Harimo Imijyi ine yo muri Afrika! Urutonde rw’imijyi 50 myiza ku Isi yo gusura muri 2026-2050.

Harimo Imijyi ine yo muri Afrika! Urutonde rw’imijyi 50 myiza ku Isi yo gusura muri 2026-2050.

Urutonde rw’imijyi 50 myiza yo gusura ku Isi mu mwaka wa 2026 rwatangajwe, u Bwongereza bukaba bwagaragaje ko bufite imijyi ihagaze neza muri uru rutonde, mu gihe umugane wa Afrika uhagarariwe n’imijyi ine gusa. Uru rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru Time Out gifatanyije na sosiyete ikora ibijyanye n’ingendo yitwa Intrepid Travel, mu bushakashatsi bwiswe “Best Cities of…

Soma inkuru yose
Nyagatare: Huzuye ubusitani bugezweho bwa miliyoni 465 Frw burimo internet y’ubuntu

Nyagatare: Huzuye ubusitani bugezweho bwa miliyoni 465 Frw burimo internet y’ubuntu

I Nyagatare huzuye ubusitani bugezweho bwatwaye miliyoni 465 Frw, buzafasha abagenda uyu mujyi kubona ahantu heza ho kuruhukira. Ubu busitani bwiswe Nyagatare Urban Eco Park, bwujujwe hafi y’ibitaro bya Nyagatare mu gishanga gihari. Bwubatswe ku buso bungana na hegitari eshatu, aho bwatwaye miliyoni 465 Frw. Umuyobozi w’Agateganyo w’Akarere ka Nyagatare, Kakooza Henry, yabwiye IGIHE ko…

Soma inkuru yose