Rihanna yagaragaye akenyeye ‘echarpe’ bitungura benshi

Rihanna yagaragaye akenyeye ‘echarpe’ bitungura benshi

Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna, yongeye kugaragaza umwihariko mu myambarire ye nyuma yo gufotorerwa i Los Angeles, akenyeye ‘echarpe’ bigatungura benshi. Uyu muco wo kwifubika cyangwa gukenyera uyu mwenda woroshye ku mubiri usanzwe uzwi cyane mu bihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda, cyane cyane mu buzima bwo mu rugo bw’abagore nko gukora amasuku, guteka…

Soma inkuru yose