Leta n’abikorera barimo guhuza imbaraga mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kubaka uburezi bushingiye ku ikoranabuhanga, ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera burimo gufatwa nk’inkingi y’ingenzi izafasha kuzamura ireme ry’uburezi. Inzobere zivuga ko ikoranabuhanga rikwiye kuba igikoresho gifasha abarimu n’abanyeshuri, aho kuba ikibasimbura, kandi rigashyirwa mu mashuri nyuma yo gusuzumwa neza. Ibi byagarutsweho mu kiganiro Ed Tech Mondays gitambuka…

Soma inkuru yose

HEC igiye gushyira ku rutonde kaminuza zo mu Rwanda hashingiwe ku bushakashatsi zikora

Inama y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC) yatangaje ko igiye gushyiraho uburyo bushya bwo gutondeka kaminuza n’amashuri makuru bikorera mu Rwanda hashingiwe ku rwego rw’ubushakashatsi zikora, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi no guteza imbere ubushakashatsi bukemura ibibazo byugarije igihugu. Ibi byatangajwe ku wa 21 Gashyantare 2026 mu nama yahuje HEC n’abayobozi b’amashuri makuru na kaminuza, hagamijwe kubamurikira…

Soma inkuru yose
HEC BURUSE

UR NA RP: HEC yagaragaje impamvu gusaba inguzanyo bitari gukunda

Ikigo k’igihugu gishizwe amashuri makuru na za kaminuza Higher Education Council (HEC) cyagaragaje impamvu gusaba ingunzanyo ku banyenyeshuri babaye admitted muri University of Rwanda na Rwanda Polytechnic (RP-Bachelor of Technology) bitari gukunda. Ibi bibaye nyuma yuko HEC iherutse gusohora itangazo rishishikariza abanyeshuri gusaba inguzanyo, aho muri iri tangazo HEC yavugaga ko gusaba inguzanyo bizatangira ku…

Soma inkuru yose