 2025. Umukino…

Soma inkuru yose

Basketball: U Rwanda mu itsinda rikomeye mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagabo yisanze mu itsinda rya Gatatu hamwe na Nigeria, Guinea na Tunisia mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2027 iteganyijwe mu kwezi k’Ugushyingo 2025. Tombola igaragaza uko amakipe azahura mu matsinda yabaye ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi 2025, muri Al Hazm Mall i Doha…

Soma inkuru yose

Amafoto: Dore ibitego byiza APR inyagiye Rayon sport.

APR FC yahiritse Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro urugendo rw’imyaka 8 rurahagarara. APR FC yahiritse Rayon Sports yegukana igikombe cy’Amahoro urugendo rw’imyaka 8 rurahagarara APR FC yatsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro ihita yegukana iki gikombe cya 2025 ku nshuro cya 14 nyuma y’imyaka 8 itazi uko gisa. Ni mu mukino wakinwe…

Soma inkuru yose