Uganda: Umwuzure Wahagaritse Ibikorwa byo Kwiyamamaza kwa Bobi Wine

Robert Kyagulanyi, uzwi cyane nka Bobi Wine, yagowe no gukomeza ibikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu turere twa Otuke na Alebtong kuri uyu wa 28 Ukwakira 2025, kubera umwuzure ukomeye. Abanyamuryango b’ishyaka National Unity Platform (NUP), riyoborwa na Bobi Wine, bagaragaye bagerageza kunyura mu mazi yari yarengeye umuhanda, bamwe bakuramo inkweto kugira ngo…

Soma inkuru yose

Sénégal: Inteko Ishinga Amategeko Yanze Ubusabe bwo Kuburanisha Macky Sall

Inteko Ishinga Amategeko ya Sénégal yatesheje agaciro ubusabe bwo kuburanisha Macky Sall, wahoze ayobora iki gihugu kuva mu 2012 kugeza mu 2024. Ubu busabe bwari bwatanzwe ku wa 15 Mata 2025 n’umudepite Guy Marius Sagna, wo mu ishyaka Pastef riri ku butegetsi, wamushinjaga ubugambanyi bukomeye. Sagna yavugaga ko raporo y’ubugenzuzi yagaragaje ko ubwo Macky Sall…

Soma inkuru yose

Uburyo Akarere kaba Umusemburo w’Icyerekezo n’Iterambere Twifuza

Ubwanditsi: Nyirindekwe Pierre Claver – Umukozi mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere (RGB), Umujyanama mu Nama Njyanama y’Akarere ka Gatsibo, akaba na Perezida wa Komisiyo y’Imiyoborere Myiza Mu Rwanda, Akarere ni urwego rw’ingenzi mu kubaka igihugu gitekanye, giteye imbere kandi gifite abaturage bishimira serivisi bahawe ndetse bagira uruhare mu bibakorerwa. Iyo tuvuga iterambere ry’igihugu, tugomba guhera…

Soma inkuru yose

Abakekwaho kwiba Inzu Ndangamurage ya Louvre batawe muri yombi

Abantu bakekwaho kwiba ibikoresho by’agaciro muri Nzu Ndangamurage ya Louvre i Paris batawe muri yombi n’inzego z’Ubutabera, nyuma y’icyumweru kimwe habaye ubu bujura bwatunguranye kubera ubuhanga n’umuvuduko bwakoranywe. Umushinjacyaha Laure Beccuau yatangaje ko abagenzacyaha b’inzobere mu kurwanya ubujura bukomeye ari bo bafashe abo bakekwa, mu ijoro ryo ku wa 24 Ukwakira 2025. Nk’uko byatangajwe na…

Soma inkuru yose

Abakekwaho kwiba Inzu Ndangamurage ya Louvre batawe muri yombi

Abantu bakekwaho kwiba ibikoresho by’agaciro muri Nzu Ndangamurage ya Louvre i Paris batawe muri yombi n’inzego z’Ubutabera, nyuma y’icyumweru kimwe habaye ubu bujura bwatunguranye kubera ubuhanga n’umuvuduko bwakoranywe. Umushinjacyaha Laure Beccuau yatangaje ko abagenzacyaha b’inzobere mu kurwanya ubujura bukomeye ari bo bafashe abo bakekwa, mu ijoro ryo ku wa 24 Ukwakira 2025. Nk’uko byatangajwe na…

Soma inkuru yose

Ingabo za Israel zishinjwa kwica abantu 93 kuva agahenge katangira muri Gaza

Minisiteri y’Ubuzima ya Palestina yatangaje ko kuva ku wa 11 Ukwakira 2025, ubwo agahenge hagati ya Israel na Hamas katangira kubahirizwa, ingabo za Israel zimaze kwica abantu 93 mu ntara ya Gaza, naho abagera kuri 324 bagakomereka. Iyi Minisiteri ibitangaje ku wa 25 Ukwakira 2025, nyuma y’aho mu masaha 48 ashize habaye igitero cya Israel…

Soma inkuru yose

Kamala Harris ashobora kongera guhatanira kuyobora Amerika mu 2028

Kamala Harris, wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ashobora kongera guhatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka wa 2028. Mu kiganiro yagiranye na BBC, uyu munyapolitiki wo mu Ishyaka ry’Aba-Démocrates yavuze ko yizera ko umunsi umwe Amerika izagira Perezida w’umugore, kandi ko bishoboka ko yaba ari we….

Soma inkuru yose

Venezuela ikomeje gushya ubwoba, yiteguye intambara na Amerika isaha n’isaha

Venezuela yatangaje ko iri mu bihe bikomeye by’ubwoba, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje ibikorwa bya gisirikare hafi y’inkengero zayo, mu rwego Perezida Donald Trump avuga ko ari urwo “kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge”. Tarek William Saab, Intumwa Nkuru ya Leta muri Venezuela, yatangaje ku Cyumweru ko igihugu cye gihangayikishijwe bikomeye n’imigambi ya Trump yo…

Soma inkuru yose

Amerika ikomeje kohereza amato y’intambara hafi ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kohereza ubwato bw’intambara muri Trinidad and Tobago, ikirwa kiri mu birometero 11 gusa uvuye muri Venezuela, mu gihe umubano w’ibihugu byombi ukomeje kugenda uba mubi hagati y’ubutegetsi bwa Donald Trump na Nicolas Maduro. Ubu bwato, bufite ubushobozi bwo kurasa indege, amato, ndetse no ku butaka hifashishijwe ibisasu bya misile,…

Soma inkuru yose

Amerika yohereje ubwato bw’intambara muri Trinidad and Tobago, hafi ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje ubwato bw’intambara bwa USS Gravely ku birwa bya Trinidad and Tobago, byegereye Venezuela, bivugwa ko bugiye mu myitozo ya gisirikare isanzwe. Ubu bwato bwageze kuri ibi birwa ku wa 26 Ukwakira 2025, bukaba buzwiho kuba bunini kandi bufite intwaro ziremereye, burimo abasirikare barwanira mu mazi ndetse bushobora kwakirwaho indege…

Soma inkuru yose

Umwimukira Amerika yohereje muri Uganda akanga, Liberia yemeye kumwakira

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zageze ku masezerano na Liberia yo kwakira Kilmar Abrego Garcia, Umunya-El Salvador ushinjwa kugira uruhare mu bucuruzi bw’abantu n’abimukira binjira muri Amerika mu buryo bunyuranyije n’amategeko, nyuma y’uko yanze koherezwa muri Uganda. Minisiteri y’Ubutabera ya Amerika yatangaje ko Abrego azoherezwa muri Liberia bitarenze tariki ya 31 Ukwakira 2025….

Soma inkuru yose

Amerika yohereje ubwato bw’intambara muri Trinidad and Tobago, hafi ya Venezuela

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje ubwato bw’intambara ku birwa bya Trinidad and Tobago, hafi y’igihugu cya Venezuela, aho zavuze ko bugiye mu myitozo ya gisirikare isanzwe. Ubu bwato, USS Gravely, bwageze kuri ibi birwa ku wa 26 Ukwakira 2025. Ni kimwe mu bwato bunini bwa Amerika bufite abasirikare barwanira mu mazi, intwaro ziremereye, ndetse…

Soma inkuru yose

Polisi yamusanze muri ‘boot’ y’imodoka, asobanura ko yanekaga umugabo akeka ko amuca inyuma

Mu mujyi wa Salta muri Argentine, haravugwa inkuru itangaje y’umugore w’imyaka 18, wafashwe n’abapolisi ari muri boot (umwanya w’imodoka ubikwamo imizigo) y’imodoka y’umugabo we, nyuma yo kuyijyamo ashaka kumenya niba umugabo we amuca inyuma. Ku wa 25 Ukwakira 2025, uyu mugore ngo yacunze umugabo we atamureba, yinjira muri boot y’imodoka y’umutuku akoresha mu kazi ka…

Soma inkuru yose

Ibibazo n’Amategeko y’Itegeko Rishya ku Serivisi zo Kororoka hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Buvuzi mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gushyiraho itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi, ririmo n’ingingo zigena uburyo bwo gutanga serivisi zifasha kororoka hifashishijwe ikoranabuhanga. Ibi bigamije gufasha abantu bafite ibibazo byo kutabona urubyaro, kandi bishingiye ku mibare igaragaza ko icyifuzo gikomeje kwiyongera mu myaka ya vuba. Imibare y’ingenzi: Ibyemerewe: Ibibujijwe: Ibyemezo bikaze:

Soma inkuru yose

“Nshaka kuzajya mu ijuru” – Museveni asobanura impamvu ahora asaba Abanya-Uganda kuva mu bukene

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko impamvu ahora yingingira abaturage be kuva mu bukene ari uko abifata nk’inshingano yahawe n’Imana, kandi ashaka kuzayisubiza neza igihe izamubaza icyo yakoze ku gihugu cye. Ibi yabigarutseho mu mpera z’icyumweru, ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Majyaruguru ya Uganda, mu gace ka Karamoja, aho yasabye abaturage…

Soma inkuru yose

Umuyaga ukaze wasubitse ingendo z’indege zirenga 100 muri Nouvelle-Zélande

Inkubi y’umuyaga ikaze ifite umuvuduko wa kilometero 155 ku isaha yibasiye Nouvelle-Zélande, ituma ingo zirenga ibihumbi 90 zibura amashanyarazi ndetse ingendo z’indege zirenga 100 zisubikwa. Ku wa 23 Ukwakira 2025, ikigo cy’iteganyagihe cy’iki gihugu cyatangaje ko uyu muyaga uri kugenda usatira igihugu cyose, ukagera mu bice by’amajyepfo n’amajyaruguru, ukaba ushobora kugira ingaruka zikomeye mu mijyi…

Soma inkuru yose

Paris: Inzu ndangamurage ya Louvre yahagaritse imirimo kubera ubujura bwateje impagarara

Inzu ndangamurage ya Louvre Museum iri mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, yahagaritse imirimo kuri iki Cyumweru nyuma y’uko habaye ubujura bwateje impagarara, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Umuco w’u Bufaransa, Rachida Dati. Abinyujije ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), Minisitiri Dati yavuze ko ubwo bujura bwabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ariko nta…

Soma inkuru yose

Inzu ndangamurage ya Louvre yongeye gufungura imiryango nyuma y’ubujura bwaciye ibintu

Inzu ndangamurage ya Louvre yo mu Mujyi wa Paris yongeye gufungura imiryango mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’iminsi itatu yari ifunze kubera ubujura bwakorewe muri bimwe mu bintu by’agaciro byari biyirimo. Umushinjacyaha w’i Paris yatangaje ko ibikoresho byibwe birimo imikufi, amaherena, n’udutako twambarwa bifite agaciro kagereranywa na miliyoni 88 z’amayero (ahwanye na…

Soma inkuru yose