U Rwanda Rwanditse Amateka Muri Afurika nyuma yo Guhabwa Icyemezo Mpuzamahanga cya Teleport

Mu gihe ibihugu byinshi ku Isi bikomeje gushora imari mu ikoranabuhanga ryisumbuyeho, u Rwanda rukomeje kwigaragaza nk’imwe mu ngero z’ibihugu bya Afurika biri gutera intambwe igaragara mu rwego rw’ikoranabuhanga ry’isanzure. Ibi byongeye kugaragarira mu cyemezo mpuzamahanga giherutse guhabwa teleport y’u Rwanda, kikaba ari ikimenyetso cyerekana ko ibikorwaremezo by’itumanaho rya satellite byujuje ibisabwa ku rwego mpuzamahanga….

Soma inkuru yose

Kagame yavuze ko u Rwanda rwiteguye gutangira gukoresha ingufu za Nikeleyeri

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwarangije neza icyiciro cya mbere cy’isuzuma ry’ikorwa ry’ingufu za Nikeleyeri ryakozwe na International Atomic Energy Agency, anagaragaza ko igihugu giteganya gutangira gukoresha izi ngufu mu ntangiriro za 2030. Mu gufungura inama mpuzamahanga ya Nuclear Energy Innovation Summit iri kubera i Kigali, Perezida Kagame yavuze ko isuzuma rya IAEA…

Soma inkuru yose
Ubwizigame

Ubwizigame bw’u Rwanda bwitezwe kugera kuri miliyari 2,2$ mu 2026: Icyo bivuze ku muturage

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko byitezwe ko mu 2026 ubwizigame bw’u Rwanda buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,2$ bivuze ko bushobora kwifashishwa mu gutumiza ibicuruzwa hanze mu gihe cy’amezi 4,3. Ikigereranyo cya Minisiteri y’Imari ni uko mu gihe kiri imbere, ni ukuvuga nyuma ya 2026 buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,6$. Mu 2025, ikigereranyo cyari uko buzagabanuka…

Soma inkuru yose