Yacakiwe na polisi nyuma yo guta umwana mu musarani
Byabaye ku wa 09 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Tumba, Akagari ka Cyarwa, Umudugudu wa Kabeza, aho uyu mukobwa yakoraga akazi ko mu rugo. Bamwe mu batuye aho byabereye, babwiye IGIHE ko uyu mukobwa yari asanzwe akora akazi ko kumesera abantu mu ngo zitandukanye, ariko mu minsi mike ishize yari yarabonye akazi ko gukora mu…