
Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champion League.
Umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wa nyuma wa Champion League. Abicishije kuri Instagram, umuhanzi Bull Dogg yasabye HE Paul KAGAME itike yo kuzajya kureba umukino wanyuma wa Arsenal. Mu butumwa yageneye HE yagize ati: “Sinigeze nshidikanya ku Mana kuva navuka, nyuma yo kubona Arsenal vs Real Madrid to…