Abacuruzi basabwe kutazamura ibiciro bitwaje izamuka ry’igiciro cya lisansi

Abacuruzi basabwe kutazamura ibiciro bitwaje izamuka ry’igiciro cya lisansi

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yasabye abacuruzi bo mu Rwanda kutazamura ibiciro by’ibicuruzwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bitwaje izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli. Tariki ya 16 Mata, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwazamuye igiciro cya litiro ya lisansi, kigera ku 2938 Frw kivuye ku 2303 Frw, icya mazutu cyo kiguma ku 2205 Frw yari asanzweho kuva tariki ya…

Soma inkuru yose