Uruhare rw’Ikoranabuhanga mu Iterambere ry’Ubuzima bwa Muntu

Mu myaka ya vuba, ikoranabuhanga rikomeje guhindura ubuzima bw’abantu ku buryo bugaragara mu nzego zitandukanye zirimo uburezi, ubucuruzi, ubuvuzi, itumanaho n’imiyoborere. Ikoranabuhanga ntirikiri ikintu cyifashishwa n’ibihugu bikize gusa, ahubwo ryageze no mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere aho rifasha abaturage kubona serivisi byihuse kandi ku giciro gito. Ikoranabuhanga mu itumanaho ni imwe mu nzego zateye…

Soma inkuru yose

Mu buyapani hakozwe imashini nshya ikarabya umuntu mu minota 15 gusa

Mu isi yihuta aho buri munota ufite agaciro, abantu barushaho gushaka uburyo bwo gukora ibintu vuba kandi neza, harimo no kwita ku isuku yabo. Ubuyapani, igihugu kizwi ku udushya n’ikoranabuhanga rihanitse, cyongeye kugaragaza ubushobozi buhambaye mu guhanga igikoresho gishya gishobora guhindura burundu uburyo abantu basukura imibiri yabo. Iyo mashini yiswe Mirai Ningen Sentakuki, yakozwe na…

Soma inkuru yose

Ibigo by’itumanaho muri Afurika bigiye kuzana telefone zigezweho ku giciro cyo hasi mu bihugu birimo n’u Rwanda

Ibigo bitandukanye by’itumanaho bikorera muri Afurika byatangaje gahunda nshya igamije gufasha abaturage batunze make kubona telefone zigezweho, izo telefone zikaba zigomba kugurwa ku giciro kitarenze Amadolari 40 (hafi Frw 58.183). Iyi gahunda izatangirwa mu bihugu bitandatu bya Afurika, birimo u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ethiopia, Nigeria, Tanzania, na Uganda, hagamijwe gukemura ikibazo cy’abantu…

Soma inkuru yose

Digital Trust Seal: Ikirango cyongera icyizere ku bakorera ubucuruzi kuri internet

Mu gihe ubucuruzi n’itangwa rya serivisi bikorwa hifashishijwe internet bikomeje kwiyongera mu Rwanda no ku isi, icyizere n’umutekano w’amakuru bikomeje kuba ingenzi. Ni muri urwo rwego hashyizweho ikirango cya Digital Trust Seal, gihabwa ibigo byujuje ibisabwa mu mutekano n’ubuziranenge bw’ikoranabuhanga bakoresha.Inkuru nyamukuru Digital Trust Seal ni iki ? Digital Trust Seal ni ikirango mpuzamahanga gihabwa…

Soma inkuru yose

Ibihugu 9 bya Afurika byahagaritse ikoreshwa rya ChatGPT n’ubwenge buhangano

Ikoranabuhanga rya ChatGPT, ryakozwe na OpenAI, rikomeje kuba ihurizo ku isi yose, rihangayikisha abategetsi, abanyamategeko, abashakashatsi n’abakoresha internet. Ku mugabane wa Afurika, hari ibihugu byafashe icyemezo cyo guhagarika ikoreshwa ry’iri koranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), ibintu byateje impaka ku birebana n’ubwisanzure bwo kurikoresha, uburyo bwo kurigenzura, ndetse n’ubushobozi bwa Afurika bwo kwinjira mu isoko ry’udushya tw’ikoranabuhanga….

Soma inkuru yose

Apple iri gutegura Siri nshya izajya ikoresha ubwenge buhangano

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Apple kiri gutegura gushyira ahagaragara verisiyo nshya ya Siri izakora nk’umufasha ukoresha ubwenge buhangano (Artificial Intelligence). Iyi verisiyo nshya izatuma Siri ishobora kuganira n’abayikoresha mu buryo busa n’ikiganiro gisanzwe, ikoresheje ijwi cyangwa inyandiko. Biteganyijwe ko Apple izerekana Siri nshya ku wa 8 Kamena mu nama mpuzamahanga y’abakora porogaramu ya Apple izwi nka…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwiyemeje kuba igicumbi cya AI muri Afurika

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangira gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye igamije guteza imbere ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano (AI), hagamijwe guhindura u Rwanda igicumbi cy’iri koranabuhanga muri Afurika, cyane cyane mu nzego z’ubuzima, uburezi n’ubuhinzi. Ibi bikorwa bizashyigikirwa n’inkunga itangwa n’umuryangoBill & Melinda Gates Foundationwatangaje ko uzafasha muri iyi gahunda igamije guteza imbere ikoreshwa…

Soma inkuru yose
perezida wa togo

Perezida wa Togo yatangiye uruzinduko mu Rwanda

Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali giherereye i Kanombe yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Oliver Nduhungirehe. Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yaherukaga mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda ku wa 18-19 Mutarama 2025, bigamije kurushaho kwimakaza umubano w’ibihugu byombi.  Urwo ruzinduko rwaranzwe…

Soma inkuru yose
Intambara

Inzobere mu ntambara zivuga ko gutwarwa upfutswe mu maso ari ibisanzwe

Iyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari bake bakurikiranye iby’iki gitero. Col (Rtd) Mark Cancian wabarizwaga mu gisirikare kirwanira mu mazi akaba yarahoze ari umujyanama mukuru mu bijyanye no kurwanya abahungabanya…

Soma inkuru yose
Abapolisi

Abapolisi babiri ba Kenya bafungiwe muri Tanzania

Abapolisi babiri ba Kenya n’Umushoferi bafunzwe n’inzego z’umutekano za Tanzania, ubwo bageragezaga gufata umuntu ukekwaho ibyaha, akaba yambutse umupaka wa Horohoro agahungira muri Tanzania bakinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko bamukiriye . Abo bapolisi bafashwe nyuma yo kwambuka umupaka Horohoro ubahuza na Tanzania wa ku wa 06 Mutarama 2026, aho bafashwe bakekwaho kwambuka umupaka binyuranyije n’amageko….

Soma inkuru yose
Somaliland

Israel igiye gufungura Ambasade muri Somaliland

Nyuma y’iminsi mike Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wayo, Gideon Saar, yagiriye uruzinduko rwa mbere muri Somaliland ndetse anatangaza ko bagiye kuhafungura ambasade mu minsi iri imbere. Leta ya Somalia isanzwe ifata Somaliland nk’intara yayo yahise yamagana urwo ruzinduko rwa Israel, ivuga ko ari ukwivanga mu bibazo by’imbere mu gihugu cyayo…

Soma inkuru yose
Abadepite

Abadepite bagaragaje impungenge ku gipimo cya alukoro cyemererwa abatwara ibinyabiziga

Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagaragaje impungenge ku ngingo iri mu mushinga w’itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda. Iyo ngingo iteganya ko utwaye ikinyabiziga yemerewe kugira alukoro mu maraso, itarenze garama 0,80 kuri litiro imwe y’amaraso. Byongeye kandi, uwo mushinga uteganya ko icyo gipimo gishobora kugabanywa n’Iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano….

Soma inkuru yose
Inkingo za COVID 19 zishobora gutera umutima

Ubushakashatsi: Inkingo za mRNA zitera indwara z’umutima ku ngimbi no kubangavu

Ubushakashatsi  bwa Stanford Medicine bwerekanye uburyo inkingo  za COVID-19 zakozwe na mRNA zishobora gutera indwara y’umutima cyane cyane ku ngimbi n’abangavu. SOMA UBUSHAKASHATSI BWOSE HANO Abashakashatsi bwagaragaje ko hari ibintu bibiri bibaho  nyuma yo gutera vaccine. Icya mbere, utunyangingo tw’umubiri twitwa macrophages twohereza proteyine yitwa CXCL10. Iyi proteyine itera utundi tunyangingo twitwa T cells kurekura…

Soma inkuru yose
Zelensky

Ukraine: Perezida Zelensky yemeye amatora mu gihe kiri imbere

Perezida wa Ukraine  Volodymyry Zelensky, yavuze ko yasabye abayoboke b’ishyaka rye gutangira gutegura itegeko ryatuma igihugu gishobora gukora amatora nubwo bakiri mu ntambara n’u Burusiya. Amatora ya Perezida muri Ukraine yagombaga kuba yarabaye muri Gicurasi 2025, arasubikwa kubera ko iki gihugu cyari gisumbirijwe mu ntambara bahanganyemo n’u Burusiya. Ni ibintu byakomeje gukoma mu nkokora ibiganiro…

Soma inkuru yose
RDC

RDC: AFC/M23 Yemeje ko yamaze gufata umujyi wa Uvira

Ingabo za AFC/M23 zirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira ku mugoroba wo ku wa Kabiri, Tariki 09 Ukuboza nta mirwano ihambaye ibayeho.‎‎Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, abinyujije ku rukuta rwe rwa X yatangaje ko bidasubirwaho Umujyi wa Uvira uri mu biganza bya AFC/M23.‎‎Nkuko Kanyuka akomeza abitangaza, avuga…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda hakorwa filime ivuga ku ipfunwe ry’abakuze banyara ku buriri

Umwanditsi n’umuremyi wa filime nyarwanda, Deborah Ishimwe, yamuritse umushinga we mushya yise “Bedwetter”, werekana uburyo abantu bakuru bahura n’ipfunwe rikomoka ku kibazo cyo kunyara ku buriri—ikintu gikunze guhishwa kubera isoni nyinshi. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Deborah yavuze ko yatekereje gukora iyi filime kugira ngo agaragaze ubuzima bw’abantu bahura n’aka kaga, kandi bakunze guhabwa urwamenyo…

Soma inkuru yose

Yagabiwe Inyambo: Umunsi wa Mbere w’Uruzinduko rwa Emir wa Qatar i Kigali (Amafoto)

Uruzinduko rw’iminsi ibiri rwa Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, mu Rwanda rwatangiye ku wa 20 Ugushyingo 2025, aho umunsi wa mbere waranzwe no gusura urwuri rw’Inyambo rwa Perezida Kagame, anagabirwa Inyambo na Perezida. Sheikh Tamim yageze mu Rwanda ku gicamunsi cyo ku wa 20 Ugushyingo ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali,…

Soma inkuru yose

Dubai: Impanuka y’indege ya gisirikare y’u Buhinde yahitanye umupilote mu myiyerekanire

Umupilote w’Ingabo z’u Buhinde zirwanira mu kirere (IAF) yahasize ubuzima nyuma y’uko indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa Tejas ikoze impanuka mu gihe yari iri mu myiyerekano ya Dubai Airshow ku wa Gatanu. IAF yemeje iby’iyi mpanuka binyuze ku rubuga X, itangaza ko “ibabajwe bikomeye n’urupfu rw’uyu mupilote, kandi yifatanyije n’umuryango we muri ibi…

Soma inkuru yose

AFC/M23 yavuze ko itazihanganira ibikorwa by’ingabo z’u Burundi bikomeje kwibasira abasivili

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC ryatangaje ko ritazemera na gacye ibikorwa bivugwa ko bikorwa n’ingabo z’u Burundi mu Burasirazuba bwa Congo, birimo no kubuza abaturage amafunguro bikabasiga mu kaga. Umunyamabanga Uhoraho wa AFC/M23, Benjamin Mbonimpa, yabwiye itangazamakuru ko iri huriro riri kurwana ku nyungu z’abaturage b’Abanye-Congo, bityo ko igihugu cyangwa itsinda ryose ririvangamo rizafatwa…

Soma inkuru yose

Kenya irateganya kugeza umuhanda wa gari ya moshi wihuta (SGR) hafi y’umupaka wa Uganda

Perezida wa Kenya, Dr. William Ruto, yatangaje ko kuva muri Mutarama 2025 gahunda yo kongera uburebure bw’umuhanda wa gari ya moshi uva Naivasha ujya Kisumu no kugera i Malaba hafi y’u Rwanda izatangira gushyirwa mu bikorwa. Ibi yabivugiye mu mbwirwaruhame yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko ubwo yagaragazaga uko igihugu gihagaze, avuga ko kimwe mu byo…

Soma inkuru yose