Imyanya 9 y’akazi ko gutwara imodoka muri TTL

Akazi ko gutwara imodoka
Yisangize abandi

Itangazo ry’Akazi: Abashoferi 9 

TTL Travel Ltd, sosiyete ikodesha imodoka ndetse ikora na Taxis ikorera mu karere ka Nyarugenge, irifuza gukoresha abashoferi icyenda (9) bafite uburambe mu gutwara taxi cab.
Ibisabwa:

Drivers

  • Uburambe mu gutwara imodoka na taxi cab nibura bw’umyaka 3
  • Uruhushya rwo gutwara imodoka rukiri ku gihe.
  •  Kuba afite ubuzima bwiza ku mubiri no mu mutwe kandi ashoboye gukora amasaha yose
  • Kumenya neza imihanda ya Kigali.
  • Kwerekana icyangombwa kigaragaza ko ari ingaragu cyangwa yarashatse.
  • Imyitwarire inoze kandi y’umwuga.

Icyitonderwa:

Abatoranyijwe bazasabwa gutanga amafaranga y’ubwishingizi (caution) mbere yo guhabwa ikinyabiziga azasubizwa nyuma y’igihe runaka cy’akazi karamutse karangiye.

  • CV ivuguruye
  • Ibaruwa isaba akazi
  • Kopi y’impushya yo gutwara (permit)
  • Indangamuntu
  • kuba indakemwa mu Mico no mumyifatire
  • ?kuba uri hagati y imyaka 25 na 50 
  • ?kuba byibuze warasoje amashuri secondary school 
  • Icyemezo cyerekana niba ari ingaragu cyangwa yarashatse

Ibisabwa ku Mukandida 

  • Kuba afite permis de conduire y’icyiciro cya B cyangwa C ishobora gukoreshwa mu Rwanda.
  • Kuba ari ari hagati y’imyaka 30-55
  • Kuba afite uburambe bwo gutwara imodoka nibura imyaka 3.
  • Kuba azi gusoma no kwandika (mu Kinyarwanda, Icyongereza ni inyongera).
  • Kuba umunyamwuga, wubahiriza amasaha kandi w’umunyakuri.
  • Kuba afite isuku ku giti cye no ku modoka atwara.
  • Kuba witeguye gukora mu masaha atandukanye, harimo na weekend cyangwa nijoro bitewe n’ibikenewe.

Ibyiza Byiyongera 

  • Kuba yarakoreye muri transport/taxi company mbere.
  • Ubumenyi bw’ibanze mu bijyanye no gusuzuma/gukemura ibibazo by’imodoka (mechanical knowledge) ni inyongera.

Uko wasaba:

  • Ibaruwa isaba akazi
  • CV
  • Kopi y’impushya yo gutwara (permit)
  • Indangamuntu
  • ?kuba byibuze warize kaminuza
  • Icyemezo cyerekana niba ari ingaragu cyangwa yarashatse
  • Impamyabumenyi ( Bitewe nicyiciro urimo)

Abujuje ibisabwa basabwe kohereza inyandiko zikurikira kuri email ndetse no kubindi
bisobanuro [email protected]

Itariki ntarengwa in 25/09/2025: Dosiye zizagenda zisuzumwa uko zaje, bityo ni byiza ko watanga ubusabe hakiri kare.

Jya muri TTL Travel Ltd wiyongere ku itsinda ry’abakozi b’umwuga batanga serivisi zizewe kandi inoze mu Rwanda.

Murakoze,

Kwiga muri Kaminuza

Yisangize abandi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *