Menya Impamvu Ushobora Kumva Ushaka Kuruma Cyangwa Gukanda Umuntu Ukunda

Hari igihe umuntu areba uwo akunda cyane, yaba umukunzi, umwana cyangwa inshuti ye, akumva ashaka kumuhobera cyane, kumuruma buhoro cyangwa kumukanda amatama. Nubwo bamwe babyibazaho, abahanga bavuga ko ibi ari ibintu bisanzwe biterwa n’imikorere y’ubwonko. Iyi myitwarire izwi muri siyansi nka “cute aggression” cyangwa “dimorphous expression.” Abashakashatsi bavuga ko ibaho igihe umuntu afite ibyishimo cyangwa…

Soma inkuru yose

Abashakanye baba bafite ibyago byinshi byo kurwara ‘Dementia’ kurusha ingaragu

Mu gihe abantu benshi bafata gushaka nk’intambwe ifasha umuntu kugira ubuzima bwiza no kubaho igihe kirekire, ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko hari aho gushyingiranwa bishobora no kugira ingaruka ku buzima bwo mu mutwe, cyane cyane ku ndwara yo kwibagirwa izwi nka Dementia. Ubwo bushakashatsi bwakozwe na Florida State University College of Medicine, bwagaragaje ko abantu bashakanye…

Soma inkuru yose

Senateri Dr Uwamariya yasabye urubyiruko kwitondera icyemezo cyo gushaka

Senateri Dr Uwamariya yasabye urubyiruko kwitondera icyemezo cyo gushakaValentine Uwamariya yavuze ko urubyiruko rugiye gushinga ingo rukwiye kubanza gufata umwanya uhagije wo kumenyana no kuganira ku buzima ruzabamo, aho kwinjira mu rushako rwihuse rudafite imitegurire ihamye. Yabigarutseho mu kiganiro cyatambutse kuri Rwanda Broadcasting Agency ku wa 4 Gicurasi 2026, aho yagaragazaga ko ikibazo cy’itandukana ry’abashakanye…

Soma inkuru yose
Imirimo idahemberwa

Abagabo basabwe gufatanya n’abagore mu gukora imirimo idahemberwa

Abagabo basabwe gutinyuka bagafatanya n’abagore mu gukora imirimo idahemberwa abashakanye bakora mu ngo z’abo kuko bigira uruhare mu iterambere ry’umuryango n’igihugu muri rusange. Mu biganiro byahuje UN Women mu Rwanda n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu nzego z’ubuyobozi bw’ibanze, hagaragajwe ko imirimo idahemberwa igira uruhare mu iterambere ry’umuryango nubwo hari abo usanga batabiha agaciro. Itegeko rigenga…

Soma inkuru yose